Umuvugizi w’umutwe wa M23 yasohoye itangazo rimenyesha ko witeguye “guhagarika ibikorwa no gusubira inyuma” bigendanye n’ibyasabye n’inama y’i Luanda muri Angola yo mu kwezi gushize.
Inyeshyamba za M23 ubu zigenzura igice kinini cya teritwari ya Rutshuru n’ibice by’iya Masisi mu ntara ya Kivu ya ruguru, kandi zifite ibirindiro muri 20Km mu majyaruguru y’umujyi wa Goma, umurwa mukuru w’iyo ntara.
Itangazo rya Lawrence Kanyuka, umuvugizi wa politiki w’uyu mutwe, ntirisobanura aho uyu mutwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
M23 yemeye ‘gusubira inyuma’igasiga ibice yafashe
7 December 2022, by Dusingizimana Remy -
Abarwayi bane ba Coronavirus mu Rwanda bakize basezererwa mu bitaro
5 April 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho umurwayi wa mbere wa Coronavirus agaragaye mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020,amakuru meza nuko kuri iki Cyumweru abarwayi bane ba COVID-19 mu Rwanda basezererwe bagusubira mu miryango yabo.
-
Kigali:Undi mujura yarashwe n’abasirikare ari guhunga nyuma yo gutobora inzu y’abandi
14 March 2019, by Dusingizimana RemyUmusore w’imyaka 30 witwa Niyomugabo Eric yarasiwe mu murenge wa Gisozi, mu kagari ka Ruhango u,mudugudu w’amarembo n’abasirikare ubwo yari amaze gufatwa yatoboye inzu y’abandi agamije kwiba, agahitamo kwiruka.
-
Karongi: Haravugwa iyeguzwa rya Gitif azira kuzana baturage mbarwa kwakira Guverineri
30 October 2024, by Joseph IradukundaNyuma yo gusura abaturage ngo abakoreshe inama agasanga hari mbarwa, amakuru avuga ko Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba Lambert Dushimimana yahise asaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murundi witwa Gaspard Ntakirutimana kwandika yegura.
-
RGB yajyanwe mu nkiko ishinjwa kwivanga mu miyoborere y’amadini
9 January 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe imiyoborere (RGB), rwajyanwe mu nkiko rushinjwa kwivanga mu miyoborere y’amadini.
Abapasiteri 6 bo muri Authentic Word Ministries cyangwa Zion Temple bareze uru rwego rwa Leta barushinja kwirengagiza amategeko rukabahagarika muri gahunda bari bafite yo gukura Dr. Paul Gitwaza ku mwanya w’uhagarariye iri torero mu mategeko.
Kuwa 04 Mutarama 2023,Urukiko rwibanze rwa Gasabo mu mujyi wa Kigali rwabwiwe ko RGB yabambuye uburenganzira bahabwa n’amategeko ivuga ko (…) -
Perezida Paul Kagame yavuze uburyo kuyobora ibihugu 6 bigize umuryango wa EAC byamugoye kurusha kuyobora umuryango wa AU ugizwe n’ibihugu 50
30 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame avuga ko kuyobora ibihugu 6 bigize umuryango wa Afurica y’Iburasirazuba (EAC) byabaye nk’ibikomera kurusha kuyobora umuryango wa Afurica yunze ubumwe (AU) ugizwe n’ibihugu birenga 50.
-
Ninde uzarokora umwuga w’itangazamakuru ukomeje kubatwa n’ Ubukene bukabije?
8 November 2024, by Joseph IradukundaUbushakashatsi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), ku gipimo cy’Iterambere ry’itangazamakuru mu Rwanda, Rwanda Media Barometer (RMB2024), bwongeye kugaragaza ko ubukene mu itangazamakuru n’ubushobozi bw’abarikora bukira hasi.
-
RDC:‘Ibiganiro bya Luanda biri mu kaga’ - Thérèse Kayikwamba
30 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga wa DR Congo yabwiye BBC ko kubera imirwano yubuye mu minsi ishize muri teritwari ya Walikale y’Intara ya Kivu ya Ruguru abona inzira y’ibiganiro bigamije amahoro ya Luanda iri mu kaga.
-
Kigali: Hashyizweho imihanda 3 izaharirwa imodoka zitwara abagenzi muri rusange gusa
26 September 2023, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’uko hagaragaye kibazo cy’umuvuduko mucye kubakoresha imodoka za rusange , Umujyi wa Kigali watangaje ko hari imihanda itatu igiye kuzajya iharirwa imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange gusa, cyane cyane mu masaha yo kujya no kuva mu kazi.
-
Minisitiri w’Ingabo za Mozambique yasuye u Rwanda
23 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ingabo za Mozambique, Gen Maj Cristóvão Artur Chume, ari kumwe n’itsinda ry’abayobozi bakuru b’Ingabo na Polisi, bari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije gushimangira ubufatanye bw’inzego z’umutekano hagati y’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
M23 yemeye ‘gusubira inyuma’igasiga ibice yafashe
Abarwayi bane ba Coronavirus mu Rwanda bakize basezererwa mu bitaro
Karongi: Haravugwa iyeguzwa rya Gitif azira kuzana baturage mbarwa kwakira Guverineri
RGB yajyanwe mu nkiko ishinjwa kwivanga mu miyoborere y’amadini
Ninde uzarokora umwuga w’itangazamakuru ukomeje kubatwa n’ Ubukene bukabije?
RDC:‘Ibiganiro bya Luanda biri mu kaga’ - Thérèse Kayikwamba
Kigali: Hashyizweho imihanda 3 izaharirwa imodoka zitwara abagenzi muri rusange gusa
Minisitiri w’Ingabo za Mozambique yasuye u Rwanda