Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Gen Júlio dos Santos Jane, ari kumwe na Maj Gen André Rafael Mahunguane, Umugaba w’Ingabo za Mozambique zirwanira ku butaka, basuye Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu mujyi wa Mocímboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado, biyemeza gukomeza gufatanya mu kugera ku ntego yo kugarura amahoro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igisirikare cya Mozambique n’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda byiyemeje gukomeza guhashya ibyihebe
31 October 2025, by ISIMBI Estella -
Byemejwe ko ingabo za Uganda zishe abayobozi babiri ba ADF, undi yicwa n’abarwanyi be
11 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Uganda ziri mu bikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu 2024 zishe abayobozi bawo babiri, undi yicwa n’abarwanyi be.
-
Idamange yahakanye ibyo ashinjwa byose mu rukiko avuga ko ibyo yavuze yabitewe n’agahinda ka Guma mu rugo
4 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane,nibwo Madamu Idamange Iryamugwiza Yvonne yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo aho akurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, gukubita no gukomeretsa ku bushake, gutesha agaciro ibimenyetso bya Jenoside no gutanga sheki itazigamiye.
-
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje uko izifashisha ubuhinzi mu kugera ku ntego z’icyerekezo 2050
2 October 2025, by Brenda MIZEROKuri uyu wa Kane tariki 02 Ukwakira 2025, Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yagejeje ku Basenateri n’Abadepite ikiganiro ku bikorwa na Guverinoma mu guteza imbere imibereho myiza y’abaturage binyuze mu kongera umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi.
-
U Rwanda rwagiranye na Uganda ibindi biganiro mu gushimangira umubano
1 September 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Vincent Biruta, yakiriye Jenerali Jeje Odongo Abubakhar, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda n’intumwa ayoboye.
Abaminisitiri bombi bagiranye ibiganiro byibanze ku gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi nk’uko byatangajwe.
Jenerali [wasezerewe mu gisirikare] Jeje Odongo n’itsinda ayoboye bagaragaje ko bari i Kigali kuva kuwa gatatu.
Kuva myaka ya vuba ishize, Leta ya Uganda n’u Rwanda zagiranye ibibazo byagize ingaruka zikomeye ku (…) -
Menya uko Nsengimana Herman wasimbuye Sankara yafashwe mpiri atamaze kabiri abandi bakagwa mu mashyamba ya Congo[Video]
18 January 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatanu nibwo hemejwe inkuru yari imaze iminsi ivugwa y’ifatwa rya Nsengimana Herman wahoze ari Umuvugizi w’Umutwe wa FLN, umwanya atamazeho kabiri nyuma yo gusimbura Nsabimana Callixte ‘Sankara’ we wafatiwe muri Comores mu mwaka ushize, ubu arimo kuburanira mu nkiko zo mu Rwanda.
-
Amashuri y’incuke n’icyiciro cya mbere cy’abanza agiye gutangira
7 January 2021, by Martin MunezeroMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko abiga mu mashuri y’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere cy’abanza bazasubukura amasomo yabo ku wa 18 Mutarama 2021 nyuma y’igihe kigera ku mezi 10 bari bamaze batiga kubera icyorezo cya COVID-19.
-
Nyarugenge:Umusekirite yarwanye n’umurwaza bapfa umurwayi
12 November 2023, by Dusingizimana RemyMu bitaro bya Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza,kuri iki Cyumweru,tariki ya 12 Ugushyingo.
-
Trump atangaje intsinzi mu ijambo ahaye abakunzi be buzuye umunezero ibarura ry’amajwi rigikomeza
6 November 2024, by Joseph IradukundaNubwo ibarura ry’amajwi muri Amerika ritararangira, Trump yatangaje ko yatsinze amatora ndetse Prezida w’ubufaransa yabaye uwa mbere mu kumwifuriza Ishya n’ihirwe!
-
U Rwanda na RDC bigiye gusinyana amasezerano imbere ya Amerika
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, kuri uyu wa Gatanu arakurikirana isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Igisirikare cya Mozambique n’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda byiyemeje gukomeza guhashya ibyihebe
Byemejwe ko ingabo za Uganda zishe abayobozi babiri ba ADF, undi yicwa n’abarwanyi be
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje uko izifashisha ubuhinzi mu kugera ku ntego z’icyerekezo 2050
U Rwanda rwagiranye na Uganda ibindi biganiro mu gushimangira umubano
Nyarugenge:Umusekirite yarwanye n’umurwaza bapfa umurwayi
Trump atangaje intsinzi mu ijambo ahaye abakunzi be buzuye umunezero ibarura ry’amajwi rigikomeza
U Rwanda na RDC bigiye gusinyana amasezerano imbere ya Amerika