Umurambo wa Mukeshimana ubwo wari umaze gukurwa mu karima k’ imboga
Impuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe igizwe n’ imiryango 57 iharanira iterambere ry’ umugore, kwimakaza umuco w’ amahoro no guteza imbere ihame ry’ uburinganire yamaganye urupfu rw’ umugore witwa Mukeshimana Marie Rose wishwe n’ umugabo we Karegeya Alfred akamuhamba mu mbuga agateraho imboga.
Byabereye mu karere ka Gasabo, umurenge wa Remera, akagari ka Nyabisindu, umudugudu w’ Amarembo ya Kabiri ku wa Gatandatu tariki (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Pro-Femmes Twese Hamwe yamaganye ubwicanyi buri kubera mu miryango
18 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yashyizeho Guverineri mushya w’Intara y’Iburengerazuba n’abayobozi b’ibigo bikomeye mu Rwanda
4 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Lambert Dushimimana Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba asimbuye Francis Habitegeko uherutse guhagarikwa, na ho Armand Zingiro agirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Gishinzwe Ingufu (REG) asimbuye Ron Weiss.
-
Nsabimana Callixte ‘Sankara’ wigambye ibitero byo muri Nyungwe yeretswe abanyamakuru [VIDEO+AMAFOTO]
17 May 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 17 Gicurasi 2019,nibwo Nsabimana Callixte wiyita ‘Major Sankara’ wigambye gufata ishyamba rya Nyungwe ndetse no kugira uruhare mu bitero byahungabanyije akarere ka Nyamagabe, mu ntara y’Amajyepfo,yeretswe itangazamakuru.
-
Urubanza rwa Nsabimana Callixte, Rusesabagina na Herman Nsengimana ruratangira kuri uyu wa Gatatu
16 February 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza rwa Paul Rusesabagina rwamaze guhuzwa n’urwa Callixte Nsabimana, Herman Nsengimana n’abandi barwanyi 17 bahoze mu mutwe wa MRCD-FLN, rukaba rutangira kuburanishirizwa mu cyumba cy’Urukiko rw’Ikirenga I Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Gashyantare 2021.
-
Kizito Mihigo agiye kuburanishwa mu bujurire
18 April 2018, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Kizito Mihigo wakatiwe igifungo cyo gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitandukanye birimo no kugambirira kugirira nabi ubutegetsi bw’igihugu,yajuririye mu rukiko rw’ikirenga ndetse azaburana tariki 14 Gicurasi 2018.
-
Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke bari mu ruhuri rw’ibibazo
3 April 2023Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke ,baravuga ko aka Gakiriro gafite ibibazo birimo kuba nta muhamda muzima uhagera bigatuma ibihakorerwa bitabona uko bigera ku baguzi,ibintu bavuga ko ari imbogamizi kuri bo.
Sicyo kibazo cyonyine cyugarije abakorera muri aka gakiriro kuko gafite n’ikibazo cy’imireko yatobaguritse ,bigatuma iyo imvura iguye kava,ibikorwa byabo bikangirika.
Ntakirutimana Theogene aganira na Umuryango.rw yavuze ko ari ikibazo gikomeye kuri bo
Ati:"Aha kugira ngo imodoka (…) -
Diego Maradona wakoze amateka muri ruhago yahitanwe n’umutima
25 November 2020, by Dusingizimana RemyUmunyabigwi Diego Armando Maradona wakoze amateka adasanzwe mu mupira w’amaguru yahitanwe n’indwara y’umutima nyuma y’iminsi mike yizihije isabukuru y’imyaka 60 ndetse anabazwe mu bwonko.
-
Umuryango Sinapisi Rwanda wigeze kwakira ubutumwa buvuye kuri George W. Bush wizihije isabukuru y’ imyaka 25
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango Sinapisi Rwanda kuri uyu wa 9 Ukuboza 2017 wizihije imyaka 25 ishize ufasha abatishoboye, Sengayire wawushinze arashimwa bikomeye n’ abo yafashishije bakongera guseka bari bugarijwe n’ ibibazo.
Uyu muryango washinzwe mu 1992, na Sengayire Jean Baptiste. Abatangabuhamya bavuga ko yawushinze adafite amikoro.
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika wacyuye igihe George W. Bush ubwo aheruka gusura u Rwanda muri 2008 yaganirijwe ku bikorwa bya Sinapisi Rwanda ageze iwabo muri (…) -
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku itariki ya 28/01/2020
29 January 2020, by NIYIGABA DC CLEMENTku wa Kabiri, tariki ya 28 Mutarama 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniyemuri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yashyizeho Guverineri mushya w’Intara y’Iburengerazuba n’abayobozi b’ibigo bikomeye mu Rwanda
Abakorera mu gakiriro ka Nyamasheke bari mu ruhuri rw’ibibazo