Perezida João Lourenço wa Angola ku wa Kane tariki ya 28 Ugushyingo yahamagaye kuri telefoni mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, baganira ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC ndetse no ku bibazo icyo gihugu gifitanye n’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame na Lourenço baganiriye ku bibazo bya RDC n’u Rwanda
29 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa
26 February 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’Uburundi iremeza ko hapfuye abantu 9 barimo abagore 6 n’umusirikare mu bitero by’abantu bitwaje intwaro byagabwe i Buringa na Gihanga mu ijoro ryo ku ya 25 Gashyantare 2024.
-
Protais Musoni yagaragaje ko ubukoloni bukiri mu Banyafurika butuma badashyira hamwe
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Pan- African Movement mu Rwanda Protais Musoni yavuze ko impamvu Afurika biyogora gushyirahamwe biyigora ariko yagize igihe kinini cy’ ubukoloni no kumvisha ko iby’ Abanyafurika atari byiza.
-
Madamu Jeannette Kagame yasabiye abana ijambo mu igenamigambi
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUbwo hizihizwaga umunsi w’umwana w’umunyafurika, umufasha wa Perezida wa Repubulika y’uRwanda Jeannnette Kagame yasabye inzego z’ubuyobozi kujya zizirikana abana bato mu gihe zikora igena migambi kuko ari bo gishoro cy’ejo hazaza.
-
Perezida Paul Kagame yasabye abanyarwanda kuraga indangagaciro z’ubutwari abazabakomokaho
1 February 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika yifurije abanyarwanda bose umunsi mwiza w’Intwari utizihijwe nkuko bisanzwe kubera icyorezo cya Covid-19 kizengereje isi yose n’u Rwanda muri rusange.
-
Mu buryo butari bwitezwe, Tshisekedi na Kagame bahuriye i Doha
19 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha ku mahoro arambye, nk’uko ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Qatar ibivuga.
-
Dushobora kugenda ibilometero 2000 turwana - Kagame aburira abahigira gutera u Rwanda
4 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yaburiye umuntu wese wigamba ko azatera u Rwanda, avuga ko rushobora kuba rudafite ubushobozi nk’ubwe mu bikoresho ariko rufite ubushobozi bwo kumusanga aho ari rukamurwanya.
-
Umukecuru w’ imyaka 80 Perezida Kagame yahaye amarinete arakataje mu gushyigikira uburezi
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru Bwabuhe w’ imyaka 80 y’ amavuko Perezida Kagame yemereye amarinete ubwo aheruka mu karere ka Nyaruguru arashimira Perezida Kagame ko amarinete yayahawe bidatinze ubu akaba akataje mu kwiga Ururimi rw’ Icyongereza.
-
Hamenyekanye akayabo gashobora gucibwa abazanye umuceri utujuje ubuziranenge u Rwanda
18 March 2024, by Dusingizimana RemyKomiseri ushinzwe gasutamo mu Kigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, Mwumvaneza Félicien, yavuze ko abacuruzi binjije mu gihugu umuceri utujuje ubuziranenge bashobora gucibwa amande ya miliyoni 12 Frw ndetse bakanakurikiranwa mu mategeko.
-
Kim Jong-Un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden mu ijambo ryo kwizihiza isabukuru ye
12 January 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kim Jong-un wa Koreya ya ruguru uherutse kuzuza imyaka 37 y’amavuko afite urutonde rurerure ibyifuzo by’intwaro nshyashya kandi zikaze.
Umuryango.rw
Perezida Kagame na Lourenço baganiriye ku bibazo bya RDC n’u Rwanda
Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa
Mu buryo butari bwitezwe, Tshisekedi na Kagame bahuriye i Doha
Dushobora kugenda ibilometero 2000 turwana - Kagame aburira abahigira gutera u Rwanda
Hamenyekanye akayabo gashobora gucibwa abazanye umuceri utujuje ubuziranenge u Rwanda