Ubwo yari imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro Sengabo Jean Bosco wamenyekanye nka ‘Fatakumavuta’ yavuze ko atiteguye kuburana kuko batabonye dosiye ngo bihuze n’urubanza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Imbere y’Urukiko Fatakumavuta yanze kuburana avuga ko atiteguye
31 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Ibyo kwitega mu biganiro Perezida w’Ubushinwa aragirana n’uw’Uburusiya arasura
20 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida w’Ubushinwa Xi Jinping agiye kugirira uruzinduko rwe rwa mbere mu Burusiya kuva iki gihugu cyatera Ukraine mu mwaka ushize, ndetse byitezwe ko agirana ibiganiro na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin.
Umwanditsi mukuru wacu ku Burusiya Steve Rosenberg n’umunyamakuru wacu ukorera mu Bushinwa Stephen McDonell, aha baribaza ku byo buri ruhande rushobora kungukira mu biganiro, ndetse no ku byo tuzi ku mubano hagati y’ibi bihugu bibiri.
Putin arimo gushaka ubufasha ku nshuti
BBC (…) -
Sankara yamaganye ubushinjacyaha ngo bushaka kumuheza muri gereza agasaza atarongoye "ihogoza"rye
2 February 2022, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire kudaha agaciro ubusabe bwa Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara na bagenzi be bifuza kongera kugabanyirizwa igihano.
Ubushinjacyaha bwatangiye bugaragariza Urukiko rw’Ubujurire ko Sankara yari kugabanyirizwa ku bw’impamvu nyoroshyacyaha ariko igihano ntikijye munsi y’imyaka 25 nk’igito giteganywa n’Itegeko.
Bwibukije ko kuba yaragabanyirijwe agakatirwa imyaka 20 bitanamwemerera kongera gusaba kugabanyirizwa kuko Urukiko rw’Ikirenga mu manza (…) -
Rubavu: Hitezwe umuhuro wa Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi ku mupaka
25 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, barahurira i Rubavu aho baza gusura ibice byangijwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ku mpande z’ibihugu byombi.
-
Perezida Kagame yagarutse cyane ku kibazo cya RDC mu ijambo risoza umwaka
31 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashimiye Abanyarwanda kwihangana no kudatezuka bagaragaje muri 2022, abasaba gukomerezaho mu mwaka mushya wa 2023.
Mu ijambo risoza umwaka wa 2022, yashimiye Abanyarwanda uko babashije gukemura ibibazo ndetse abasaba kudatezuka muri 2023.
Yagize ati “Twashoboye gukemura ibibazo biremereye harimo n’icyorezo cya Covid-19, twatangije icyiciro cya kabiri cy’Ikigega Nzahurabukungu cyashyizweho mu rwego rwo guhangana n’ingaruka za Covid-19 none ubukungu bw’igihugu cyacu (…) -
Iyo badusaba imfashanyo tuba twarayibahaye – Perezida Kagame
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukuru w’Igihugu akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko iyo u Rwanda rusabwa imfashanyo yo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iba yararutanzwe.
-
Umushyikirano2019: Perezida Kagame yanenze abayobozi bitwaye nabi mu kwimura abatuye mu bishanga n’amanegeka
19 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yanenze abayobozi bimuye nabi cyane abaturage babasenyeraho amazu kubera ko batuye mu bishanga no mu manegeka batabanje kubasobanurira neza.
-
IBUKA yasabye ko RDC, u Burundi n’u Bubiligi bigomba kujyanwa mu nkiko
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Umuryango uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, IBUKA, Dr. Gakwenzire Philbert, yasabye ko ibihugu bishyigikiye Umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, byajyanwa mu nkiko mpuzamahanga.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare cy’ u Rwanda
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba mugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego z’ ingabo, aho yohereje Brig Gen Francis Mutiganda, gukorera ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’Igihugu.
-
Umuhigo wa Minisitiri Sezibera wasimbuye Mushikiwabo
20 October 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri mushya w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Richard Sezibera ni umwe mu ba Minisitiri bashya barahiriye imirimo mishya kuri uyu wa 19 Ukwakira 2018 akaba yiyemeje gutanga umusanzu we kumukubaka ‘U RwandaTwifuza’.
Umuryango.rw
Imbere y’Urukiko Fatakumavuta yanze kuburana avuga ko atiteguye
Ibyo kwitega mu biganiro Perezida w’Ubushinwa aragirana n’uw’Uburusiya arasura
Sankara yamaganye ubushinjacyaha ngo bushaka kumuheza muri gereza agasaza atarongoye "ihogoza"rye
Rubavu: Hitezwe umuhuro wa Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi ku mupaka
Perezida Kagame yagarutse cyane ku kibazo cya RDC mu ijambo risoza umwaka
Iyo badusaba imfashanyo tuba twarayibahaye – Perezida Kagame
Umushyikirano2019: Perezida Kagame yanenze abayobozi bitwaye nabi mu kwimura abatuye mu bishanga n’amanegeka
IBUKA yasabye ko RDC, u Burundi n’u Bubiligi bigomba kujyanwa mu nkiko