Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko nta kuberereka kuzabaho mu kwimura burundu abo mu karere ka Rubavu baturiye umugezi wa Sebeya ndetse no gusenya ibikorwaremezo bihegereye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mukuralinda yashimangiye ibwiriza ryo gusenyera abagituriye umugezi wa Sebeya
20 August 2023, by Joseph Iradukunda -
IFOTO Y’UMUNSI: Ingabo z’u Rwanda zasubije abaturage bo muri Palma mu byabo banabafasha gusekura ibigori
9 August 2021, by Dusingizimana RemyIbyishimo byari byose ku baturage bo mu gace ka Palma ko mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambike batangiye gusubira mu buzima busanzwe nyuma y’aho Ingabo z’u Rwanda zikabohoreye.
Ahitwa Mute ni ho hari imiryango irenga 10. Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda babasanze bari gusekura ibigori, barabafasha, barasabana ndetse icyizere cy’ubuzima kuri bo cyagarutse.
Ikindi kandi,ingabo z’u Rwanda na Polisi ku bufatanye n’ingabo za Mozambique, batangiye gufungura imihanda yari yarafunzwe muri ako (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yanenze Amerika ikomeje kugereranya M23 na FDLR
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje kugereranya umutwe witwaje intwaro wa M23 n’uw’iterabwoba wa FDLR.
-
RDC yateguje Uganda ko Gen Muhoozi azatuma umubano bifitanye uzamba
13 January 2025, by Joseph IradukundaRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yateguje Uganda ko umubano bifitanye ushobora kuzamba ndetse n’ibikorwa bya gisirikare ibihugu byombi bihuriyemo bigahagarara, kubera amagambo ya Gen Muhoozi Kainerugaba.
-
Dr. Gérardine wayoboye minisiteri y’ubuhinzi yagizwe umuyobozi ukomeye muri IFAD
1 August 2023, by Rebecca UFITAMAHORODr Mukeshimana Geraldine wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda, yagizwe Visi Perezida w’Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, IFAD.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuyobozi w’iki kigega Alvaro Lario yavuze ko Dr. Geraldine yashyizwe kuri uyu mwanya nyuma y’igikorwa gikomeye cyakozwe n’inzego zitandukanye z’iki kigega cyo gusuzuma amadosiye y’abakozi atandukanye, bikaza kugaragara ko Dr. Gérardine Mukeshimana ariwe ukwiriye uyu mwanya. (…) -
Umunyarwandakazi yiciwe muri Malawi n’ abantu bamuteye ibyuma
13 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa w’ umunyarwandakazi witwaga Muganga yiciwe muri Malawi hashira iminsi itatu ntawe uramenya irengero rye. Abo mu muryango we bakeka ko yaba yarishwe n’ abanyeshyari
-
Ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro bidasanzwe muri 2023/24-Gov. Rwangombwa
19 November 2024, by Joseph IradukundaGuverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yatangaje ko mu 2023/2024 ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro mu buryo budasanzwe ugereranyije n’Idorali rya Amerika, bigera kuri 16,3% ugereranyije na 5% byahozeho.
-
Amashyaka 5 yatsinze yagaragaje uko yakiriye ibyavuye mu matora
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestAmashyaka FPR Inkotanyi, PSD, PL, DGPR, na PS – Imberakuri niyo yatsindiye imyanya mu nteko Ishinga Amategeko umutwe w’ abadepite 2018-2023. Muri rusange amashyaka asanzwe mu nteko yatakaje imyanya , hinjiramo amashyaka abiri atari asanzwemo ariko bose bishimiye ibyavuye mu matora.
-
Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yagaragaje ko kuba abanyeshuri ba Primaire biga basimburana ari ‘amaburakindi’
2 December 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda ivuga ko ifite gahunda yo kuguraho uburyo buriho aho abanyeshuri bose biga mu mashuri abanza biga basimburana, ivuga ko kuba abanyeshuri biga basimburana ataribyo u Rwanda rwahisemo ahubwo ariko aribwo bushobozi buhari.
Abanyeshuri bize amashuri abanza mbere ya 2009 bigaga basimburana imyaka itatu ibanza bagera mu wa kane bakajya biga igitondo n’ ikigoroba.
Ibi byaje guhinduka abanyeshuri bose biga mu mashuri abanza guhera mu wa mbere kugera mu wa gatandatu bakajya (…) -
Uko M23 ’yafashe’ umujyi wa Bukavu ’nta mirwano ikomeye’ ibaye
15 February 2025, by Joseph IradukundaAmasoko atandukanye aremeza ko umujyi wa Bukavu ugenzurwa n’inyeshyamba za M23 kuva ku mugoroba wo ku wa gatanu nyuma y’uko ingabo za leta n’abategetsi b’intara ya Kivu y’Epfo bahunze.
Umuryango.rw
Mukuralinda yashimangiye ibwiriza ryo gusenyera abagituriye umugezi wa Sebeya
IFOTO Y’UMUNSI: Ingabo z’u Rwanda zasubije abaturage bo muri Palma mu byabo banabafasha gusekura ibigori
Minisitiri Nduhungirehe yanenze Amerika ikomeje kugereranya M23 na FDLR
RDC yateguje Uganda ko Gen Muhoozi azatuma umubano bifitanye uzamba
Dr. Gérardine wayoboye minisiteri y’ubuhinzi yagizwe umuyobozi ukomeye muri IFAD
Ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro bidasanzwe muri 2023/24-Gov. Rwangombwa
Uko M23 ’yafashe’ umujyi wa Bukavu ’nta mirwano ikomeye’ ibaye