Kuwa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 26 Kamena 2020,nibwo hazaba umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Petero Nkurunziza wahitanwe no guhagarara k’umutima kuwa 08 Kamena uyu mwaka mu bitaro bya Hôpital du cinquantenaire Natwe Turashoboye bya Karuzi, biri mu bikomeye mu gihugu hafi y’umurwa mukuru, Gitega.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
22 June 2020, by Dusingizimana Remy -
P.Kagame ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu ruzinduko rw’akazi
23 November 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Republika Paul Kagame kuri uyu wa kane yageze i Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu.
Amakuru yatangajwe ku rukuta rwa twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, avuga ko perezida Kagame yanagiranye ibiganiro na HH Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan, igikomangoma cya Abu Dhabi akaba n’umuyobozi w’ikirenga wungirije w’ingabo za Leta zunze ubumwe z’abarabu.
Umukuru w’Igihugu na Sheikh Mohamed Bin Zayed baganiriye ku mubano mwiza uri hagati ya UAE n’u Rwanda no ku (…) -
Intambara muri DR Congo: Perezida w’Ubumwe bw’Uburayi yizeye ibiganiro by’i Dar es Salaam
6 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida w’inama nkuru y’Ubumwe bw’Uburayi yavuze ko yizeye ko mu nama igiye kubera i Dar es Salaam hazaba ibiganiro byubaka kandi ko "igisubizo kirambye ku mahoro mu karere kigomba kuboneka"
-
Arakaze , ni igitangaza aranarenze -Pererezida Biden ashimagiza Kamala Harris
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMu minsi ishize, nibwo byatangajwe ko Perezida Biden yemeye kutazahagararira ishyaka y’Abademokarate arinaryo abarizwamo nyuma y’igitutu yokejwe n’abo mu ishyaka rye.
-
RBC yatangaje uko abantu 7 basanganywe Coronavirus mu Rwanda bameze
17 March 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cy’Ubuzima [RBC]kiravuga ko abantu 7 bafite indwara ya COVID-19 Coronavirus bari kwitabwaho n’abaganga babihuguriwe ku buryo ubuzima bwabo bumeze neza ndetse ntawe uurembye.
-
Insengero zakomorewe nyuma y’igihe kinini zifunze kubera COVID-19
16 July 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 15 Nyakanga 2020,iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yemeje ko insengero zemerewe gusubukura ibikorwa byazo ariko inzego z’ibanze zibanje kureba ko hubahirijwe amabwiriza ya Minisiteri y’ubuzima yo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19.
-
Kagame yakiriye Perezida Nyusi wabimburiye abayobozi bategerejwe mu Rwanda
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestUrugendo rwa Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ni rwo rwabimburiye urw’abandi ba perezida barimo uw’u Bushinwa Zi Jinping na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi bateganya kugirira mu Rwanda.
-
Reba urutonde rw’abakuru b’ibihugu bategerejwe mu Rwanda ku munsi w’ejo mu birori by’umunsi wo Kwibohora
3 July 2019, by Martin MunezeroMinisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri Stade Amahoro.
-
Perezida Kagame yabwiye abashaka guhungabanya u Rwanda ko bitoroshye nk’imibare yo guteranya
26 October 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda bitwaje ko na FPR Inkotanyi ariko yatangiye mu 1990 bitazabahira ngo kuko s’ink’imibare yo guteranya.
-
Reba amateka y’ubuzima bwa Kizito Mihigo kuva afite imyaka 9
18 February 2020, by Martin MunezeroMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 17 Gashyantare 2020, nibwo I Rwanda hatashye inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’izikangurira abantu kubana mu mahoro, ubumwe n’ubwiyunge.
Umuryango.rw
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
Intambara muri DR Congo: Perezida w’Ubumwe bw’Uburayi yizeye ibiganiro by’i Dar es Salaam
Arakaze , ni igitangaza aranarenze -Pererezida Biden ashimagiza Kamala Harris
RBC yatangaje uko abantu 7 basanganywe Coronavirus mu Rwanda bameze
Insengero zakomorewe nyuma y’igihe kinini zifunze kubera COVID-19