Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 09 Gicurasi 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda,yayoboye inama y’ingabo,yabereye mu Ishuri rya Gisirikare rya Gako.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ifoto y’umunsi: Perezida Kagame yagaragaye yambaye agapfukamunwa mu nama yagiranye n’aba Ofisiye I Gako [AMAFOTO]
9 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Bamporiki wemeye kurya ruswa ya miliyoni 5 yashinjwe kwaka indi ya miliyoni 10 FRW
21 September 2022, by Dusingizimana Remy, Joseph IradukundaKuri uyu wa 21 Nzeri 2022,Urukiko rwaburanishije mu mizi urubanza rwa Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco.
Bitandukanye n’uko ubushize yari yaje atunganiwe, uyu munsi Bamporiki yari yunganiwe na Me Evode Kayitana na Me Habyarimana Jean Baptiste.
Uruhande rwa Bamporiki rwabanje kugaragaza inzitizi ku bubasha bw’urukiko, aho basobanuye ko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutagombaga kuburanisha uru rubanza, ahubwo rwagombaga kujyanwa mu (…) -
Indege ya Kenya Airways yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege i Kanombe
17 December 2023, by Dusingizimana RemyIndege ya Kenya Airways yagombaga kugwa i Kigali ahagana saa mbili za mu gitondo uyu munsi yageze mu kirere cya Kigali igerageza kururuka inshuro ebyiri biranga maze isubira i Nairobi igwayo neza hafi saa yine z’igitondo, nk’uko iyo kompanyi y’indege ibitangaza.
-
Twinjirane muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare ku munsi wayo wa 5
25 September 2025, by ISIMBI EstellaAbakunzi b’umukino w’amagare, abategura shampiyona ndetse n’abakinnyi baturutse mu bihugu 132, bakomeje kuryoherwa n’ubwiza bw’u Rwanda rugizwe n’imisozi igihumbi.
-
Abantu 5 nibo basanganywe Coronavirus muri 1,036 basuzumwe kuri uyu wa Gatanu
10 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda habonetse abantu batanu banduye Coronavirus mu bipimo 1,036 byafashwe.
-
Ifoto y’Umunsi:Ifoto ya Perezida Kagame agenda mu mvura yazamuye amarangamutima y’abakoresha imbuga nkoranyambaga[AMAFOTO]
30 October 2020, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaye agenda mu mvura ubwo yari mu Ishuri Rikuru rya gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera aho yari yagiye kuganiza abanyeshuri bitegura kuba Abofisiye mu ngabo z’u Rwanda bahiga.
-
RDC yashinje U Rwanda kwanga ko gusenya FDLR no gucyura RDF bibera icya rimwe
9 October 2024, by Joseph IradukundaDR Congo irashinja u Rwanda gushyira amananiza mu masezerano y’amahoro ya Luanda. Thérèse Kayikwamba Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga wa DR Congo yavuze ko atari bo batumye amasezerano ya Luanda ahagarara.
-
Iyo mpuye na we biba bimeze nko guhura na Data - Sherrie Silver kuri Perezida Kagame
28 October 2025, by Brenda MIZEROMu ijwi rituje, ryuje impuhwe n’icyubahiro, ryumvikanisha amarangamutima y’umwana w’umukobwa ubwira se watumye akura yizera ko inzozi zishoboka, ni ijwi rya Sherrie Silver, umubyinnyi Mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi wamamaye ku ruhando rw’Isi, wagiriwe umugisha wo guhura na Perezida Paul Kagame.
-
Imodoka z’uturere zaramukiye mu gikorwa cyo kugeza inkingo za Covid-19 hirya no hino mu Rwanda
4 March 2021, by Dusingizimana RemyImodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu, muri iki gitondo zaramukiye i Masoro ahabitse inkingo za #COVID19, aho zigiye kujyana inkingo zizifashishwa muri gahunda yo gukingira izatangira mu gihugu cyose kuri uyu wa Gatanu.
Abayobozi b’ibitaro baje gufata inkingo za COVID-19 baje bitwaje ibikoresho bikonjesha byagenewe gutwarwamo ingingo zikavanwa mu cyumba kibitsemo inkingo zigashyirwa muri ibyo bikoresho.
Minisiteri y’Ubuzima yatangarije kuri Twitter yayo ko inkingo za (…) -
FARDC yishe abarwanyi 4 ba FDLR inafata mpiri umu Ofisiye wayo
10 October 2020, by Dusingizimana RemyInyeshyamba z’umutwe w’iterabwoba wa FDLR zigizwe ahanini n’abasize bahekuye u Rwanda mu 1994, zatakaje ingabo enye ndetse n’undi mu-ofisiye wazo afatwa mpiri, mu mirwano ikomeje guca ibintu hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira ya Congo (FARDC) n’izo nyeshyamba zifatanyije n’undi mutwe wa Mai Mai CMC, uyobowe na Gen Dominiko, iri kubera mu gace ka Bukombo.
Umuryango.rw
Bamporiki wemeye kurya ruswa ya miliyoni 5 yashinjwe kwaka indi ya miliyoni 10 FRW
Indege ya Kenya Airways yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege i Kanombe
Twinjirane muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare ku munsi wayo wa 5
Abantu 5 nibo basanganywe Coronavirus muri 1,036 basuzumwe kuri uyu wa Gatanu
RDC yashinje U Rwanda kwanga ko gusenya FDLR no gucyura RDF bibera icya rimwe
Iyo mpuye na we biba bimeze nko guhura na Data - Sherrie Silver kuri Perezida Kagame
FARDC yishe abarwanyi 4 ba FDLR inafata mpiri umu Ofisiye wayo