Umujyi wa Kigali watangaje ko hakenewe bisi zirenga 500 mu gufasha gukemura ibibazo byo gutwara abantu n’ibintu mu Mujyi wa Kigali nkuko Eng. Emmanuel Katabarwa,uri mu buyobozi bw’Umujyi wa Kigali yabitangaje.
Mu kiganiro yagiranye na RBA kuri iki cyumweru tariki ya 31 Nyakanga, yavuze ko urebye imodoka zari zisanzwe mu mihanda yo mu mujyi, hari bisi zitwara abagenzi rusange 271.
Ati: “Turimo gukorana na RURA, RTDA kugira ngo dushobore kwinjiza abikorera ku giti cyabo mu kazi kugira ngo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kigali:Hakenewe imodoka 500 ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke
1 August 2022, by Dusingizimana Remy -
ONU iravuga ko miliyoni 25 z’abanyagihugu ba DR Congo bugarijwe n’inzara
30 October 2024, by Joseph IradukundaUmuryango w’abibumbye uravuga ko abaturage barenga kimwe cya kane cy’abatuye Republika ya Demokarasi ya Congo bugarijwe n’icyago cy’inzara.
-
FDLR yarengeje amaso amahano ikora yandikiye Lourenço isaba imishyikirano
9 December 2024, by Joseph IradukundaUmutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda witabaje Perezida João Lourenço wa Angola, umusaba kuwuhuriza mu mishyikirano na Leta y’u Rwanda.
-
Raporo ya Human Rights Watch yikomye RDF inashinja M23 kurasa ku baturage nta kurobanura
27 September 2024, by Joseph IradukundaUmuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), uvuga ko muri uyu mwaka inyeshyamba za M23 n’ingabo z’u Rwanda (RDF) zarashe "nta kurobanura" mu nkambi z’abasivile no mu tundi duce dutuwe mu bucucike hafi y’umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
RDC yafashe umwanzuro wo kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda
30 October 2022, by Dusingizimana RemyAmbasaderi w’u Rwanda muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Vincent Karega, yahawe amasaha 48 ngo abe yavuye muri kiriya gihugu.
Ibi byatangajwe kuri uyu wa gatandatu nyuma y’inama yihutirwa yari iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi ihuje inzego nkuru za gisirikare za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Iyi nama yagize iti“Rero, dufatiye ku bimaze gutangazwa, Inama Nkuru ya Gisirikare irasaba leta kwirukana, mu masaha 48 kuva abimenyeshejwe, nyakubahwa Vincent Karega, (…) -
Perezida Kagame yahaye umuburo abakora ibikorwa by’iterabwoba anasubiza abamusaba kurekura Rusesabagina
21 December 2020, by Dusingizimana RemyMu kiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru ndetse n’abaturage bo hirya no hino mu gihugu ku bijyanye n’aho igihugu kigeze,yavuze ko abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda iminsi yabo ibaze anavuga ko abamusaba kurekura PaulRusesabagina, batamuzi, batamusobanukiwe batanazi n’uburemere bw’ibyaha ashinjwa, ariko ko ubutabera buzahabwa umwanya bugakora akazi kabwo.
Agaruka ku kibazo cy’umutekano wo mu karere kaNyaruguru Perezida Kagame yagize ati “Iby’umutekano muri (…) -
Ingabo za Uganda zishimira uburyo zikorana n’iz’u Rwanda
3 October 2025, by ISIMBI EstellaUmugaba wungirije w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen Maj Francis Takirwa, yagaragaje ko yishimiye uburyo ingabo z’igihugu cye n’iz’u Rwanda zifatanya mu kubungabunga umutekano wo ku mupaka.
-
APR FC yatsinze Rayon Sports yuzuza imikino 40 itaratsindwa
23 November 2021, by Dusingizimana Remy, Rebecca UFITAMAHOROIkipe ya APR FC ikomeje guha isomo rya ruhago muri shampiyona mukeba wayo Rayon Sports,kuko yongeye kuyitsinda ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona waberaga i Nyamirambo.
-
Perezida Kagame yerekeje muri Mozambike mu muhango w’Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Leta y’iki gihugu n’abatavuga rumwe nayo
6 August 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yerekeje mu gihugu cya Mozambike mu muhango wo gusinywa amasezerano y’amahoro n’ubwiyunge hagati ya Leta ya Mozambique n’ishyaka rya RENAMO, ryahoze ari umutwe w’inyeshyamba urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu.
-
Ni ryari u Rwanda ruzaba rudakeneye inkunga z’ amahanga?
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ni igihugu gito kiri mu nzira y’amajyambere ariko kirimo kwihuta mu iterambere kibikesha ubuyobozi bwiza. ‘Kwigira no kwihesha agaciro’ ni imvugo buri Munyarwanda amaze kumva inshuro nyinshi kuko ari kenshi zigaruka mu mbwirwaruhame z’ abayobozi bakuru b’ iki gihugu.
Ese igihe ntarengwa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko kizagera iki gihugu cyaramaze kwihaza mu ngengo y’ imari kizagera byaragezweho?
Umuryango.rw
Kigali:Hakenewe imodoka 500 ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke
ONU iravuga ko miliyoni 25 z’abanyagihugu ba DR Congo bugarijwe n’inzara
FDLR yarengeje amaso amahano ikora yandikiye Lourenço isaba imishyikirano
Raporo ya Human Rights Watch yikomye RDF inashinja M23 kurasa ku baturage nta kurobanura
RDC yafashe umwanzuro wo kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda
Ingabo za Uganda zishimira uburyo zikorana n’iz’u Rwanda
APR FC yatsinze Rayon Sports yuzuza imikino 40 itaratsindwa