Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’uruhande rwa leta yongeye kuvugwa mu mpera z’icyumweru gishize muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo. Mu gihe hari imihate yo gushaka amahoro hari n’ibimenyetso ko intambara ishobora gukomeza, nk’uko inzobere zibivuga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
DR Congo: M23 ’irimo kwiyubaka’, Kinshasa irasaba ubufasha Washington
10 March 2025, by Joseph Iradukunda -
Jeannette Kagame yatanze impanuro ku rukundo n’urushako abihuza n’Iminsi Mikuru
25 December 2024, by Joseph Iradukunda“Twese twifuza gukundwa… Ukunde uko nawe wifuza gukundwamo!” Ubwo ni bumwe mu butumwa bukomeye bukubiye mu nyandiko ya Madamu Jeannette Kagame, yibanze cyane ku murimo w’urukundo mu miryango ikangurira abantu kurwimakaza muri iyi minsi mikuru.
-
Meteo Rwanda yateguje imvura n’umuyaga bidasanzwe mu Ugushyingo
11 November 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’u Rwanda gishinzwe Iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 na 20 Ugushyingo 2025, mu Rwanda hateganyijwe kugwa imvura iri ku bipimo biri hagati ya milimetero 30 na 150.
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda ziri kuganira ku buryo bwo kunoza umutekano w’imipaka bahuje
29 November 2024, by Joseph IradukundaIngabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Uganda (UPDF) zishinzwe kurinda imipaka ihuza ibihugu byombi ziri mu Karere ka Musanze mu biganiro by’iminsi itatu, kuva ku itariki 28 kugeza kuri 30 Ugushyingo 2024.
-
Abantu 6 baraye kuri Komisiyo y’ amatora batakamba ngo kandidatire zabo zakirwe
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje hari abantu 6 baraye ku biro byayo bayinginga ngo yakire kandidatire zabo mu matora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018.
-
Argentine: Minisitiri yirukanywe nyuma yo gutegeka Messi gusaba imbabazi Abafaransa
19 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri Wungirije wa Siporo muri Argentine, Julio Garro, yirukanywe nyuma yo kuvuga ko Lionel Messi akwiye gusaba imbabazi mu izina ry’Ikipe y’Igihugu kubera indirimbo yuzuyemo amagambo y’irondaruhu yaririmbwe yibasira u Bufaransa.
-
J.Kagame arashyikirizwa igihembo cy’umuyobozi w’indashyikirwa
17 November 2017, by Iyamuremye JanvierMadame wa Perezida wa Republika Jeannette KAGAME ari ku rutonde rw’abatoranyijwe ngo bahabwe ibihembo byiswe ’The Voice Achievers Awards’, bitangirwa i Amsterdam mu Buholandi.
Jeannette Kagame yagenewe igihembo cy’umudamu w’umuyobozi muri Afrika wabaye indashyikirwa muri uyu mwaka, akanagaragaza ubutwari, mu cyongereza ni ’African Woman Personality Of The Year’ and African Heroine Award. Ni igihembo yahawe n’ikinyamakuru the voice cy’Abanyafurika gikorera mu Buholandi ariko cyandika ku (…) -
Perezida Nyusi yavuze bimwe mu byo yaganiriye na Perezida Kagame aherutse gusura [AMAFOTO]
30 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Mozambike Filipe Nyusi yasuye u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mata 2021,aganira na Perezida Kagame ku byerekeye kurwanya iterabwoba muri Afurika.
-
Urubanza rw’abaturage ba Bannyahe n’Umujyi wa Kigali rwapfundikiwe
11 March 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasoje urubanza abaturage bo muri Nyarutarama baregamo umujyi wa Kigali gushaka kubimura mu mitungo yabo ku gahato.
Itsinda ryaburanye uyu munsi rigizwe n’imiryango irindwi itandatu muri yo umujyi wa Kigali wayisenyeye amazu mu mwaka wa 2020 ubategeka kwimukira mu Busanza mu karere ka Kicukiro.
Bose barasaba ingurane ikwiye mu mafaranga no gusubirana uburenganzira ku mitungo yabo. Umujyi wa Kigali uravuga ko bari barubatse mu kajagari bityo ko bagombye (…) -
Reba Ibyemezo by’Inama idasanzwe y’abaminisitiri yo ku wa 10 Ukwakira 2019
11 October 2019, by Martin MunezeroKu wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Umuryango.rw
DR Congo: M23 ’irimo kwiyubaka’, Kinshasa irasaba ubufasha Washington
Jeannette Kagame yatanze impanuro ku rukundo n’urushako abihuza n’Iminsi Mikuru
Meteo Rwanda yateguje imvura n’umuyaga bidasanzwe mu Ugushyingo
Ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda ziri kuganira ku buryo bwo kunoza umutekano w’imipaka bahuje
Argentine: Minisitiri yirukanywe nyuma yo gutegeka Messi gusaba imbabazi Abafaransa
Urubanza rw’abaturage ba Bannyahe n’Umujyi wa Kigali rwapfundikiwe