Ku munsi wa Gatandatu wa shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare irimo kubera mu Rwanda, abasiganwa bahagurukiye kuri Kigali Convention Center akaba ari naho bari busoreze nyuma yo gukora intera y’ibilometero 119.3.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igare rikomeje kuryoha! Tujyane mu isiganwa ry’umunsi wa 6 wa shampiyona y’Isi y’amagare (Live)
26 September 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yamaganye umuco mubi wa bamwe mu baganga bagira ubusumbane mu kwita ku barwayi
7 November 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yanenze abaganga bita cyane ku bayobozi bakomeye bakareka ababaye cyane kubera ko baciriritse aho yavuze ko nta munyamwuga ukwiriye gukora ikosa rikomeye nk’iryo.
-
Leta y’ u Rwanda ibereyemo abaturage na ba rwiyemezamirimo miliyari zirenga 4
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo Urwego rw’ Igihugu rw’ Imiyoborere RGB rwashyikirije abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa 12 Ugushyingo yagaragaje ko Leta y’ u Rwanda irimo abaturage miliyari zirenga 2 na ba rwiyemezamirimo izindi 2 zose hamwe zikarenga enye yo mu gihe cy’ imyaka itanu ikurikiranye.
-
U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda iterambere.
-
Minisitiri Nkulikiyinka yashyikirije Minisitiri w’Intebe wa Maurice ubutumwa bwa Perezida Kagame
26 March, by ISIMBI EstellaKu wa 25 Werurwe 2026, Minisitiri w’abakozi ba leta n’umurimo Amb. Christine Nkulikiyinka, yasuye igihugu cya Maurice, yakiriwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Navinchandra Ramgoolam.
-
Inama y’Abaminisitiri yakomoreye imikino y’amahirwe n’imihango yo gusaba no kwiyakira mu bukwe
31 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 31 Gicurasi 2021 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro yafatiwe ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 ndetse ishyira abayobozi batandukanye mu myanya.
Imwe mu myanzuro yo kwirinda Covid-19 yafatiwe muri iyi nama:
Ingendo zirabujijwe guhera saa yine z’ijoro kugeza saa Kumi za mu gitondo.Ibikorwa byemerewe gukora bigomba gufunga saa tatu.
Ingendo zirabujijwe saa Moya kugeza saa kumi mu karere (…) -
"Iki gihugu nimwe mugomba kukirinda"-Perezida Kagame abwira Urubyiruko ku #KWIBOHORA30
4 July 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye urubyiruko rwiganjemo abavutse nyuma y’urugamba rwo Kwibohora, gukorera igihugu kuko arirwo gitezeho amakiriro ndetse yibutsa ko indangagaciro abanyarwanda bafite ubu,ntawe ushobora kuzibambura.
-
Makolo uyobora RwandaAir yagizwe umuyobozi ukomeye ku Isi
5 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIshyirahamwe mpuzamahanga ryo gutwara abantu n’ibintu mu kirere (IATA) ryatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere Umuyobozi wa Rwandair Yvonne Manzi Makolo yatangiye imirimo ye nk’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya IATA mu gihe cy’umwaka umwe.
Ni umwanzuro wafatiwe mu Nteko Rusange ngarukamwaka ya IATA ya 79 yabereye muri Türkiye kuri uyu wa 05 Kamena 2023.
Makolo agiye kuri uyu mwanya w’Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru ya ba Guverinero ba IATA, ari uwa 81, akaba ari na we mugore wa mbere (…) -
Perezida Macron yifuza kugira uruhare mu biganiro byo kunga u Rwanda na RDC
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yifuza ko igihugu cye cyagira uruhare mu biganiro by’amahoro bigamije kugarura amahoro mu karere u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biherereyemo.
-
U Buyapani: Banki Nkuru yakubye kabiri inyungu fatizo
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBanki Nkuru y’u Buyapani yongereye inyungu fatizo iyivana kuri 0,25% iyigeza kuri 0,5%, ibintu byaherukaga mu myaka 17 ishize.
Umuryango.rw
Igare rikomeje kuryoha! Tujyane mu isiganwa ry’umunsi wa 6 wa shampiyona y’Isi y’amagare (Live)
Minisitiri Nkulikiyinka yashyikirije Minisitiri w’Intebe wa Maurice ubutumwa bwa Perezida Kagame
"Iki gihugu nimwe mugomba kukirinda"-Perezida Kagame abwira Urubyiruko ku #KWIBOHORA30
Makolo uyobora RwandaAir yagizwe umuyobozi ukomeye ku Isi
Perezida Macron yifuza kugira uruhare mu biganiro byo kunga u Rwanda na RDC
U Buyapani: Banki Nkuru yakubye kabiri inyungu fatizo