Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yageze mu gihugu cya Cote d’ Ivoire aho yitabiriye inama ya 5 ihuza Afurika n’ Uburayi
Ku kibuga cy’ indege, Félix-Houphouët-Boigny giherereye Abidjan mu murwa mukuru wa Cote d’ Ivoire, Perezida Kagame yakiriwe na Perezida wa Cote d’ Ivoire Alassane Ouattara.
Iyi nama ‘AUEU SUMMIT’ igiye kuba ku nshuro ya 5 ifite insangamatsiko igira iti ‘Gushora imari mu rubyiruko, bigamije ahazaza heza’
Perezida Kagame yagiye muri Cote d’ Ivoire avuye mu gihugu cya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi wa Cote d’ Ivoire
28 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’umukuru wa UN ku kibazo cya DR Congo
31 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko yagiranye ikiganiro "cyiza" (kuri telefone) n’umunyamabanga mukuru wa ONU António Guterres ku kibazo cyo mu burasirazuba bwa DR Congo, ahakomeje imirwano hagati y’ingabo za leta n’umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Mu butumwa yatangaje kuri Twitter mu ijoro ryo ku cyumweru, Kagame yavuze ko "uburyo n’ubushobozi bwo guhosha ...no gucyemura ibibazo ngo hagerwe ku musozo unyuze mu mahoro ari ahacu ho kubakira ku muhate w’i Nairobi, Luanda n’undi muhate (…) -
Perezida Trump yibasiye Obama wavuze ko ubutegetsi bwe ari ubwo ’kwigaragaza kuri televiziyo’ gusa
20 August 2020, by Dusingizimana RemyBarack Obama yashinje Donald Trump wamusimbuye ku butegetsi avuga ko afata kuba perezida w’Amerika nk’"ikindi kiganiro cyo kwigaragaza kuri televiziyo", mu ijambo risesereza yavugiye mu nama nkuru y’ishyaka ry’abademokarate isoza imirimo yayo kuri uyu munsi.
-
Hasohotse amajwi ya Trump asaba abashinzwe amatora muri Georgia ngo ’bamushakire’ amajwi atsinde
4 January 2021, by Dusingizimana RemyHasohotse amajwi ya Perezida wa Amerika Donald Trump ari kubwira umutegetsi ushinzwe amatora muri leta ya Georgia ngo "amushakire" amajwi akenewe kugira ngo atsinde Biden.
-
Urukiko rugiye gusuzuma niba Diane Rwigara na Adeline Rwigara bashobora kurekurwa by’ agateganyo
2 October 2018, by Nsanzimana ErnestAdeline Rwigara n’ umukobwa we Diane Rwigara kuri uyu wa Kabili tariki 2 Ukwakira bagejejwe imbere y’ urukiko rukuru ngo baburane ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo.
-
Amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC azasinyirwa imbere ya Trump muri Kamena
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda, RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byemeranyije ko amasezerano y’amahoro azasinywa muri Kamena, mu muhango uzabera muri White House imbere ya Perezida Trump, aho byitezwe ko azashyirwaho umukono na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa RDC, Félix Tshisekedi.
-
Urubanza rwinjiye mbere ruba rugomba kuburanishwa mbere – Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Mukantaganzwa
1 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, agaragaza ko gahunda mu iburanisha, ari uko urubanza rwinjiye mbere ari rwo ruba rugomba kuburanishwa mbere, nubwo ngo kutaburanishwa mbere hari igihe bidaturuka ku mpamvu z’Urukiko.
-
Miliyari 5 na miliyoni 700 z’amafaranga ya Leta zaburiwe irengero umwaka ushize
12 May 2021, by UbwanditsiMuri raporo raporo ye y’umwaka wa 2020 Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Biraro R. Obadiah yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Gicurasi, 2021 yavuze ko agera kuri miliari 5 na miliyoni 700 babuze irengero ryayo.
Nk’uko biteganywa n’ingingo ya 166 y’Itegekonshinga ry’u Rwanda, iyi raporo yashyikirijwe imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko.
Iyi raporo igaragaza ibyavuye mu bugenzuzi bwerekeye imikoreshereze y’umutungo (Financial Audit), (…) -
Umuhungu wa Museveni agiye kugaruka mu Rwanda
28 February 2022, by Dusingizimana RemyUmugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka za Uganda, akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba , yatangaje ko agiye kugaruka mu Rwanda mu ruzinduko rwo kurangiza ibibazo biri hagati y’Ibihugu byombi.
Lt Gen Muhoozi yatangaje aya makuru kuri uyu wa Mbere tariki 28 Gashyantare 2022, abinyujije kuri Twitter.
Yagize ati “Nyuma y’ikiganiro kirekire nagiranye na marume/data wacu, Perezida Paul Kagame muri iki gitondo, twemeranyije ko nsubira i Kigali mu minsi (…) -
Umujyanama wihariye wa Trump uherutse i Kigali yashyize mu majwi u Rwanda na RDF
17 April 2025, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye gushyira u Rwanda mu majwi, zirusaba kuvana ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zivuga ko ruhafite.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’umukuru wa UN ku kibazo cya DR Congo
Perezida Trump yibasiye Obama wavuze ko ubutegetsi bwe ari ubwo ’kwigaragaza kuri televiziyo’ gusa
Amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC azasinyirwa imbere ya Trump muri Kamena
Urubanza rwinjiye mbere ruba rugomba kuburanishwa mbere – Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Mukantaganzwa
Umuhungu wa Museveni agiye kugaruka mu Rwanda
Umujyanama wihariye wa Trump uherutse i Kigali yashyize mu majwi u Rwanda na RDF