Abanya-Uganda biganjemo urubyiruko mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 batangiye imyigaragambyo mu bice bitandukanye by’Umurwa Mukuru, Kampala.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kampala: Imyigaragambyo yatangiye, aba mbere batabwa muri yombi
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yijeje ubufasha Rwandair n’ibindi bigo bizakenera inkunga ya Leta nyuma ya #COVID19
16 April 2020, by Dusingizimana RemyMu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye n’abashoramari barenga 400 baturuka hirya no hino ku isi, bahujwe na ‘Invest Africa’ mu rwego rwo kuganira ku bibazo by’ubukungu bishobora guterwa n’icyorezo cya COVID-19, n’ingamba ziriho zo kugira ngo ubukungu butazahungabana cyane,yavuze ko RwandAir kimwe n’ibindi bigo by’ingenzi, bizakenera inkunga ya Leta ndetse no koroherezwa kugira ngo bishobore kongera gukora neza mu gihe icyorezo cya Coronavirus kizaba kirangiye.
-
Amerika yanze umwanzuro wo guhagarika imirwano muri Gaza ikomeje kuyogoza benshi
22 November 2024, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishije ijambo rikomeye zifite mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano, yitambika umwanzuro usaba ingabo za Israel n’umutwe witwaje intwaro wa Hamas guhagarika imirwano mu ntara ya Gaza.
-
Perezida wa FERWAFA ari mu bahawe inshingano muri FIFA
8 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice, ari mu bahawe inshingano mu Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA.
-
Perezida Kagame yakiriye Amb. Eric Kneedler urangije inshingano ze
13 January, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yakiriye muri Villlage Urugwiro, Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, amusezeraho kuko arangije inshingano ze.
-
Perezida Kagame yirukanye Madamu Jeanine Munyeshuli muri Guverinoma
3 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yirukanye ku mirimo ye, Jeanine Munyeshuli wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Ishoramari rya Leta no kwegeranya Imari.
-
Covid-19:Nyanza abarenze ku mabwiriza bamaze gucibwa akayabo k’amamiliyoni y’amanyarwanda
25 March 2021, by Martin MunezeroFoto@IGIHE
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza bwatangaje ko bwakajije ingamba zo kurwanya no gukumira icyorezo cya Covid-19 kuko imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yerekanye ko abandura muri ako karere bakomeje kwiyongera, bituma gashyirwa muri ‘gahunda ya guma mu karere’.
-
Mugisha Samuel yegukanye Tour du Rwanda 2018
12 August 2018, by Dusingizimana RemyAzzedine Lagab niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2018 asize Lozano Riba David na Munyaneza Didier gusa Mugisha Samuel yabashije gucunga abo bari bahanganye ntiyatakaza igihe byatumye yegukana Tour du Rwanda 2018.
-
Abanyeshuri n’umwarimu bakurikiranyweho gukubita umwana agapfa
28 May 2025, by ISIMBI EstellaAbanyeshuri batandatu n’umwarimu wabo bakurikiranyweho gukubita umunyeshuri bamuziza ibiryo, bimuviramo urupfu. Byabereye ku kigo cya GS Rumuri giherereye mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Miyove mu Kagari ka Gakenke mu Mudugudu wa Museke.
-
Byishi utamenye ku mukino waranzwe n’impaka nyinshi hagati ya Senegal na Morocco
19 January, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru, hasojwe Igikombe cya Afurika 2025 cyaberaga muri Maroc cyegukanywe na Senegal itsindiye iki gihugu cyakiriye igitego 1-0, mu mukino wa nyuma, wagaragayemo impaka bitewe na penaliti yahawe Morocco, abakinnyi ba Senagal bakava mu kibuga umukino ugahagarara iminota 16.
Umuryango.rw
Kampala: Imyigaragambyo yatangiye, aba mbere batabwa muri yombi
Amerika yanze umwanzuro wo guhagarika imirwano muri Gaza ikomeje kuyogoza benshi
Perezida wa FERWAFA ari mu bahawe inshingano muri FIFA
Perezida Kagame yakiriye Amb. Eric Kneedler urangije inshingano ze
Perezida Kagame yirukanye Madamu Jeanine Munyeshuli muri Guverinoma
Abanyeshuri n’umwarimu bakurikiranyweho gukubita umwana agapfa
Byishi utamenye ku mukino waranzwe n’impaka nyinshi hagati ya Senegal na Morocco