Umunyarwanda Félicien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, uyu munsi kuwa gatatu yabwiye urukiko mu Bufaransa ko ibyaha aregwa ari ibinyoma nk’uko ivugwa na Reuters.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kabuga Félicien yabwiye urukiko ko ibyo aregwa byose ari ibinyoma abamwunganira basaba ko arekurwa
27 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Busingye yasabye Dr Kayumba kureka kwibasira Fiona Muthoni Ntarindwa umurega gushaka kumusambanya ku ngufu
29 March 2021, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, kuri uyu wa 28 Werurwe 2021 yabujije Dr Christopher Kayumba kureka kwibasira umukobwa umushinja kugerageza kumufata ku ngufu.
-
Imbere y’umuhuza, u Rwanda na RDC bateye indi ntambwe mu gukuraho FDLR
13 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe ndetse n’uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kayikwamba Wagner basinye ku myanzuro y’inama igaragaza uburyo bwo guhashya umutwe wa FDLR ubangamiye umutekano w’u Rwanda.
-
Amb Ngoga yashyikirije Guterres impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Loni
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi Martin Ngoga yashyikirije Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye nka Ambasaderi ku wa Kane tariki 22 Gicurasi 2025.
-
Hamenyekanye umunsi ibiganiro bya mbere bya M23 na RDC bizaberaho
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka ku ruhande rwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’urw’umutwe wa M23, aravuga ko nta gihindutse impande zombi zizahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025.
-
Umunyemari Aliko Dangote ari mu Rwanda
16 November 2025, by Brenda MIZEROUmunyemari wo muri Nigeria, Aliko Dangote ari mu Rwanda, aho yitabiriye umwiherero uzwi nka ‘African Renaissance Retreat’, uhuza abashoramari n’abanyepolitike bakomeye muri Afurika.
-
Abaminisitiri bo muri EAC-SADC baharuye inzira iganisha RDC ku mahoro arambye
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaminisitiri b’ububanyi n’amahanga n’ab’ingabo bo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’amajyepfo (SADC) baharuye inzira yafasha uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubona amahoro arambye.
-
‘Ingabo za SADC zinjiye byeruye mu mirwano’ – M23
29 January 2024, by Dusingizimana RemyIngabo z’ibihugu by’ihuriro SADC zinjiye ‘byeruye’ mu mirwano n’inyeshyamba za M23, nk’uko bitangazwa n’umukuru w’uyu mutwe.
-
Komiseri w’amagereza wa Seychelles yasuye RCS basinyana amasezerano y’imikoranire
31 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, n’Urwego rw’Amagereza mu gihugu cya Seychelles basinyanye amasezerano agamije imikoranire; amahugurwa, ubushakashatsi, kuzamura imikorere y’amagororero n’ibindi byateza imbere Urwego rw’Igorora ku bihugu byombi.
-
Iran yateguje ibyago by’ibihe byose nyuma y’igitero yagabweho na Amerika
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIran yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishoye mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli ikagaba ibitero; bizagira ingaruka z’igihe kirekire.
Umuryango.rw
Imbere y’umuhuza, u Rwanda na RDC bateye indi ntambwe mu gukuraho FDLR
Amb Ngoga yashyikirije Guterres impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Loni
Hamenyekanye umunsi ibiganiro bya mbere bya M23 na RDC bizaberaho
Umunyemari Aliko Dangote ari mu Rwanda
Abaminisitiri bo muri EAC-SADC baharuye inzira iganisha RDC ku mahoro arambye
‘Ingabo za SADC zinjiye byeruye mu mirwano’ – M23
Komiseri w’amagereza wa Seychelles yasuye RCS basinyana amasezerano y’imikoranire
Iran yateguje ibyago by’ibihe byose nyuma y’igitero yagabweho na Amerika