Ku munsi wa Kabiri ari nawo usoza uruzinduko rw’ iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda , Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping yashimiye Perezida Kagame kuba u Rwanda rutekanye kandi rukataje mu iterambere anavuga ko ahaye ikaze u Rwanda mu bufatanye n’ Ubushinwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda n’ Ubushinwa bemeranyije ubufatanye mu nzego nyinshi [VIDEO]
23 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Rusizi: Umugabo yafashwe ari gucukura imva ngo agurishe imbaho n’umucanga byayo
27 October 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo utuye mu kagari ka Bununga mu murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi yaguwe gituma n’abaturage ari gutaburura imva y’umuntu wapfuye taliki 20 Ukwakira, 2020,ashyingurwa taliki 25 Ukwakira, 2020.
-
Abakinnyi b’Amavubi bakoze imyitozo ibanziriza umukino mu mvura nyinshi
21 March 2024, by Dusingizimana RemyAbakinnyi b’Amavubi batozwa na Frank Trosten bakoze imyitozo ya nyuma muri Madagascar bitegura umukino urabahuza na Botswana kuri uyu wa gatanu mu mvura nyinshi.
-
Impanuka 7 zishe abantu benshi kurusha izindi mu myaka 10 ishize mu Rwanda
12 February 2025, by Joseph IradukundaKu wa kabiri, mu Rwanda habaye impanuka ikomeye y’imodoka itwara abagenzi yarenze umuhanda ibirinduka ku musozi uhanamye ihitana hafi kimwe cya kabiri cy’abari bayirimo.
-
Perezida Rajoelina yahishuye ikintu gikomeye ashimira Perezida Kagame
7 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Andry Rajoelina wa Madagascar yavuze ko yishimiye ubuyobozi bwa Perezida Kagame kubera ukuntu bwagerageje kunga Abanyarwanda bari baracitsemo ibice.
-
RDC: Kiliziya n’andi madini bahaye Tshisekedi ’umushinga wo gusohoka mu kaga’
4 February 2025, by Joseph IradukundaAbakuru ba Kiliziya Gatorika n’Abaporotestanti muri DRC Congo batangaje ko bashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ’umushinga wo gusohoka mu ngorane’ kandi ko yawakiriye neza.
-
Nyuma ya Karongi tour du Rwanda ikomereje i Rusizi aho Abarimo Mayor bakuyemo akabo karenge
23 November 2024, by Joseph IradukundaAmakuru ava i Rusizi aravuga ko Anicet Kibiriga, wari Meya w’Akarere, Anne Marie Dukuzumuremyi wari Visi Meya ushinzwe Imibereho Myiza ndetse na Marie Jeanne wari Umujyanama winjiye muri Njyanama ku itike ya CNF bamaze kwandika amabaruwa begura!
-
Mugisha Moise yabaye Umunyarwanda wa mbere wegukanye agace ka Tour du Rwanda kuva yajya kuri 2.1
27 February 2022, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Mugisha Moise ukinira ProTouch yo muri Afurika y’Epfo yegukanye Agace ka Munani ka Tour du Rwanda 2022 kasorejwe kuri Canal Olympia ku i Rebero nyuma yo gusiganwa intera y’ibilometero 75,3.
Mugisha wasatiriye muri metero 500 za nyuma, yakoresheje amasaha abiri, iminota umunani n’amasegonda 16, ibihe yanganyije na Sandy Dujardin na Alexandre Geniez bakinira TotalEnergies.
Bamwe baremeza ko barebye uko byagenze mbere gato y’umurongo wa nyuma uyu mufaransa Alexandre na mugenzi (…) -
Perezida Paul Kagame yahishuye uburyo ibibazo by’imibanire hagati y’u Rwanda na Uganda atari ibya vuba aha
4 February 2021, by Martin MunezeroPerezida w’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abantu badakwiriye kugira ngo ibibazo by’imibanire hagati y’ u Rwanda na Uganda ni ibya vuba aha, kuko ngo byari bimaze igihe ahubwo bidashyirwa hanze ngo abantu bamenye ko biriho.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga udakwiye kwitiranya u Rwanda n’ihuriro AFC/M23
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga udakwiye kwitiranya u Rwanda n’ihuriro AFC/M23 kuko atari rwo rwafashe umujyi wa Goma, Bukavu n’ibindi bice byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Abakinnyi b’Amavubi bakoze imyitozo ibanziriza umukino mu mvura nyinshi
Impanuka 7 zishe abantu benshi kurusha izindi mu myaka 10 ishize mu Rwanda
Perezida Rajoelina yahishuye ikintu gikomeye ashimira Perezida Kagame
RDC: Kiliziya n’andi madini bahaye Tshisekedi ’umushinga wo gusohoka mu kaga’
Nyuma ya Karongi tour du Rwanda ikomereje i Rusizi aho Abarimo Mayor bakuyemo akabo karenge
Mugisha Moise yabaye Umunyarwanda wa mbere wegukanye agace ka Tour du Rwanda kuva yajya kuri 2.1
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko umuryango mpuzamahanga udakwiye kwitiranya u Rwanda n’ihuriro AFC/M23