Kuri uyu wa Gatandatu, Twagirayezu Thaddé yatorewe kuyobora ikipe ya Rayon Sports mu myaka ine iri imbere asimbuye Uwayezu Jean Fidele.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Twagirayezu Thaddé atorewe kuyobora Rayon Sports nyuma ya Jean Fideli weguye
16 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Rashid yahakanye ibyaha byose arengwa anavuga ko yakorewe iyicarubozo ryo mu mutwe
17 November 2021, by Dusingizimana RemyUmugabo uzwi uzwi kuri channel zinyuranye za YouTube no ku ye bwite Rashid TV aho yatangaga ibitekerezo bitavugwaho rumwe, yahakanye ibyaha bine aregwa birimo gutangaza ibihuha.
-
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu
23 May 2024, by Dusingizimana RemyInama y’Abamisitiri yateranye kuri uyu wa 22 Gicurasi 2024, iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje iteka rya Minisitriri rishyiraho ibishushanyo mbonera by’imikoreshereze n’imitunganyirize by’ubutaka by’uturere twa Gakenke, Kirehe, Musanze, Ngoma, Nyaruguru, Rubavu, Rulindo na Rwamagana.
-
Na Tshisekedi afite ingengabitekerezo ya Jenoside- Perezida Kagame
10 March 2025, by Joseph Iradukunda“Ntekereza ko na we [Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo] afite ingengabitekerezo ya Jenoside. Ntekereza ko ayifite.”
-
Abahanganye na Tshisekedi Muri Politiki bahuje imbaraga
23 November 2024, by Joseph IradukundaAbo ni Joseph Kabila, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Matata Ponyo Mapon. Aba bagabo ubusanzwe batari babanye neza, bahisemo kwihuza ngo babangamire gahunda ya Perezida Tshisekedi yo guhindura Itegeko Nshinga.
-
Kiliziya Gatolika yasabye imbabazi abakomerekejwe n’inyandiko iherutse gushyira hanze isabira abahamijwe jenoside bageze mu zabukuru n’abarwaye koroherezwa ibihano
14 April 2019, by Dusingizimana RemyKiliziya Gatolika yanditse ibaruwa isaba imbabazi Abanyarwanda bose bakomerekejwe n’ibyari bikubiye mu nyandiko yayo yo kuwa 25 Werurwe yatangajwe kuwa 7 Mata 2019, yasabaga ko harebwa uburyo abafungiye icyaha cya Jenoside bageze mu zabukuru n’abafite indwara zitandukanye, bakoroherezwa ibihano ariko kandi na bo bagakomeza kwinjira muri gahunda yo gusaba imbabazi no kwiyunga n’abo bahemukiye.
-
DRC – Abadepite bafatanye mu mihogo, bamwe ntibashaka Vital Kamerhe
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbadepite mu nteko ya Congo Kinshasa, nyuma yo guterana amagambo kuri camera, uruhande rushyigikiye Vital Kamerhe, Perezida w’Inteko ishinga Amategeko uri ku gitutu cyo kweguzwa, n’abatamushyigikiye bashyamiranye hafi yo guterana ingumi.
-
Mu gahinda kenshi Dr Byamungu wakoraga muri BRD n’abana be 4 bapfiriye mu mpanuka muri Uganda basezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
12 January 2019, by Martin MunezeroDr Byamungu wari Umuyobozi ushinzwe ishoramari muri Banki y’Igihugu y’Iterambere (BRD) n’abagize umuryango we bagera kuri bane bahitanywe n’impanuka ahitwa Lwengo ku muhanda uva Masaka werekeza Mbarara, mu ijoro ryo ku wa 30 Ukuboza 2018.
-
Abarenga 100 bari munsi y’imyaka 20 bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mezi atandatu, imaze guta muri yombi abantu 778 bakurikiranweho ibyaha bifite aho bihuriye n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, 114 muri aba bari munsi y’imyaka 20.
Umuryango.rw
Twagirayezu Thaddé atorewe kuyobora Rayon Sports nyuma ya Jean Fideli weguye
Rashid yahakanye ibyaha byose arengwa anavuga ko yakorewe iyicarubozo ryo mu mutwe
Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ - Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu
Na Tshisekedi afite ingengabitekerezo ya Jenoside- Perezida Kagame
Abahanganye na Tshisekedi Muri Politiki bahuje imbaraga
DRC – Abadepite bafatanye mu mihogo, bamwe ntibashaka Vital Kamerhe
Abarenga 100 bari munsi y’imyaka 20 bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge