Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ukuboza 2020,Perezida Kagame yagejeje ku Banyarwanda uko igihugu gihagaze muri izi mpera z’Umwaka wa 2020 waranzwemo n’icyorezo cya Covid-19 cyashegeshe u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu byo ku isi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
"Tugeze aho tutakwemera ko ibyo twagezeho biba imfabusa"-Perezida Kagame
21 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Karongi: Abantu 18 bishwe n’ umusozi waridutse bashyinguwe Leta ifata mu mugongo abasigaye
8 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo mu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi habaye umuhango wo gushyingura abantu 18 bishwe n’ inkangu y’ umusozi waridutse biturutse ku mvura nyinshi yaguye mu gihugu hose ku Cyumweru.
-
Joe Biden yavunitse ikirenge ari gukina n’imbwa ye bituma afatirwa icyemezo gikomeye
30 November 2020, by Dusingizimana RemyJoe Biden,uheruka gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavunitse ikirenge cye ubwo yarimo gukinisha imwe mu mbwa ze,bituma abwirwa ko ashobora kumara iminsi yambaye inkweto zifasha abamugaye gutambuka.
-
CAF CC: AS Kigali imaze gusezera KMC yo muri Tanzania
23 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya AS Kigali ifashije abakunzi ba ruhago mu Rwanda kwinjira neza muri Weekend nyuma yo gutsindira muri Tanzania ikipe ya Kinondoni Municipal Council [KMC] ibitego 2-1 mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ryubanze rya CAF Confederations Cup.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashimye Umujyi wo mu Bubiligi wanze kuvanga ‘Kwibuka31’ n’ibibazo bya politike
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimye abayobozi b’Umujyi wa Namur mu Bubiligi bifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu gihe abandi bo muri iki gihugu babyanze.
-
Ambasaderi wa Isiraheli ashima ubudaheranwa bw’Abanyarwanda n’iterambere bagezeho
26 November 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi wa Isiraheli mu Rwanda Einat Weiss, yashimye uburyo Abanyarwanda bishatsemo ibisubizo ku bibazo bikomoka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, anashimangira ko azakomeza guharanira ko imikoranire hagati y’u Rwanda na Isiraheli irushaho gutera imbere.
-
Ibyo wamenya ku noti yanditseho ‘Specimen’ ikunze kuba imanitse kuri ‘Guichet’ ya banki
23 December 2017, by Nsanzimana ErnestMuri banki hafi ya zose ku kirahuri gitandukanya umukozi wa banki utanga amafaranga n’ umukiriya wa banki haba hamanitse inoti yanditsemo ijambo ‘Specimen’ iyi noti ngo ntabwo ari inoti isanzwe nta n’ ubwo ari inyiganano nk’ uko abenshi babyibwira.
Abo UMURYANGO wabajije ku by’ iriya noti basubije ko ari inoti y’ inyiganano banki ifatana umukiriya ikayimanika hariya.
Umukozi wa banki nkuru y’ u Rwanda BNR yatangarije UMURYANGO ko iriya atari inoti ibonetse yose ndetse ko atari inoti y’ (…) -
Abatwara moto n’abagenzi bose bagomba kuba barikingije [Amabwiriza mashya]
7 January 2022, by Dusingizimana RemyMu mabwiriza mashya Guverinoma y’u Rwanda yatangaje,kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mutarama 2022, mu gukomeza guhangana na Covid-19, abagenzi bo kuri moto n’amagare hamwe n’ababatwaye,bose bagomba kuba barikingije Covid-19, abatazabyubahiriza bakazafatirwa ibihano.
Muri aya mabwiriza kandi, imodoka rusange zitwara abagenzi barasabwa gutwara gusa abagenzi bikingije COVID-19, abatazabyubahiriza bakazafatirwa ibihano.
Guverinoma yatangaje kandi ko amashuri azafungura hakurikijwe ingengabihe (…) -
U Rwanda rwahishuye ko Congo na FDLR byari bifite gahunda yo kurutera
2 February 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda, yatangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, Iza SADC n’Abacanshuro b’Abanyaburayi ryari rifite gahunda yo kurutera.
-
Iyi nzira y’amahoro igomba gutanga umusaruro - U Rwanda nyuma y’ukwinangira kwa RDC
5 October 2025, by Brenda MIZEROUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko urugendo ruganisha ku mahoro u Rwanda na RDC birimo bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rugomba gutanga umusaruro uko byagenda kose, nubwo Leta ya Congo ikomeje kugenda biguru ntege.
Umuryango.rw
Minisitiri Nduhungirehe yashimye Umujyi wo mu Bubiligi wanze kuvanga ‘Kwibuka31’ n’ibibazo bya politike
Ambasaderi wa Isiraheli ashima ubudaheranwa bw’Abanyarwanda n’iterambere bagezeho
Abatwara moto n’abagenzi bose bagomba kuba barikingije [Amabwiriza mashya]
U Rwanda rwahishuye ko Congo na FDLR byari bifite gahunda yo kurutera
Iyi nzira y’amahoro igomba gutanga umusaruro - U Rwanda nyuma y’ukwinangira kwa RDC