Itsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Burkina Faso mu gace ka Djibo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ishami rya Al-Qaeda ryigambye kwica abasirikare 200 ba Burkina Faso
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri Gatabazi yagaragaye afite isuka ari guca amaterasi n’abaturage
8 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney,uri mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara y’Amajyepfo, yahaye umuganda abaturage 510 bahawe akazi aho bakora amaterasi kuri hegitari 5 mu Murenge wa Ruheru wo mu karere ka Nyaruguru.
-
Goma: Urubyiruko rwazindukiye mu myigaragambyo
5 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrubyiruko rwo mu Mujyi wa Goma kuri uyu wa Mbere rwaramukiye mu myigaragambyo, rusaba Leta gufata ingamba zo guhosha ubugizi bwa nabi bumaze igihe bwigaragaza muri uwo mujyi.
-
Biravugwa: Gen.Irategeka wari umuyobozi wa FLN yiciwe mu mutego FARDC yateze abarwanyi be
19 January 2020, by Dusingizimana RemyAmakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo mu gihugu cya RDC aravuga ko Gen.Wilson Irategeka wari umuyobozi w’umutwe wa FLN utavuga rumwe n’u Rwanda yaguye mu mutego ingabo za FARDC zateze ingabo ze.
-
Perezida Kagame yagize Dr François Xavier Kalinda Umusenateri
6 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagize Dr. François Xavier Kalinda Umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda nk’uko itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe ribitangaza.
Ashingiye ku biteganywa n’itegeko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Dr. Francois Xavier Kalinda Umusenateri muri Sena y’u Rwanda.
Yari umwe mu bagize inteko ishinga amategeko mu Nteko ishinga amategeko ya #EAC
Dr François Xavier Kalinda yari ashoje manda ye mu Nteko ya EALA yinjiyemo muri 2015 asimbuye (…) -
Amerika itewe ubwoba n’ubufatanye mu bya gisirikare bw’Uburusiya na Irani
10 December 2022, by Dusingizimana RemyUmubano w’Uburusiya na Irani wavuyemo ubucuti bwuzuye mu bya gisirikare, nk’uko leta Zunze Ubumwe za Amerika zibivuga.
Uburusiya buha Irani imfashanyo ya gisirikare y’akataraboneka, nk’uko bivugwa n’umunyamabanga wa leta ya Amerika mu by’ umutekano,John Kirby.
Amerika yabonye ibyegeranyo byerekana ko ibi bihugu byombi biri kwigira hamwe uko byakora indege zitagira abapilote (drones) zizakoreshwa mu ntambara, nk’uko abivuga.
Amadrone ya Irani aherutse gukurikiranirwa hafi, aho Ukraine (…) -
Perezida Kagame yongeye kugira Dr Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe
14 August 2024, by EmmyPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kanama, yongeye kugirira Dr Edouard Ngirente icyizere cyo kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda.
-
Rwanda: Abanyeshuri barenga ibihumbi ijana ntibarasubira ku ishuri
26 October 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’uburezi yatangaje ko nibura abanyeshuri 105.000 bataragera ku mashuri yabo.
Raporo y’iyi Minisiteri yerekana ko, mu mwaka w’amashuri wa 2022/23, abanyeshuri 3,647.758 bagombaga kuba bari ku ishuri kugeza ubu.
Icyakora, Christophe Nsengiyaremye, Umuyobozi mukuru w’ishami rishinzwe uburezi, igenzura, n’isuzuma muri Minisiteri y’Uburezi, yatangarije Radiyo y’igihugu ko kugeza ubu abanyeshuri 3,542, 233 basubiye ku mashuri aho bari boherejwe, bivuze ko 3 ku ijana cyangwa (…) -
Abayobozi b’u Rwanda n’aba Uganda nta mwanzuro n’umwe bumvikanyeho mu nama bamazemo amasaha asaga 7
14 December 2019, by Dusingizimana RemyIbiganiro by’amasaha asaga 7 byahuje intumwa z’u Rwanda na Uganda mu nama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Angola, byasojwe nta mwanzuro uhamye ufashwe nyuma y’uko impande zombi zinaniwe kumvikana ku ngingo zimwe na zimwe.
-
Atlético de Madrid yasinye amasezerano yo kwamamaza Visit Rwanda
30 April 2025, by ISIMBI EstellaAtlético de Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne, yasinye amasezerano yo kuzageza mu 2028, yo kwamamaza Visit Rwanda, isanga andi arimo Arsenal, Bayern Munich na PSG.
Umuryango.rw
Ishami rya Al-Qaeda ryigambye kwica abasirikare 200 ba Burkina Faso
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri Gatabazi yagaragaye afite isuka ari guca amaterasi n’abaturage
Goma: Urubyiruko rwazindukiye mu myigaragambyo
Perezida Kagame yagize Dr François Xavier Kalinda Umusenateri
Amerika itewe ubwoba n’ubufatanye mu bya gisirikare bw’Uburusiya na Irani
Perezida Kagame yongeye kugira Dr Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe
Rwanda: Abanyeshuri barenga ibihumbi ijana ntibarasubira ku ishuri
Atlético de Madrid yasinye amasezerano yo kwamamaza Visit Rwanda