Umunyarwanda Rurangwa Oswald wirukanwe ku butaka bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika kubera uruhare yagize muri jenoside yakorewe abatutsi,yagejejwe mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rurangwa Oswald wahamijwe ibyaha bya jenoside yagejejwe mu Rwanda [Yavuguruwe]
7 October 2021, by Dusingizimana Remy -
Biravugwa: CG (Rtd) Gasana Emmanuel yahawe imbabazi
21 December 2023, by Dusingizimana RemyAmakuru agera ku UMURYANGO aremeza ko CG (Rtd) Gasana Emmanuel wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yaba yahawe imbabazi ndetse ubu akaba ari mu rugo iwe atakibarizwa muri gereza nkuru ya Kigali i Mageragere.
-
Perezida Macron yavuze ku rugendo rwe rwa mbere agiye kugirira mu Rwanda
19 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa kabiri,nibwo Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko ’mu mpera z’uku kwezi kwa gatanu’ azasura u Rwanda, mu ruzinduko rugamije guhindura ibintu mu mubano.
-
Abakuru b’ibihugu by’akarere bateraniye i Addis Ababa ku kibazo cya DR Congo
17 February 2023, by TUYISENGE FabriceAbakuru b’ibihugu by’umuryango wa Africa y’iburasirazuba bateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia bayobowe na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Perezida João Lourenço wa Angola biga ku kibazo cy’umutekano mucye mu burasirazuba bwa DR Congo.
-
Rayon Sports yunamiye inzirakarengane zishyinguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro
8 April 2023, by Dusingizimana RemyUmuryango wa Rayon Sports wunamiye inzirakarengane zishyunguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro, zazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Rayon Sports yabanje gukora urugendo rwo kwibuka ku nshuro ya 29 inzirakarengane zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,rwasojwe no gusura uru rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro.
Iki gikorwa cyabaye uyu munsi tariki ya 08 Mata 2023.
Perezida w’Umuryango wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko bakoze uru rugendo mu rwego rwo kwibuka no guha (…) -
Guma mu rugo yuzuye turayikozaho imitwe y’intoki-Minisitiri Busingye
18 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston, yahishuye ko kuba benshi mu Banyarwanda baranze kumvira amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 bigiye gutuma Guma mu rugo mu gihugu cyose igaruka.
-
Imwe mu mihanda ya Kigali yafunzwe
1 December 2019, by Martin MunezeroPolisi y’u Rwanda yatangaje zimwe mu mpinduka zizagaragara mu ikoreshwa ry’imwe mu mihanda yo muri Kigali mu gihe u Rwanda ruzaba rwakira inama mpuzamahanga yiga ku cyorezo cya Sida (ICASA).
-
RDC: Urubanza rw’umusirikare wa FARDC uregwa kwicira abantu mu rusengero rwasubitswe
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusirikare witwa Médard Katonzi, uherutse kurasira abantu mu rusengero rwitwa ‘Bethsaïda Ministry church’ rwaburanishijwe kuri uyu wa Kabiri taliki 13 Gicurasi 2025, ariko ntihatangwa umwanzuro bituma rwiburirwa undi munsi.
-
David Lappartient wa UCI yateguje andi marushanwa mu Rwanda
26 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient, yagaragaje ko imitegurire myiza y’u Rwanda ishobora kuzatuma ruhabwa andi masiganwa akomeye nka Shampiyona y’Isi y’Amagare akinirwa mu misozi izwi nka ‘Mauntain Bike’.
-
Perezida Kagame yakebuye abayobozi n’abaturage bagitekereza ko indonke ziri mu mahanga
30 April 2022, by Joseph IradukundaMu Nama Nkuru y’Umuryango FPR Inkotanyi yari iri kuba ku nshuro ya 15,Perezida Kagame yababwiye ko bakwiriye kurangwa n’imico myiza ndetse n’indangagaciro zo kwishakamo ibisubizo, bumva ko uko byagenda kose igihugu n’abaturarwanda bagomba kubaho.
Umuryango.rw
Rurangwa Oswald wahamijwe ibyaha bya jenoside yagejejwe mu Rwanda [Yavuguruwe]
Biravugwa: CG (Rtd) Gasana Emmanuel yahawe imbabazi
Abakuru b’ibihugu by’akarere bateraniye i Addis Ababa ku kibazo cya DR Congo
Rayon Sports yunamiye inzirakarengane zishyinguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro
Guma mu rugo yuzuye turayikozaho imitwe y’intoki-Minisitiri Busingye
RDC: Urubanza rw’umusirikare wa FARDC uregwa kwicira abantu mu rusengero rwasubitswe
David Lappartient wa UCI yateguje andi marushanwa mu Rwanda
Perezida Kagame yakebuye abayobozi n’abaturage bagitekereza ko indonke ziri mu mahanga