Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yasohoye amabwiriza mashya agenga imikoreshereze y’insengero mu gihe cya #COVID19 arimo ko imihango yo kubatizwa itemewe n’ibijyanye no gutura,guhazwa,igaburo ryera n’ibindi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINALOC yashyize hanze amabwiriza mashya agomba kugenga amadini arimo kuyabuza kubatiza
31 July 2020, by Dusingizimana Remy -
Gahunda y’ibikorwa byo #Kwibuka27 hazakoreshwa cyane ikoranabuhanga
7 April 2021, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Jean Damascene Bizimana, yabwiye RBA ko guhera kuri uyu wa 07 Mata 2021 hirya no hino ku isi no mu Rwanda by’umwihariko, haratangira ibikorwa byo kwibuka Abatutsi bishwe muri Jenoside mu 1994.
-
Angola yamaganye kure imirwano ihanganishije M23 na FARDC muri Walikale
22 October 2024, by Joseph IradukundaGuverinerinoma ya Angola ku wa Mbere yamaganye imirwano iheruka gusakiranya umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya RDC muri Teritwari ya Walikale, igaragaza ko ica intege ibiganiro bya Luanda bigamije guhosha amakimbirane y’impande zombi.
-
Yves Iradukunda yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri MINICT, hashyirwaho abayobozi mu nzego zinyuranye
18 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame yashyize mu nshingano abayobozi bashya barimo Yves Iradukunda wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT).
-
Perezida Kagame yavuze inyungu ziri mu bufatanye bwa Afurika na BRICS
27 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yavuze ko hari inyungu nini ku mpande zombi mu bufatanye bwa Afurika na BRICS kandi nibikomeza ubu bufatanye ari bwo buzaha umurongo ubukungu no mu myaka iri imbere.
-
Impanuro zahawe Abapolisi b’u Rwanda bagiye gusimbura abandi b’itsinda ririnda abayobozi bakuru muri Centrafrique
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP Vincent Sano, yasabye abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique kuzarangwa n’ubunyamwuga, bakibuka ko bagiye bahagarariye Igihugu cyabo, bityo ko bakwiye kuzagihesha ishema.
-
Perezida Kagame yagaragaje imbamutima ze ku kuba u Rwanda rugiye kongera kwakira BAL
21 May 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiranye ikiganiro na Masaï Ujiri, umwe mu batangije gahunda ya Giants of Africa ndetse akaba ari na Perezida w’ikipe ya Toronto Raptors ikina muri NBA ku ngingo zinyuranye aho ziganje ku mukino wa Basketball.
Muri iki kiganiro,Perezida Kagame yavuze ko atewe ishema no kuba u Rwanda rwakiriye irushanwa rya BAL ku nshuro ya kabiri ndetse ko bizagirira akamaro abakiri bato bacu ndetse no kuzamura impano ku mugabane wa Afurika."
Perezida Kagame yavuze ko umusanzu uwo ariwo (…) -
Guverinoma yatangaje igihe Guma mu rugo ya Kigali izarangirira ibikorwa bigasubukurwa
2 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri iki gicamunsi, hifashishijwe ikoranabuhanga, Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zitandukanye zirimo urugamba rwo guhangana n’icyorezo cya Koronavirusi.
Mu rwego rwo gukomeza gukumira ikwirakwira rya COVID-19, Inama y’Abaminisitiri yemeje ko ingamba zose zisanzweho mu Gihugu, harimo na gahunda ya Guma mu rugo mu Mujyi wa Kigali, zikomeza gukurikizwa guhera ku itariki ya 3 kugeza ku ya 7 Gashyantare 2021.
Icyakora nyuma y’aho guhera kuwa 08 Gashyantare (…) -
ADEPR: Bishop Sibonama, Rwagasana na bagenzi babo bireguye kubyaha baregwa
29 October 2018, by Nsanzimana ErnestAbahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 bari Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukwakira 2018 bitabye urukiko ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano.
-
Rubavu: Hatangajwe igihe Gare nshya y’Akarere izubakirwa
18 November 2021Hashize igihe kinini havugwa ko mu karere ka Rubavu, hagiye gutangira imirimo yo kubaka Gare [I Nyakabungo] ariko uyu munsi hamenyekanye igihe imirimo izatangirira n’igihe izarangirira.
Umuryango.rw
MINALOC yashyize hanze amabwiriza mashya agomba kugenga amadini arimo kuyabuza kubatiza
Angola yamaganye kure imirwano ihanganishije M23 na FARDC muri Walikale
Yves Iradukunda yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri MINICT, hashyirwaho abayobozi mu nzego zinyuranye
Impanuro zahawe Abapolisi b’u Rwanda bagiye gusimbura abandi b’itsinda ririnda abayobozi bakuru muri Centrafrique
Perezida Kagame yagaragaje imbamutima ze ku kuba u Rwanda rugiye kongera kwakira BAL
Rubavu: Hatangajwe igihe Gare nshya y’Akarere izubakirwa