Umuvugizi wa leta ya Kinshasa – aterekanye ibihamya - yatangaje ko mu mujyi wa Goma hari "imirambo irenga 2,000 ikeneye guhambwa".
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda ubwicanyi i Goma
4 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusubiza amahanga akomeje kuyishinja gufasha M23
21 December 2022, by Dusingizimana RemyKu mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Ukuboza 2022, Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo ryamagana abakomeje kuyishinja gushyigikira umutwe wa M23 uhanganye n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
U Rwanda ruvuga ko "gushinja u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23 ni ukwibeshya no kwirengagiza impamvu nyamukuru ikomeje gutera amakimbirane mu burasirazuba bwa RDC n’ingaruka zayo ku bihugu by’ibituranyi birimo n’u Rwanda".
U Rwanda rutangaje ibi mu gihe ibihugu (…) -
Mwiseneza Josiane yamaze kugura imodoka mu mafaranga yahawe na Mimi Mirage [AMAFOTO]
24 March 2019, by Dusingizimana RemyMiss Popularity 2019,Mwiseneza Josiane yamaze kwinjira mu Banyarwanda batunze imodoka ye bwite nyuma y’amafaranga yahawe n’umunyamideli Mimi Mirage uba mu gihugu cy’Ububiligi wamufanye cyane ubwo yari mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019.
-
Pasiporo z’u Rwanda zidakoranye ikoranabuhanga zizata agaciro muri Kamena 2021
13 August 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka rwatangaje ko Pasiporo z’u Rwanda zose zizacyura igihe tariki 28 Kamena 2021.
-
Kigali: Umugore akurikiranyweho gukura amenyo umwana we amukubise umwuko amuhoye 200Frw
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, akurikiranyweho guhoza umwana ku nkeke nyuma yo gukubita umwuko umwana we akamukura amenyo amuhoye ibiceri 200 Frw.
-
Imodoka itwara ibishingwe yongeye kugongera abantu mu Gakiriro ka Gisozi
8 December 2024, by Joseph IradukundaKu gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki 07 Ukuboza 2024 i Kigali mu Gakiriro ka Gisozi habereye impanuka yatewe no gucika feri kw’imodoka itwara ibishingwe yavaga i Nduba, ikaba yakomerekeje abantu 10 nk’uko ubuyobozi bw’Akagari ka Musezero kabereyemo iyo mpanuka bwabitangaje.
-
Perezida Kagame yahishuye ibihe bidasanzwe yabanyemo n’imfura ye mu gihe cy’urugamba rwo kubohora u Rwanda
10 July 2024, by EmmyPerezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe yari ayoboye urugamba rwo kubohora igihugu, hari iminsi yamaze abana n’imfura ye, Ivan Cyomoro ku Mulindi wa Byumba mu Karere ka Gicumbi, aho yari afite icyicaro.
-
Perezida Tshisekedi yemeje ko M23 itazigera ifata Umujyi wa Goma
17 November 2023Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi,yatangaje ko igihugu cye kigiye guhitamo kwirwanaho mu gihe amahanga yakomeza gutinda kuza gutabara no gufatira ibihano u Rwanda ngo rushyigikiye umutwe wa M23.
-
Ibyabereye mu nama yatumye RGB isesa inzego za Rayon Sports n’ibibazo bitegereje komite ya Murenzi Abdallah
26 November 2025, by Brenda MIZERONyuma y’umwaka umwe n’iminsi 10, Rayon Sports yabonye abayobozi bashya aho kuri iyi nshuro igiye kuyoborwa na Komite y’Inzibacyuho ikuriwe na Murenzi Abdallah mu gihe cy’amezi atatu.
-
Perezida Ndayishimiye yarize kubera ruswa yamunze abacamanza mu Burundi
25 August 2021, by Dusingizimana Remy"Ese nta mpuhwe ndi kurira imbere yanyu?" Ayo n’amwe mu magambo akomeye Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yavugiye imbere y’abacamanza mu nama yabakhurijemo i Bujumbura.
Umuryango.rw
Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda ubwicanyi i Goma
Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusubiza amahanga akomeje kuyishinja gufasha M23
Pasiporo z’u Rwanda zidakoranye ikoranabuhanga zizata agaciro muri Kamena 2021
Kigali: Umugore akurikiranyweho gukura amenyo umwana we amukubise umwuko amuhoye 200Frw
Imodoka itwara ibishingwe yongeye kugongera abantu mu Gakiriro ka Gisozi
Perezida Kagame yahishuye ibihe bidasanzwe yabanyemo n’imfura ye mu gihe cy’urugamba rwo kubohora u Rwanda
Perezida Tshisekedi yemeje ko M23 itazigera ifata Umujyi wa Goma
Ibyabereye mu nama yatumye RGB isesa inzego za Rayon Sports n’ibibazo bitegereje komite ya Murenzi Abdallah
Perezida Ndayishimiye yarize kubera ruswa yamunze abacamanza mu Burundi