Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Bernadette Arakwiye, yavuze ko kugira ngo habeho guhangana n’ibihumanya ikirere byaturutse ku ishoramari u Rwanda rwashoye mu kurengera ibidukikije no kongera isuku y’ikirere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rushora imari mu kongera isuku y’ikirere – Minisitiri w’Ibidukikije
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
“Guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi byananiye”-Perezida Macron
6 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko yateganyaga guhuriza mu biganiro ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi, gusa birangira bimunaniye bitewe na Tshisekedi wivumbuye.
-
U Rwanda rwagaragarije Loni ubufatanye bwa RDC na FDLR mu mugambi wo kurimbura Abatutsi
26 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragarije Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ko ubwicanyi bukorerwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buterwa inkunga na Guverinoma y’icyo gihugu kandi bugamije kurimbura Abatutsi bo muri icyo gihugu, binyuze mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo.
-
Perezida Kagame yatangaje igisubizo yahaye umuyobozi wamusabye ko yareka Abanyarwanda bakongera gusubira muri Uganda
29 January 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika,Paul Kagame,yavuze ko ubwo Uganda yari imaze kurekura abanyarwanda icyenda mu minsi ishize yasabye ko n’u Rwanda rwagira icyo rukora rukareka abanyarwanda bakongera gusubira muri iki gihugu aho yabasubije ko nta kigaragaza ko bagezeyo batakongera gufungwa.
-
Ibigo 3 byo mu ntara y’Amagepfo byasanzwemo abanyeshuri banduye Covid-19
19 November 2020, by Dusingizimana RemyIcyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
-
Inzego zishinzwe umutekano zishe abagizi ba nabi 19 bateye I Musanze zifata mpiri batanu
6 October 2019, by Dusingizimana RemyInzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zateye ba bagizi ba nabi bishe abantu I Musanze zicamo abagera kuri 19 abandi 5 bafatwa mpiri nkuko Polisi y’igihugu yabitangaje uyu munsi.
-
Min Nduhungirehe yashyize hanze ibimenyetso by’uko KONGO yahaye ikaze Abajenosideri
18 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Rwanda, Olivier J.P. Nduhungirehe yatangaje ko yatunguwe n’uburyarya bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), nyuma yo kwita ikinyoma inyandiko bigaragara ko ari umwimerere kandi y’ukuri yakozwe mu buryo bw’ibanga ku mugambi wo guha ikaze Abanyarwanda barimo abahamijwe gukora Jenoside.
-
Perezida Kagame yageze muri Namibia mu ruzinduko rw’ akazi
16 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa 16 Kanama 2018 yageze mu gihugu cya Namibia yakirwa na Hage Geingob
-
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba (…) -
M23 yafashe Rutshuru yose na Rumangabo iritegura kwerekeza I Goma
10 July 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko ubu ugenzura Rutshuru yose ndetse na Rumangabo muri RDC ndetse ubu biteguye kwerekeza mu mujyi wa Goma bakawufata.
Nkuko yabitangaje kuri Twitter,Umuvugizi wa M23,Major Willy Ngoma,yabanje gutangaza ati "Bwije neza mu duce M23 irimo kuva Bunagana ukagera Rumangabo hiriwe amahoro ku bahatuye bose... Uyu munsi yari isabato habayeho kuruhuka... Umutekano ni wose ku baturage."
Nyuma y’aho yasangije ubutumwa bugira buti "Dukurikije abaduha amakuru bari ku rugamba, (…)
Umuryango.rw
U Rwanda rushora imari mu kongera isuku y’ikirere – Minisitiri w’Ibidukikije
“Guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi byananiye”-Perezida Macron
U Rwanda rwagaragarije Loni ubufatanye bwa RDC na FDLR mu mugambi wo kurimbura Abatutsi
Ibigo 3 byo mu ntara y’Amagepfo byasanzwemo abanyeshuri banduye Covid-19
Min Nduhungirehe yashyize hanze ibimenyetso by’uko KONGO yahaye ikaze Abajenosideri
M23 yafashe Rutshuru yose na Rumangabo iritegura kwerekeza I Goma