Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kurasa ku nkambi y’impunzi ya Mugunga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwanyomoje Amerika yarushinje kurasa abasivili mu nkambi iri hafi ya Goma
4 May 2024, by Dusingizimana Remy -
Biravugwa ko Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC yeguye
14 January 2020, by Dusingizimana RemyMadame Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC biravugwa ko yasezeye ku nshingano ze muri uyu mutwe utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda.
-
Ubusabe bwa Perezida Kagame bwo kutazarira mu magambo bwatangiye kubahirizwa mu nteko
22 December 2017, by Nsanzimana ErnestInteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame bwo kutazarira mu magambo mu mwanya wo gutanga ibitekerezo.
Perezida Kagame ubwo yasozaga umushyikirano wa 15 tariki 19 Ukuboza 2017 yasabye ko umuntu wese ugiye gutanga igitekerezo yajya agabanya gushimira ba nyakubahwa kuko bituma atinda gutanga igitekerezo cye.
Kuri uyu wa 22 Ukuboza 2017, mu nama nyunguranabitekerezo n’ihuriro ry’Abagize Inteko Ishinga Amategeko baharanira (…) -
Biragoye ko RDC yatekana bisesuye igifite impunzi hanze zimaze imyaka irenga 20 “Mugabe Robert”
26 May 2022, by Joseph IradukundaImyaka isaga 20 irashize DRC iri mu ntambara z’urudaca ziterwa n’imitwe yitwaje intwara yashinze imizi mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Congo,aho yica ,igasahura ibyo abaturage baba bejeje no kubica bya hato na hato bidasigaye.
-
Guinea yashyize iherezo ku nzozi z’u Rwanda zo kugera muri ½ cy’irangiza muri CHAN 2020
31 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu “Amavubi” ntiyashoboye kugera ku nzozi yari ifite yo kugera muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya CHAN 2020 kuko yatsinzwe na Guinea igitego 1-0 mu mukino wa ¼ cy’irangiza wabereye ku kibuga cya Limbe.
-
FDLR yashimiye byimazeyo Perezida Tshisekedi inkunga akomeje kuyitera
7 December 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye gushimangira imikoranire na Leta ya Congo, ushimira Perezida Tshisekedi uburyo akomeje kuwushyigikira, umwizeza gufasha ingabo z’igihugu (FARDC) mu bikorwa byo kwibasira u Rwanda.
Mu itangazo uyu mutwe washyize hanze,washimiye byimazeyo Perezida Tshisekedi kubera ubufasha akomeje kuwuha,aho ndetse ngo yabigaragaje mu nama y’urubyiruko yatumije kuwa 04 Ukuboza.
Iri tangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi wa FDLR, Cure Ngoma, rivuga ko banyuzwe (…) -
Kabayija ushinjwa kuyobora igitero cyagabwe mu Kinigi yasabiwe gufungwa burundu
24 November 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabiye Kabayija Selemani wari mu bari bayoboye igitero cyagabwe mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze muri 2019 kigahitana Abanyarwanda 15,gufungwa burundu.
Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bumaze igihe buburana n’abaregwa mu rubanza ruregwamo bamwe mu bafatiwe mu mitwe irwanya u Rwanda barimo n’uyu Selemani Kabayija, bwasabye Urukiko rwa Gisirikare guhamya ibyaha uyu wari mu mutwe wa RUD-Urunana.
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko kandi guhanisha Selemani Kabayija (…) -
U Rwanda rwasubije ibinyamakuru byo mu Bwongereza byemeje ko Busingye yakuwe muri Minijust na Dosiye ya Rusesabagina
13 December 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yanenze ibitangazamakuru bibiri byo mu Bwongereza byatangaje ko Busingye Johnstone yakuwe ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutabera kubera Dosiye ya Rusesabagina.
Madamu Makolo yavuze ko Daily Mail na The Times biri kuyobya rubanda kuko Busingye yakoze akazi ke neza mbere y’uko agirwa Ambasaderi w’Ubwongereza.
Mu butumwa yacishije kuri Twitter, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yanenze ibinyamakuru bihuza Busingye na dosiye ya (…) -
Perezida Kagame yakebuye abayobozi bafite imico mibi n’ubwirasi
23 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yanenze abayobozi bo mu Nzego zitandukanye z’Igihugu bakomeje kurangwa n’imico mibi irimo n’ubwirasi, aho avuga ko ari yo ntandaro y’amakosa bahora basubiramo mu myaka 31 ishize.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Museveni baganira ku bibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda
6 January 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yatangaje ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye intumwa ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni bakaganira ku bibazo biri gahati y’ u Rwanda na Uganda, ibiganiro byibanze ku kwishyirahamwe kw’ ibihugu.
Nk’ uko Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga, Umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba akaba n’ Umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda Mme Louise Mushikiwabo yabitangarije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko mu byo aba bayobozi baganiriyeho harimo ikibazo cy’ (…)
Umuryango.rw
U Rwanda rwanyomoje Amerika yarushinje kurasa abasivili mu nkambi iri hafi ya Goma
Biragoye ko RDC yatekana bisesuye igifite impunzi hanze zimaze imyaka irenga 20 “Mugabe Robert”
FDLR yashimiye byimazeyo Perezida Tshisekedi inkunga akomeje kuyitera
Kabayija ushinjwa kuyobora igitero cyagabwe mu Kinigi yasabiwe gufungwa burundu
U Rwanda rwasubije ibinyamakuru byo mu Bwongereza byemeje ko Busingye yakuwe muri Minijust na Dosiye ya Rusesabagina
Perezida Kagame yakebuye abayobozi bafite imico mibi n’ubwirasi