Tonto Kapula w’imyaka 40 y’amavuko, ni Umunyekongo wahunze iwabo, ahungira muri Israel mu myaka 9 ishize, kubera ibibazo by’umutekano muke byakomeje kuburirwa umuti mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, RDC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umunyekongo aricuza guhungira muri Israel
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
RDB yagaragaje impungenge ku kwiyongera kwa ba rushimusi muri Pariki y’Ibirunga
18 January, by Brenda MIZEROUrwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwagaragaje ko rutewe impungenge n’ubwiyongere bw’imitego y’inyamaswa muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, rushimangira ko bikwiye gukangura abaturanye na bo bakajya batanga amakuru ya ba rushimusi kuko babangamiye iterambere ry’Igihugu.
-
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe
11 September 2020, by Dusingizimana RemyUwunganira Paul Rusesabagina witwa Me Rugaza David yatangaje ko yasabiye umukiliya we kuba yakurikiranwa adafunzwe kubera impamvu zirimo uburwayi amaranye igihe, ndetse no kuba ari “umuntu mwiza” utarahamwe n’icyaha na kimwe kandi wahawe n’ibihembo mpuzamahanga, bigaragaza ubunyangamugayo bwe.
-
Habimana utaremerewe kwiyamamariza kuba Perezida yavuze akari ku mutima we
9 June 2024, by Dusingizimana RemyUwifuzaga kuba umukandida mu matora ya Perezida, Habimana Thomas,ariko ntabashe kuzuza ibisabwa,yashimiye Komisiyo y’igihugu y’amatora [NEC] uburyo bamwakiriye asaba abamushyigikiye kuzatora Umukandida watanzwe n’umuryango FPR-INKOTANYI, Paul Kagame.
-
Abanyarwanda barenga ibihumbi 23.000 bafunzwe mu mezi 11 ashize
9 December 2025, by Brenda MIZEROImibare y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora yerekana ko mu mezi 11 ashize ya 2025 rumaze gufunga abantu barenga 23.000 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye.
-
Somalia: Indege yari itwaye ibikoresho byo kurwanya coronavirus yahanutse
5 May 2020, by Dusingizimana RemyAbategetsi muri Somalia batangaje ko indege y’ubwikorezi itwaye ibikoresho by’ubufasha mu kurwanya coronavirus yahanutse igashwanyuka mu ijoro ryo kuwa mbere.Abantu batandatu bari bayirimo ntawarokotse.
-
RDF yafatiye mpiri abarwanyi 19 b’umutwe wa RED TABARA mu ishyamba rya Nyungwe
3 October 2020, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda zatangaje ko kuwa 29 Nzeri 2020 zafashe mpiri abarwanyi 19 bavuga ko ari abo mu mutwe wa RED TABARA wigamba ko urwanya Leta y’u Burundi.
-
Rubavu: Umuntu umwe yapfiriye mu muvundo w’abitabiriye kwiyamamaza kwa Kagame
23 June 2024, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko umuntu umwe yitabye Imana mu gihe abandi 37 bakomerekeye mu muvundo wavutse ku muryango wasohokeragamo abitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango FPR-Inkotanyi i Rubavu kuri iki Cyumweru.
-
Perezida Kagame yahaye umwanya Dr Kaseya wo muri RDC bagirana ibiganiro
9 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yahuye anagirana ibiganiro na Dr Jean Kaseya, umunya-Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uyobora Ikigo Gishinzwe Kurwanya no Gukumira Indwara muri Afurika (Africa CDC).
-
Umunyamakuru Constantin Tuyishimire wa Radio na TV1 yaburiwe irengero
18 July 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamakuru witwa Constantin Tuyishimire wakoreraga Radio na TV1 I Gicumbi amaze iminsi 2 aburiwe irengero aho yaba umuryango we,abo bakorana ndetse n’abayobozi be nta n’umwe uzi aho aherereye.
Umuryango.rw
Umunyekongo aricuza guhungira muri Israel
RDB yagaragaje impungenge ku kwiyongera kwa ba rushimusi muri Pariki y’Ibirunga
Uwunganira Rusesabagina yasabye ko yaburana ari hanze kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ibihembo mpuzamahanga yahawe
Habimana utaremerewe kwiyamamariza kuba Perezida yavuze akari ku mutima we
Abanyarwanda barenga ibihumbi 23.000 bafunzwe mu mezi 11 ashize
RDF yafatiye mpiri abarwanyi 19 b’umutwe wa RED TABARA mu ishyamba rya Nyungwe
Rubavu: Umuntu umwe yapfiriye mu muvundo w’abitabiriye kwiyamamaza kwa Kagame
Perezida Kagame yahaye umwanya Dr Kaseya wo muri RDC bagirana ibiganiro