Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yashinje mugenzi Felix Tshisekedi wa DR Congo "kutubahiriza kenshi" ibyo yumvikanye n’abandi, “harimo na vuba aha i Bujumbura”.
Mu gihe ibihugu byombi bifitanye ubushyamirane bwa politike bukomeye muri iki gihe, umwanya abakuru babyo babonye bagaruka hari ibyo bashinjanya.
Perezida Tshisekedi ashinja Kagame n’ingabo z’u Rwanda gutera DR Congo aciye mu nyeshyamba za M23 ubu zigaruriye ahantu hanini mu ntara ya Kivu ya ruguru.
Mu ijoro ryo kuwa gatatu mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yashinje Tshisekedi ’kutubahiriza ibyo yumvikanye n’abandi’
9 February 2023, by Dusingizimana Remy -
Uganda: Umusirikare wa UPDF yishe arashe umugore we kubera amafunguro
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikare wa Uganda, L / Cpl Sserunkuma Denis, ukorera ku Ishuri ry’imyitozo ya gisirikare rya Kaweweta, yarashe umugore we, Kebirungi Kella Adyeeri aramwica. Ibi byabaye ku wa Mbere, itariki ya 3 Werurwe 2025, bibera kuri iri shuri riherereye Nakaseke.
-
Perezida Kagame arasubukura gahunda yo gusura uturere
25 August 2022, by ISHIMWE JANEPerezida Paul Kagame arasubukura ingendo agirira mu ntara aho amara iminsi ine mu Ntara y’Amajepfo n’iy’Iburengerazuba.
-
Iby’ ibendera ry’ u Rwanda ryagiye ku kwezi n’ akabuye Amerika yaruhaye
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestImwe mu nkuru zitamenyekanye cyane ni uko ubwo Leta zunze ubumwe za Amerika zajyaga ku kwezi zajyanye amabendera y’ ibihugu bitandukanye mu Isi harimo n’ iry’ u Rwanda.
-
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi
24 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, yashyikirije Perezida Karin Keller-Sutter impapuro zo guhararira u Rwanda muri iki gihugu cyo mu Burayi bwo hagati.
-
U Bubiligi bwohereje abakomando hafi 500 mu burasirazuba bwa DRC
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru atangazwa n’ikinyamakuru The Great Lakes Eye aravuga ko ku itariki ya 17 Werurwe, Guverinoma y’u Bubiligi yohereje ingabo, ibifaru na drone muri DRC kugira ngo zitoze kandi zongere ingufu Ingabo za Congo, FARDC n’imitwe bafatanya ya Wazalendo na FDLR, kugira ngo birukane inyeshyamba za AFC / M23 ubu zigenzura uduce twinshi two mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Imyitozo mpuzamahanga yo gusuzuma no kongerera abasirikare ubushobozi igiye kubera mu Rwanda
14 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu Karere ka Bugesera I Gako hatangijwe imyitozo ya gisirikari yiswe "Shared Accord 2018", igamije kureba urwego rw’ubunyamwuga mu ngabo zibungabunga amahoro ku isi
-
‘Abashaka u Rwanda barwifuriza ibibi barukurahe se?’ Perezida Kagame
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umugaba w’ Ikirenga nyuma yo kureba ingabo z’ u Rwanda zimaze iminsi zitoza yavuze ko abifuriza u Rwanda ibibi batazibigeraho.
-
Minisitiri Gashumba yavuze aho urukundo akunda Rayon Sports rwaturutse n’igihe yatangiriye kuyifana
2 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri yari imaranye imyaka 39 yose.
-
U Rwanda na Repubulika ya Congo byasinyanye amasezerano y’ubufatanye
13 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMu ruzinduko arimo muri Repubulika ya Congo, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Denis Sassou Nguesso, bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mu bukungu harimo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ubukorikori, umuco n’ubuhanzi.
Kuri uyu munsi kandi abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro mu muhezo, ni ibiganiro byabanjirije indi nama yahuje abandi bayobozi bahagariye ibihugu byombi.
Kuri uyu wa Mbere nibwo Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yashinje Tshisekedi ’kutubahiriza ibyo yumvikanye n’abandi’
Uganda: Umusirikare wa UPDF yishe arashe umugore we kubera amafunguro
Perezida Kagame arasubukura gahunda yo gusura uturere
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi
U Bubiligi bwohereje abakomando hafi 500 mu burasirazuba bwa DRC
U Rwanda na Repubulika ya Congo byasinyanye amasezerano y’ubufatanye