Minisiteri ishinzwe ubutabazi (MINEMA) iravuga ko Kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, ibiiza bimaze guhitana ubuzima bw’abantu 27, byakomerekeje 57, inzu 691 zarasenyutse, hangirika n’imyaka iri ku buso bwa hegitari 1700.
Iyi ministeri ivuga kandi ko hanangiritse ibiraro 14, ibyumba by’amashuri 64, imiyoboro y’amashanyarazi n’amazi ndetse n’amatungo atandukanye yarapfuye.
MINEMA itangaza ko ibiza byiganje mu Rwanda biterwa n’imvura nyinshi irimo inkuba,iteza inkangu,imyuzure, inkubi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINEMA yahishuye umubare w’abantu n’ibindi byagizweho ingaruka n’imvura yo kuva muri Werurwe 2021
17 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Abana ba Kabuga Félicien babwiye urukiko ko kumufunga bishobora kumuviramo urupfu
30 May 2020, by Dusingizimana RemyAbana ba Félicien Kabuga uherutse gutabwa muri yombi mu Bufaransa ashinjwa ibyaha bya jenoside yo mu Rwanda mu 1994 bavuga ko afunze mu buryo bumwima uburenganzira bwe nk’umuntu ufite ubuzima bumeze nabi cyane ucyeneye kwitwaho byihariye.
-
Ngororero: Umwarimu yikubise hasi arapfa ubwo yarimo yigisha
5 November 2024, by Joseph IradukundaNsengimana Juvénal Umurezi ku kigo cy’amashuri abanza cya Mukingi mu Murenge wa Bwira, yituye hasi imbere y’abanyeshuri ashiramo umwuka.
-
Nyamasheke: Batanu bashinze itorero ritemewe batawe muri yombi
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB na Polisi y’u Rwanda, RNP beretse itangazamakuru abantu batanu bo mu Karere ka Nyamasheke barimo abagabo batatu n’abagore babiri bakurikiranyweho icyaha cyo kwigomeka ku buyobozi, nyuma yo gufatwa bahinduye urugo rw’umwe muri bo urusengero.
-
Perezida Kagame aritabira inama yiga ku buryo Afurika yakwikorera inkingo za Covid-19 idategereje amahanga
12 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Mata 2021, Perezida Paul Kagame aritabira inama y’iminsi ibiri igiye kwiga ku buryo Umugabane w’Afurika watangira kwikorera inkingo z’icyorezo cya COVID-19 udategereje buri gihe gukomeza kugenerwa izikorerwa ku yindi migabane.
-
Nyanza:Umwarimu yapfuye azize inzoga zirengeje urugero
11 February 2019, by Martin MunezeroIfoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
-
Imbwirwaruhame za Tshisekedi zigamije gusinziriza abantu – Sen. Evode Uwizeyimana
10 October 2025, by Brenda MIZEROUkwiyererutsa kwa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, no guhindura umwanya wo kubaka ubutwererane mu ishoramari akawugira umwanya wo kwibasira u Rwanda, kubonwa nk’uburyo bwo gushaka gusinziriza amahanga ntiyite ku kuba ari we nyirabayazana w’ibibazo igihugu cye gikomeje guhura na byo.
-
Perezida Kagame yatembereje abasenateri ba Amerika mu rwuri rwe [AMAFOTO]
6 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye itsinda ry’Abasenateri ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abatembereza urwuri rwe rwa Kibugabuga.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro kuri uyu wa Gatatu, tariki 5 Ukwakira nibwo byatangaje ko Perezida Kagame yakiriye aba ba Senateri bari barangajwe imbere na Senator Jim Inhofe abatembereza mu rwuri rwe rwa Kibugabuga ndetse bahaganirira ku ngingo zirimo umubano w’u Rwanda na Amerika.
Bati “Uyu munsi I Kibugabuga, Perezida Kagame yakiriye mu rwuri rwe itsinda (…) -
Perezida wa Madagascar yavuze amagambo akomeye ku Rwanda yasuye
7 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Madagascar, Andry Rajoelina yageze mu Rwanda kuri iki cyumweru tariki ya 06 Kanama 2023,ashima cyane uko yakiriwe ndetse avuga ko u Rwanda ari icyitegererezo mu iterambere.
-
Abana b’ imfubyi 2900 babonye imiryango hasigaye abarenga 1000
3 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango ivuga ko abana b’ imfubyi ibihumbi bibiri na magana cyenda (2900) kuri ubu babonye imiryango ibakira bavuye mu bigo by’ imfubyi.
Muri 2014, nibwo Leta y’ u Rwanda yafashe umwanzuro ko nta mwana ukwiye kurererwa mu bigo by’ imfubyi.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 3 Ukwakira 2017, ubwo Minisitiri w’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango Nyirasafari Esperance yatangizaga ku mugaragaro inama nyunguranabitekerezo ku ruhare rw’ amatorero n’ (…)
Umuryango.rw
MINEMA yahishuye umubare w’abantu n’ibindi byagizweho ingaruka n’imvura yo kuva muri Werurwe 2021
Ngororero: Umwarimu yikubise hasi arapfa ubwo yarimo yigisha
Nyamasheke: Batanu bashinze itorero ritemewe batawe muri yombi
Imbwirwaruhame za Tshisekedi zigamije gusinziriza abantu – Sen. Evode Uwizeyimana
Perezida Kagame yatembereje abasenateri ba Amerika mu rwuri rwe [AMAFOTO]
Perezida wa Madagascar yavuze amagambo akomeye ku Rwanda yasuye