Imirwano yumvikanye “hafi umunsi wose” ku wa kane mu gace kegereye umujyi wa Goma hagati y’umutwe wa M23 n’uruhande rw’ingabo za leta, imirwano abo muri ako gace bavuga ko yari ikomeye ku buryo butaherukaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
M23 iraburira intambara yeruye Nyuma y’imirwano “ikomeye cyane” yo ku wa kane
13 September 2024, by Joseph Iradukunda -
U Rwanda rwabwiye RDC icyo yakora ngo rukureho ingamba z’ubwirinzi
5 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda ruzakuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyize ku mupaka mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR uzaba wasenywe.
-
Perezida Kagame yasubije abibaza ku Rwanda igihe azaba atakiruyobora
15 March 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagaragaje ko abantu badakwiriye guhangayikira u Rwanda rwa nyuma ye kuko rumaze igihe rwubaka inzego n’abantu.
-
U Rwanda mu nzira yo kwiyongera ku bihugu bitanu by’ Afurika bitunze ibyogajuru
12 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Werurwe 2018 I Kigali hatangijwe amahugurwa yahuje ibihugu mu rwego rwo kongera ubumenyi bwo gukoresha ibyogajuru dore ko ari cyo kibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo.
Icyogajuru ni ingirakamaro ku gihugu kuko gituma igihugu kimenya amakuru yizewe yakwifashishwa mu iteganyagihe no mu buhinzi kuko kiba gihugu ubushobozi bwo kureba ahantu hose.
Abitabiriye aya mahugurwa bemeza ko ikibura ngo buri gihugu cy’ Afurika kigire icyogajuru cyacyo ari (…) -
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Umutekano
10 December 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Bwana Alfred Gasana.
Gasana wagizwe Minisitiri mushya w’Umutekano, yigeze kuba mu Nteko Ishinga Amategeko, umwanya yavuyeho ahabwa inshingano mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Umutekano n’Iperereza, NISS.
Muri NISS yari akuriye umutekano w’imbere mu gihugu. -
Reba uburyo umuriro watse hagata y’abakunzi batari bake b’irushanwa rya Miss Rwanda batishimiye abakobwa 2 baraye bambitswe ikamba[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryakeye abakobwa 3 bari muri Bootcamp baraye bambwitswe amakamba atandukanye ariyo Miss Heritage, Miss Photogenic ndetse na Miss Congeneality, gusa nyuma yitorwa ry’abakobwa ubu ikiri kuvugwa ni amanyanga akomeye ari gukorerwa muri Boot Camp.
-
Perezida Kagame yahishuye impamvu yatumiye Emir wa Qatar mu nama ya CHOGM 2022
25 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yashimiye Tamim bin Hamad Al Thani, Emir wa Leta ya Qatar, agaragaza ko ubuyobozi bwe mu bijyanye n’umutekano w’ingufu, ibikorwa by’ubutabazi no kurwanya ruswa ari ntagereranywa.
Nyakubahwa Tamim bin Hamad yari umushyitsi wihariye mu nama y’abayobozi b’ibihugu bigize umuryangi wa Commonwealth (CHOGM) yatangijwe ejo ku mugaragaro i Kigali,ndetse Perezida Kagame akaba agomba gutangira imirimo yo kuba umuyobozi w’uyu muryango w’ibihugu 54.
Ku mugoroba wo ku wa kane, (…) -
Amafoto:Abaturage ba Nyamagabe biteguye kwakira Perezida Paul Kagame
26 August 2022, by ISHIMWE JANEAbaturage ba Nyamagabe biteguye kwakira Paul Kagame mu byishimo byinshi kuri uyu wa 26 Kanama 2022 ku Kibuga cy’Umupira cya Nyagisenyi.
-
Perezida Macron yafunguye dosiye zigaragaza imikoranire ya Habyarimana na François Mitterand
8 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yafunguye ubushyinguranyandiko bwa François Mitterrand wahoze ari Perezida w’iki gihugu ndetse na Édouard Balladur wari Minisitiri w’Intebe wacyo, zifitanye isano n’uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
-
Rusizi: Ikamyo yagonze ivatiri umugore n’ umugabo barapfa, abana barakomereka
1 November 2018, by Nsanzimana ErnestIkamyo yataye umukono wayo igongana n’ ivatiri yari itwawe n’ umugore, uyu mugore n’ umugabo yari atwaye barapfa , umushoferi w’ ikamyo atabwa muri yombi n’ inzego z’ umutekano. Abana bane barakomeretse.
Umuryango.rw
M23 iraburira intambara yeruye Nyuma y’imirwano “ikomeye cyane” yo ku wa kane
U Rwanda rwabwiye RDC icyo yakora ngo rukureho ingamba z’ubwirinzi
Perezida Kagame yasubije abibaza ku Rwanda igihe azaba atakiruyobora
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Umutekano
Perezida Kagame yahishuye impamvu yatumiye Emir wa Qatar mu nama ya CHOGM 2022
Amafoto:Abaturage ba Nyamagabe biteguye kwakira Perezida Paul Kagame