Abakunzi b’umuziki w’icyamamare Davido bagiye kongera kugira ibihe byihariye, kuko uyu muhanzi w’umunya-Nigeria uzwi ku ndirimbo zakunzwe hirya no hino, agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo kizabera muri BK Arena ku itariki ya 5 Ukuboza 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Davido utegerejwe i Kigali ahagaze ate mu muziki?
20 October 2025, by Brenda MIZERO -
Mali yacanye umubano na Ukraine
5 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMali iravuga ko yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Ukraine, nyuma y’uko umuyobozi wa gisirikare avuze ko Kyiv yagize uruhare mu mirwano iherutse kuba hafi y’umupaka na Algeria mu kwezi gushize.
-
Kayonza: Paul Kagame yongeye gusobanura icyo gutora FPR n’umukandida wayo bivuze
8 July 2024, by EmmyUbwo Paul Kagame yimamarizaga i Kayonza kuri iki Cyumweru yavuze ko Kuyobora Abanyarwanda na FPR ntako bisa yongeraho ko Ingorane Abanyarwanda bazinyuzemo ndetse bakaba barazisize inyuma ahasigaye ari ukureba imbere.
-
Hadutse inkubiri ikomeye yo kwamagana irushanwa rya Super League i Burayi
21 December 2023, by Dusingizimana RemyAmakipe arimo Man United, Atlético Madrid, Bayern, PSG n’amakipe menshi ya La Liga harimo Sevilla, Valencia, Villarreal batangaje ko biyunze na Super League.
-
M23 na Kinshasa bagiye gusubira mu biganiro i Doha ’vuba’
4 July 2025, by Joseph IradukundaUmujyanama mukuru wa Perezida Trump kuri Afurika avuga ko ibiganiro hagati ya leta ya Kinshasa na M23 bishobora kugera "ku cyiciro cya nyuma" muri iki cyumweru, gusa amakuru avuga ko intumwa z’impande zombi zisubira i Doha mu mpera z’iki cyumweru.
-
“Sinabuza abantu kuvuga icyo bashaka kuvuga” Perezida Kagame ku bamugereranya na Putin
4 February 2025, by Joseph IradukundaUmunyamakuru Larry Madowo yabwiye Perezida Kagame ko hari abamugereranya na Vladmir Putin w’u Burusiya ku bibazo afitanye na Ukraine, aho yafashije inyeshyamba gufata agace ka Donbad mu 2014.
-
Minisitiri w’ingabo wa Afurika y’Epfo ntiyishimiye ko RDF na RNP bageze muri Mozambique mbere ya SADC
12 July 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ingabo w’Afurika y’epfo Nosiviwe Mapisa-Nqakula yavuze ko ingabo z’u Rwanda zitagombaga kugera mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique mbere yuko ingabo z’ibihugu byo mu karere zihagera.
-
M23 yashinje FARDC gukora ibikorwa nk’iby’interahamwe
23 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 washinje Ingabo za RDC zizwi nka "FARDC" gukora ibikorwa byinshi bigambiriye kurimbura Abatutsi bo muri Congo.
Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022,M23 yavuze ko izo ngabo zikusanyiriza hamwe Abatutsi zikabahuriza mu mavuriro no ku ma paruwasi ndetse ko zishobora kubarimbura.
Ibi bije mu gihe ikomeje guhangana n’Ingabo za Leta mu rugamba rwatumye uyu mutwe wigarurira uduce twinshi.
Yagize iti "Urugero nko muri Masisi. Iryo huriro ryasabye (…) -
Sugira Ernest yakoreye ibitangaza muri Ethiopia ahesha ishema u Rwanda
22 September 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Sugira Ernest uri mu bihe byiza cyane yikaraze mu kirere atsinda igitego cy’akataraboneka cyafashije u Rwanda gutera intambwe ikomeye yo kuba yakwerekeza mu mikino ya CHAN 2020 nyuma yo gutsindira Ethiopia iwayo igitego 1-0.
-
U Rwanda na RDC byasinye umushinga w’amasezerano mu by’ubukungu
8 November 2025, by Brenda MIZEROU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku mushinga wose w’amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu; intambwe ikomeye ibanziriza gusinya amasezerano.
Umuryango.rw
Davido utegerejwe i Kigali ahagaze ate mu muziki?
Mali yacanye umubano na Ukraine
Kayonza: Paul Kagame yongeye gusobanura icyo gutora FPR n’umukandida wayo bivuze
Hadutse inkubiri ikomeye yo kwamagana irushanwa rya Super League i Burayi
M23 na Kinshasa bagiye gusubira mu biganiro i Doha ’vuba’
“Sinabuza abantu kuvuga icyo bashaka kuvuga” Perezida Kagame ku bamugereranya na Putin
Minisitiri w’ingabo wa Afurika y’Epfo ntiyishimiye ko RDF na RNP bageze muri Mozambique mbere ya SADC
M23 yashinje FARDC gukora ibikorwa nk’iby’interahamwe
U Rwanda na RDC byasinye umushinga w’amasezerano mu by’ubukungu