Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga, yongeye gushimangira ko iri Huriro rizaruhuka ari uko ribohoye Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, anahamagarira urubyiruko rw’Abanyekongo kuza gufatanya na ryo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye
13 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Biravugwa ko Kakwenza Rukirabashaija umwe mu barwanya P. Museveni yahungiye mu Rwanda
9 February 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTUmwanditsi w’ibitabo wo mu gihugu cya Uganda witwa Kakwenza Rukirabashaija usanzwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweli Kaguta Museveni ndetse n’umuhungu we Gen. Muhoozi Kainerugaba yahunze nyuma yo gukorerwa iyicarubozo n’inzego z’Umutekano z’iki gihugu.
-
Ruhango: Abayobozi barindwi basezeye ku kazi ku mpamvu bavuga ko ari izabo bwite
1 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2017 mu karere ka Ruhango abayobozi barindwi beguye ku mirimo yabo, bivugwa ko byatewe n’amakosa bakoze mu gushyigikira imyibukaire y’akagari no kwijandika muri Ruswa.
Ibi bibaye nyuma y’uko no mu Karere ka Muhanga heguye abayobozi bagera ku icumi barimo n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ibiri.
Aba bayobozi baregura binyuze mu isuzumwa rimaze iminsi rikorerwa mu Ntara y’amajyepfo ku ruhare abayobozi bagize mu gushyigikira imyibukire (…) -
Ubucuruzi, ikibazo cya FDLR n’ibiyobyabwenge byoherezwa mu Rwanda: Ikiganiro na Meya wa Goma
2 February, by Brenda MIZEROUmuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi.
-
Minisitiri Nduhungirehe yizeye ko u Rwanda rutazasabwa guha inzira abandi bacanshuro bari muri RDC
30 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kongera gusabwa guha inzira abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe batsindwa n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama i Dubai-AMAFOTO
1 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari i Dubai aho yitabiriye inama ikomeye mu rwego rw’isi yiga ku ishoramari muri Afurika (Africa Global Business Forum).
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017 nibwo Perezida Kagame yitabiriye iyo nama ndetse anatangamo ikiganiro cyiswe Head of State Forum.
Iyo nama biteganijwe ko izamara iminsi ibiri, yitabiriwe na bamwe mu bakuru b’ibihugu, Abaminisitiri, abashoramari batandukanye n’abandi bazatangayo ibiganiro.
Perezida Kagame yavuze ko (…) -
Nangaa yahishuye abagize uruhare mu kwibira Tshisekedi amajwi
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yahishuye ko umuryango mpuzamahanga wagize uruhare mu kwibira amajwi Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu mpera za 2018.
-
Gen Muhoozi yishyuje Amerika Miliyari 100$ avuga ko ibereyemo Uganda
16 August 2024, by EmmyUmugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yishyuje Leta Zunze Ubumwe za Amerika ideni ry’amadolari miliyari 100 (arenga miliyari ibihumbi 134 Frw) ringana n’agaciro k’ubutumwa bw’amahoro abasirikare ba Uganda bakoze muri Somalia.
-
Gasabo:Abakomerekejwe na Gerenade iherutse guturitswa n’umusore basezerewe mu bitaro bose
10 May 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu bose uko ari 11 bakomerekejwe na gerenade yaurikijwe n’uwitwa Tunezerwe Jean Paul, mu Murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo , bamaze gusezererwa mu bitaro.
-
Dore ibintu utazi cyangwa wirengagiza kuri Afurika
12 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabane wa Afurika ni uwa kabiri mu bunini ku isi kandi wuzuye ibintu by’abayobera bitangaje kandi abantu bamwe ntibabizi ndetse n’ababizi ntibabyitaho.
Ntimugire impungenge UMURYANGO tugiye kubagezaho urutonde rw’ibintu bitandukanye biboneka cyangwa bibera ku mugabane wa Afurika abantu batitaho.
1. Imyamaswa ya mbere nini isigaye muri Afurika
Inyamaswa ya mbere mu bunini mu zisigaye ku isi ya rurema ibarizwa muri Afurika. Inzovu yo muri Afurika ipima toni zikabakaba zirindwi ndetse (…)
Umuryango.rw
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye
Biravugwa ko Kakwenza Rukirabashaija umwe mu barwanya P. Museveni yahungiye mu Rwanda
Ubucuruzi, ikibazo cya FDLR n’ibiyobyabwenge byoherezwa mu Rwanda: Ikiganiro na Meya wa Goma
Minisitiri Nduhungirehe yizeye ko u Rwanda rutazasabwa guha inzira abandi bacanshuro bari muri RDC
Nangaa yahishuye abagize uruhare mu kwibira Tshisekedi amajwi
Gen Muhoozi yishyuje Amerika Miliyari 100$ avuga ko ibereyemo Uganda
Gasabo:Abakomerekejwe na Gerenade iherutse guturitswa n’umusore basezerewe mu bitaro bose