U Rwanda ruritegura kwakira inteko rusange ngarukamwaka ya 26 y’Umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO) izaba kuva tariki ya 26 kugeza ku ya 31 Mutarama 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rugiye kwakira inteko rusange ya 26 ya EAPCCO
13 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umuryango wa Niyitanga warasiwe Cosmos nk’igisambo watanze ikirego mu gisilikari
8 September 2018, by UbwanditsiNiyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I Nyamirambo barashe umugabo w’imyaka 40 witwa Niyitanga Jean Claude bamwe bahimbaga Barthez abandi Kazungu ahita yitaba Imana.
-
Ubucucike bw’Abagenzi bwari muri Gare ya Nyabugogo bwatumye na Stade ya Kigali ihindurwa Gare y’abagenzi [AMAFOTO]
24 December 2020, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo kwirinda ubucucike bwari buri muri Gare ya Nyabugogo bwashoboraga guteza ikwirirakwira rya #COVID19, Umujyi wa Kigali n’izindi nzego bafashe icyemezo cyo kwimurira aho abantu bajya mu ntara bategera imodoka. Ubu bamwe bari gutegera kuri stade i Nyamirambo.
Aberekeza mu magepfo bose n’abarekeza mu gice cy’Uburengerazuba mu Turere twa Rusizi, Karongi, Nyamasheke na Ngororero ni bo barimo kujya gufatira imodoka i Nyamirambo kuri stade, abasigaye bose barakomeza gutegera i (…) -
Abasore 2 bakekwaho kwica umukobwa wari wabasuye bafunzwe by’agateganyo
21 October 2024, by Joseph IradukundaUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Mbere rwategetse ko abasore babiri bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Kayirangwa Olga bafungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30.
-
Abasenateri batumije Minisitiri w’ Intebe Ngirente ngo atange ibisobanuro ku mibereho y’ abatwa
19 November 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo idasazwe ya Sena iyobowe na Senateri Uwimana Consolée, yasesenguye ibibazo bitandukanye byugarije abasigajwe inyuma n’amateka, abasenateri kuri uyu wa Mbere batumije Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, ngo asobanure ingamba guverinoma ifitiye ikibazo cy’imibereho y’abasigajwe inyuma n’amateka, ikomeje kuba mibi.
-
Goma: Ingabo z’Igihugu FARDC zasakiranye n’urubyiruko Wazalendo bihereye intwaro
22 November 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ugushyingo 2024, mu gace ka Kanyaruchinya, muri Teritwari ya Nyiragongo mu birometero 10 uvuye mu Mujyi wa Goma rwagati, habyukiye imirwano ikaze yahuje Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba z’Abawazalendo ziyoborwa n’uwihaye ipeti rya General witwa Mbokani.
-
Minisitiri Sezibera yavuze uburyo abarwanyi b’umutwe wa FDLR bivugwa ko aribo barinzi ba Perezida Nkurunziza badashobora kuzana amahoro mu Burundi
2 May 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr. Richard Sezibera yavuze ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR badashobora kuzana amahoro mu Burundi kuko ngo icyo bashoboye ari ukwica gusa.
-
Ingabire M. Immaculée yasabye Padiri Nahimana Thomas gutahuka
25 February 2021, by Martin MunezeroUmuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’akarengane mu Rwanda, Madamu Ingabire M. Immaculée, aribaza impamvu padiri Nahimana Thomas adatahuka mu Rwanda mu gihe avuga ko Perezida Kagame wamutangiraga atakiriho.
-
Umunyakenyakazi yakoze benshi ku mutima kubera ubukwe bw’igitangaza yakoranye n’umugabo ubana n’ubumuga [AMAFOTO]
15 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyakenyakazi witwa Susan Njogu ukomoka mu gace kitwa Elburgon mu ntara ya Nakuru yakoze benshi ku mutima nyuma y’urukundo ruzira uburyarya yakunze umunya Australia witwa Philip Eling ubana n’ubumuga kugeza bakoze ubukwe.
-
Amavubi yanyagiye Seychelles yubaka amateka mashya mu mikino mpuzamahanga
10 September 2019, by Dusingizimana RemyAmavubi yiyunze n’Abanyarwanda byimazeyo nyuma yo gutsinda ikipe ya Seychelles ibitego 7-0 mu ijonjora ry’ibanze ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar 2022.
Umuryango.rw
U Rwanda rugiye kwakira inteko rusange ya 26 ya EAPCCO
Ubucucike bw’Abagenzi bwari muri Gare ya Nyabugogo bwatumye na Stade ya Kigali ihindurwa Gare y’abagenzi [AMAFOTO]
Abasore 2 bakekwaho kwica umukobwa wari wabasuye bafunzwe by’agateganyo
Goma: Ingabo z’Igihugu FARDC zasakiranye n’urubyiruko Wazalendo bihereye intwaro