Perezida Tshisekedi yagaragaje ko ababazwa no kuba amahanga adafatira ibihano u Rwanda mu gihe arushinja gufasha M23 mu ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa RDC ndetse yemeza ko ashengurwa no kubona Perezida Kagame yubahwa n’amahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Tshisekedi ababajwe nuko Kagame acyubashwe n’amahanga anemeza ko FARDC iri gutsinda M23
30 March 2024, by Dusingizimana Remy -
RIB yataye muri yombi abantu 4 bakekwaho kwica umukecuru wo mu karere ka Kamonyi
2 November 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha[RIB] rwafashe Ngenzi Damascene, Mutabaruka Vedaste na Niyitegeka Janvier bakekwaho kwica Nyirampfakaramye Virginie tariki ya 28 Ukwakira 2020, babisabwe na Uwimana Alphonsine bikekwako bari bafitanye amakimbirane yo mu muryango, uyu nawe akaba yamaze gufatwa.
-
Ange Kagame yasoje ikiciro cya gatatu cya Kaminuza
20 May 2019, by Martin MunezeroIngabire Ange Kagame, umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyikirijwe impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu cya Kaminuza nyuma yo gusoza amasomo ye muri Kaminuza ya Columbia iherereye i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
-
Perezida Kagame yahaye ubutumwa abaperezida baheruka kuvuga ko bagiye gukora impinduka mu Rwanda
24 January 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi baheruka kwigamba ko bagiye gukora impinduka mu Rwanda ko bakwiriye kubanza kuzikora iwabo ndetse anaberurira ko batabishobora.
-
Ntiharamenyekana icyatumye amafi menshi yo mu mugezi wa Mukungwa apfira rimwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ akarere ka Musanze bwatagangaje ko hakirimo gukorwa iperereza ngo hamenyekanye icyateye amafi menshi yo mu mugezi wa Mukungwa gupfira rimwe.
-
Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo Nyirasafari na Mukabaramba Alvera
20 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze gushyiraho abasenateri bane nkuko abyemererwa n’itegeko barimo Nyirasafari Esperance wari Minisitiri wa Siporo n’umuco na Mukabaramba Alvera wari Umunyamabanga wa Leta muri MINALOC.
-
Hagaragaye ifoto ya Kizito Mihigo afite igikapu ari hafi y’umupaka w’u Burundi
13 February 2020, by Dusingizimana RemyKu mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru hagaragaye ifoto ya Kizito Mihigo afite igikapu ari kumwe n’abandi bagabo 2 aho bivugwa ko yari ahitwa ku Ruheru mu mu murenge wa Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru hafi y’umupaka w’u Burundi.
-
Sobanukirwa iby’ubutaka buri mu mujyi wa Kigali butabyazwa umusaruro bugiye gushyirwa mu bubiko bw’ubutaka
15 November 2019, by Martin MunezeroKu wa mbere tariki 11 Ugushyingo 2019 nibwo umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye gufatira ibibanza yaba ibya leta n’iby’abantu ku giti cyabo bitabyazwa umusaruro n’inyubako zadindiye none zikaba zarahindutse indiri y’ibisambo n’abajura.
-
Kabila yageze i Goma
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila Kabanga wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yaraye ageze mu Mujyi wa Goma ugenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
-
Chelsea FC yegukanye igikombe cya kabiri cya UEFA Champions League mu mateka yayo
30 May 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Chelsea yatsinze igitego 1-0 Manchester City,bituma yegukana igikombe cya kabiri cya UEFA Champions League mu mateka yayo nyuma y’icyo yaherukaga muri 2012 itsinze Bayern Munich.
Umuryango.rw
Perezida Tshisekedi ababajwe nuko Kagame acyubashwe n’amahanga anemeza ko FARDC iri gutsinda M23
Perezida Kagame yahaye ubutumwa abaperezida baheruka kuvuga ko bagiye gukora impinduka mu Rwanda
Kabila yageze i Goma