Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier n’abamwungirije babiri beguye ku mirimo yabo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 7 Werurwe 2018.
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango, Gasasira Rutagengwa Jérôme, yatangaje ko aba bayobozi bose beguye nyuma y’uko bahejwe mu Nama Njyanama y’Akarere yateranye uyu munsi, bazira kuba hari amakosa menshi yabagaragayeho mu ikorwa ry’imishinga itandukanye.
Twangirimana Epimaque niwe wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Meya Mbabazi n’ abari bamwungirije beguriye rimwe
7 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ingabo z’u Rwanda zashimiwe umurimo zakoze muri Sudani y’Epfo
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Anibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bwashimye ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri ubwo butumwa ku bw’umurimo uhebuje zakoze.
-
Abasirikare 822 basezerewe mu Ngabo z’u Rwanda[AMAFOTO]
3 August 2019, by Martin MunezeroAbasirikare 822 basezerewe mu Ngabo z’u Rwanda mu cyiciro cya karindwi, barimo abasezerewe bageze ku myaka ibemerera kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, abasoza amasezerano y’akazi muri RDF n’abasezerewe ku mpamvu zirimo iz’ubuzima.
-
AFC/M23 yashinje MONUSCO gukorera FDLR ubutasi
29 October 2024, by Joseph IradukundaIhuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, ryongeye gushinja Ingabo za Loni ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) gukorana n’abarimo FDLR.
-
Abangana na 4% by’abapimwe Covid-19 mu minsi 2 ishize basanganwe Covid-19
19 July 2021, by Dusingizimana RemyMu Rwanda mu minsi ibiri ishize hafashwe ibipimo byinshi bya Covid-19 cyane cyane mu mujyi wa Kigali, ubu birerekana ko hafi 4% by’abapimwe banduye iki cyorezo.
-
Umuyobozi wungirije wa RGB yatawe muri yombi
22 May 2022, by Dusingizimana RemyRIB yataye muri yombi Dr Nibishaka Emmanuel,umuyobozi wungiririje w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) akurikiranweho ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano.
Ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe dosiye ye iri gukorwa kugirango ishyikirizwe Ubushinjacyaha.
Umuvugizi wa RIB, Dr.Murangira B.Thierry yatangaje ko Dr Nibishaka yarezwe n’abantu batandukanye, ko yagiye abaka amafaranga abizeza kubashakira visa zo kujya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…) -
Umwanzuro wa nyuma kuri dosiye y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana wamenyekanye
15 February 2022, by SHEMA EMMANUELUrukiko Rusesa imanza mu Bufaransa, rwafunze burundu dosiye y’iperereza ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana nyuma yo gutesha agaciro ubujurire bw’imiryango y’abayiguyemo.
-
‘Gushyira divayi nshya mu macupa ashaje ntacyo byatugezaho’ Perezida Kagame, I Berlin
30 October 2018, by Nsanzimana ErnestKagame na Angela Merkel
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame yavuze ko Ubudage na Afurika bikwiye guhindura imikorere kugira bigeze ku ntego za Compact with Africa nubwo Afurika ifite ibikenewe byose.
-
Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo
11 February, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwa Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu ku bumwe n’ubudaherarwa bw’Abanyarwanda bwagaragaje ko abantu 61% bemeza ko gahunda yo gutwika imirambo yakemura ikibazo cy’ubutaka bwo gushyinguraho bugenda buba buto.
-
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda na Uganda ndetse n’uko ikibazo bafitanye kizakemuka
1 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko atazi neza imvano y’ikibazo cyo kutumvikana kwa Uganda n’u Rwanda ndetse avuga koboherereje Uganda ibihamya bifatika by’uburyo ishaka guhungabanyamo umutekano w’u Rwanda nubwo ibihakana.
Umuryango.rw
Ingabo z’u Rwanda zashimiwe umurimo zakoze muri Sudani y’Epfo
AFC/M23 yashinje MONUSCO gukorera FDLR ubutasi
Abangana na 4% by’abapimwe Covid-19 mu minsi 2 ishize basanganwe Covid-19
Umuyobozi wungirije wa RGB yatawe muri yombi
Umwanzuro wa nyuma kuri dosiye y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana wamenyekanye
Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo