Ikipe ya Rayon Sports yatsinze inyagiye Kiyovu Sports ibitego 4 ku busa; ibyo bamwe bise kuyihuhura dore ko itamerewe neza muri minsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rayon sport yandagaje Kiyovu,ihita igenera ubutumwa APR FC iyitegereje
2 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yemeye gutanga ubufasha mu gukura M23 mu duce yafashe
19 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame azafasha Uhuru Kenyatta kumvisha M23 ko igomba guhagarika imirwano igasubira mu birindiro byayo by’ibanze.
Uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta hamwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bumvikanye ko hakenewe ihagarikwa ry’intambara mu burasirazuba bwa Republika ya Demokrasi ya Congo ariyo mpamvu bemeye gufatanya kugira ngo bahagarike intambara,M23 ive no mu duce iherutse kwigarurira.
Radio Okapi iratangaza ko Perezida Kagame yemeye gufasha Uhuru Kenyatta (…) -
Perezida Chapo wa Mozambique yageze mu Rwanda
27 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, rugamije kongerera imbaraga umubano umaze imyaka myinshi hagati y’ibihugu byombi.
-
Perezida Kagame yahuye n’Umunyarweya Steve Harvey uri mu Rwanda
20 November 2024, by Joseph IradukundaUmunyarwenya, umukinnyi wa filime akaba n’umuyobozi w’ibiganiro bikomeye kuri Televiziyo zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Harvey, umaze iminsi mu Rwanda, yahuye na Perezida Kagame.
-
Umuryango wa Dorimbogo wahuye n’ihurizo ryo kumushyingura aho yifuje mbere yo gupfa
29 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIUmuryango wa Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka ’Dorimbogo’, uravuga ko utorohewe no kumushyingura aho yifuje mbere y’uko apfa.
-
Muri Congo batangiye gukingira icyorezo cya Ebola hanatangwa n’umuburo
15 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryatangiye gukingira abakozi b’inzego z’ubuzima n’abantu bahuye n’abanduye icyorezo cya Ebola, rivuga ko gishobora gukwirakwira kikagera no mu Bihugu by’abaturanyi.
-
SADC yacyuye intwaro zayo izinyujije mu Rwanda
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa 29 Mata, ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zari zifatanyije na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zacyuye ibikoresho byazo zibinyujije mu Rwanda.
-
Gutaha kw’ingabo za SADC ni ugushyigikira inzira y’amahoro – Minisitiri Nduhungirehe
30 April 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yaho ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, zari mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zitahiye ku munsi w’ejo ku wa Kabiri tariki 29 Mata 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko iyi ari intambwe nziza iganisha ku gushyigikira inzira y’amahoro.
-
U Burundi bwongeye gutunga u Rwanda urutoki mu mugambi wo kubutera
1 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo gushaka gutera igihugu, avuga ko afite ibimenyetso by’uko ruzabikora rwitwaje abantu bahunze igihugu cye nyuma yo kugira uruhare muri Coup d’état yo mu 2015.
-
Nyamagabe: Abayobozi 9 beguye nyuma y’iminsi mike Minisitiri Shyaka Anastase abasuye
12 September 2019, by Dusingizimana RemyAbayobozi 9 bo mu karere ka Nyamagabe barimo uwo mu karere,ab’imirenge,utugari beguye ku nshingano zabo kubera ahanini kunanirwa kubahiriza inshingano zabo bigatuma imibereho y’abaturage ihazaharira.
Umuryango.rw
Rayon sport yandagaje Kiyovu,ihita igenera ubutumwa APR FC iyitegereje
Perezida Kagame yemeye gutanga ubufasha mu gukura M23 mu duce yafashe
Perezida Chapo wa Mozambique yageze mu Rwanda
Perezida Kagame yahuye n’Umunyarweya Steve Harvey uri mu Rwanda
Umuryango wa Dorimbogo wahuye n’ihurizo ryo kumushyingura aho yifuje mbere yo gupfa
Muri Congo batangiye gukingira icyorezo cya Ebola hanatangwa n’umuburo
SADC yacyuye intwaro zayo izinyujije mu Rwanda
Gutaha kw’ingabo za SADC ni ugushyigikira inzira y’amahoro – Minisitiri Nduhungirehe
U Burundi bwongeye gutunga u Rwanda urutoki mu mugambi wo kubutera