U Rwanda rwagaragaje sisiteme y’ikoranabuhanga ya e-IDSR, (Integrated Disease Surveillance and Response) izafasha Abaveterineri n’abandi bafite aho bahuriye n’ubuzima bw’amatungo n’inyamanswa kuvumbura kare indwara n’ibyorezo bishobora kwanduza abantu bavuye mu matungo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo
4 November 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yagaragaje akamaro ko gusenga mu buzima bwa muntu
15 January 2023, by Dusingizimana RemyMu masengesho yo gusengera Igihugu yabaye kuri iki Cyumweru, Perezida Kagame yavuze ko gusenga ari byiza, bikwibutsa ’icyo turi cyo’.
Yakomeje avuga ko hejuru y’ibyo bikwigisha guca bugufi n’icyo buri wese akwiriye kuba akora mu byo ashinzwe.
Ati "Gusenga ni byiza kandi bikubiyemo ibintu byinshi, gusenga biributsa, bifite byinshi bitwibutsa. Bitwibutsa icyo turi cyo kandi dukwiriye kumenya icyo turi cyo, turi abantu […] kumenya icyo umuntu aricyo binaguha n’umwanya wo gutekereza uko (…) -
Turahirwa Moses yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
9 May 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Turahirwa Moses afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ya OACPS yize ku ngamba zo gukomeza guhangana na Covid-19 [AMAFOTO]
3 June 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu,tariki ya 03 Kamena 2020, Perezida Kagame yitabiriye inama y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika, Karayibe na Pasifika, yize ku ngamba zo gukomeza guhangana na Covid-19.
-
‘Dushobora kugira igihugu cyiza n’ amategeko meza kirimo abantu babi’ Mpayimana
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestPhilippe Mpayimana, umunyapolitiki wangiwe gukorera ikiganiro n’ abanyamakuru aho yari yateguye aravuga ko ba nyiri Bar Plus250 batamubereye inyangamugayo nabo bakavuga ko batari bamenye ko ari inama y’ umunyapolitiki izahabera.
-
"Umutekano w’abaturage urindiwe ku butaka, mu mazi, urindiwe no mu kirere"- Mukuralinda
20 February 2024, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda, yahumurije abaturage, ashimangira ko ubusugire n’umutekano by’u Rwanda birinzwe.
-
Perezida Kagame yamaganye ibitero byibasiye abayobozi ba Zimbabwe na Ethiopia
1 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’uyu muryango, yamaganye ibitero by’iterabwoba biherutse kwibasira abayobozi ba Ethiopie na Zimbabwe.
-
Leta yatangiye guha Mudasobwa abarimu bigisha mu mashuri ya Leta
18 April 2021, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) bwatangiye kohereza hirya no hino mudasobwa zo guha abarimu muri gahunda yiswe “Mudasobwa imwe ku Mwarimu”.
-
Perezida Suluhu yiyemeje kwihutisha imishinga u Rwanda na Tanzania bihuriyeho
3 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Tanzania,Madamu Samia Suluhu yakiriye ubutumwa yohererejwe na mugenzi we Perezida Kagame yizeza ko imishinga ibihugu byombi bihuriyeho agiye kuyihutisha.
-
Rubavu: Meya yavuze kuri wa mutetsi ufunzwe azira guhagararira akarere mu muhango wo Kwibuka
17 July 2022, by Dusingizimana RemyMu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Rugerero wabaye tariki 03 Kamena 2022,habaye ikintu kidasanzwe ubwo Umutetsi wo mu kigo cya College Inyemeramihigo yahagarariraga akarere muri uwo muhango asimbuye abandi bayobozi bose.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero yagombaga kwitabira igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku kigo cya GS Nkama,kuwa 03 Kamena 2022.
Kubera ko yagombaga gusezeranya abageni yahisemo kohereza (…)
Umuryango.rw
Hakozwe sisiteme ivumbura ibyorezo byanduza abantu bivuye mu nyamanswa n’amatungo
Perezida Kagame yagaragaje akamaro ko gusenga mu buzima bwa muntu
Turahirwa Moses yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Perezida Kagame yitabiriye inama ya OACPS yize ku ngamba zo gukomeza guhangana na Covid-19 [AMAFOTO]
"Umutekano w’abaturage urindiwe ku butaka, mu mazi, urindiwe no mu kirere"- Mukuralinda
Rubavu: Meya yavuze kuri wa mutetsi ufunzwe azira guhagararira akarere mu muhango wo Kwibuka