Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butishimiye kubona Umunyarwandakazi ayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) kugeza aho Perezida w’iki gihugu, Félix Antoine Tshisekedi atacyifuza ko bahura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo
11 February, by Brenda MIZERO -
Aba mbere bamaze guhabwa urukingo rwa Covid-19 mu Rwanda
14 February 2021, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwatangije gahunda yo gukingira Covid-19,yatangiriye ku bafite ibyago byo kwandura kurusha abandi by’umwihariko abita ku barwaye iyi virus mu mavuriro, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubuzima.
-
Perezida Kagame yageze muri Azerbaijan mu nama ya 29 yiga ku mihindagurikire y’ibihe
12 November 2024, by Joseph IradukundaUmukuru w’Igihugu Paul Kagame yageze i Baku muri Azerbaijan kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ugushyingo 2024, aho yifatanije n’abandi bakuru b’ibihugu ku Isi mu nama ya mbere nini y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ibihe (UN Climate Change Conference, COP29).
-
Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo kurenga ku mabwiriza yagengaga ibirindiro (BSOs).
-
APR FC yigobotoye bigoranye Etincelles yisubiza umwanya wa mbere
19 February 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yisubije umwanya wa mbere w’agateganyo muri shampiyona nyuma yo gutsinda Etincelles FC ibitego 4-2.
Mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona, ikipe ya APR FC yabanje kugirwa na Etincelles FC ariko mu minota ya nyuma ibona amanota 3.
APR FC Yafunguye amazamu ku munota wa 4 w’umukino,ku gitego cyatsinzwe na Nshuti Innocent.
Ntubyatinze ku munota wa 34 APR FC Itsinda igitego cya kabiri ibifashijwemo na Bizimana Yannick.
Etincelles FC yaje kwishyura igitego kimwe ku munota (…) -
Iryavuzwe ryatashye: Umupaka wa Gatuna wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’imyaka 3 ufunzwe
31 January 2022, by Dusingizimana RemyTariki 31 Mutarama 2022,n’ umunsi utazibagirana ku mubano w’u Rwanda na Uganda wari umaze imyaka isaga 4 urimo agatotsi aho hafunguwe umupaka wa Gatuna ku mugaragaro.
Kuva saa sita zuzuye zo kuri uyu wa Mbere,umupaka wa Gatuna wongeye gufungurwa uba nyabagendwa nyuma y’imyaka itatu ufunze.
Ifungurwa ry’uyu mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, si inkuru nshya kuko yamenyekanye mu ijoro ryo ku wa Gatanu w’icyumweru gishize mu itangazo ryashyizwe hanze na Guverinoma y’u Rwanda (…) -
Sena yiyemeje gutumiza Minisitiri w’Intebe kubera urusobe rw’ibibazo biri mu midugudu
23 February 2022, by Dusingizimana RemyInteko Rusange ya Sena yafashe umwanzuro wo gutumiza Minisitiri w’Intebe kugira ngo azatange ibisobanuro mu magambo ku ngamba zo gukemura ibibazo biri mu Midugudu y’icyitegererezo n’indi Leta ituzamo abadafite aho baba.
Ibi bibazo byagaragajwe muri raporo ya komisiyo idasanzwe yashyizweho na Sena yari yahawe inshingano zo kubicukumbura mu gihe cy’ukwezi abayigize bamaze bazenguruka hirya no hino mu gihugu ahasuwe igera kuri 67 irimo 36 y’icyitegererezo na 31 isanzwe.
Leta y’u Rwanda (…) -
Perezida Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu na za Guverinoma batangije icyumweru cyo #kwibuka 25[AMAFOTO]
7 April 2019, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru taliki ya 07 Mata 2019,nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, n’abakuru b’ibihugu bitandukanye bashyize indabo ku mva z’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguwe ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku gisozi ndetse bacana urumuri rw’icyizere.
-
Nyabugogo: Ushinzwe umutekano yavuze amagambo yuzuye ingengabitekerezo ya Jenoside bituma abantu 17 bahungabana
11 April 2019, by Dusingizimana RemyUmusekirite wo mu isoko rya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, yabwiye umuntu bari kumwe ko yamutema n’ intebe yicayeho akayitemagura, bituma abantu 17 bahungabana bikomeye bajyanwa mu bitaro bya Muhima.
-
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abamunzwe n’urwango
29 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yasobanuye uburyo abamunzwe n’urwango bahinduye igisobanuro cy’ijambo ‘Ubwenge’ bagamije inabi.
Umuryango.rw
Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo
Aba mbere bamaze guhabwa urukingo rwa Covid-19 mu Rwanda
Perezida Kagame yageze muri Azerbaijan mu nama ya 29 yiga ku mihindagurikire y’ibihe
Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe
APR FC yigobotoye bigoranye Etincelles yisubiza umwanya wa mbere
Iryavuzwe ryatashye: Umupaka wa Gatuna wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’imyaka 3 ufunzwe
Sena yiyemeje gutumiza Minisitiri w’Intebe kubera urusobe rw’ibibazo biri mu midugudu
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abamunzwe n’urwango