Kuri iki cyumweru Taliki ya 27 Mutarama 2019,Perezida wa Repubulika,Paul Kagame ,yasabye Kiliziya Gatolika gukomeza guteza imbere imibereho y’Abanyarwanda, ubwo yitabiriye umuhango w’ ihererekanyabubasha hagati ya Musenyeri Tadeyo Ntihinyurwa wari Arikidisikopi wa diyosezi ya Kigali n’ uwamusimbuye kuri uyu mwanya Musenyeri Antoine Kambanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yasabye Kiliziya Gatolika gukomeza gufasha igihugu kuzamura imibereho y’Abanyarwanda
27 January 2019, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda n’u Burundi biyemeje gufatanya mu kurwanya imitwe igamije guhungabanya umutekano
25 October 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba n’uw’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, bagiranye inama na bagenzi babo bo mu Ntara ya Muyinga n’iya Kirundo mu Burundi, igamije gutsura umubano w’ibihugu byombi, ikaba yabereye ku mupaka wa Nemba.
Amakuru dukesha RBA avuga ko muri iyi nama, aba bayobozi biyemeje gufatanya byimbitse mu gukemura ibibazo bigaragara umunsi ku munsi ku mupaka w’ibihugu byombi, no kujya bahura rimwe mu mezi atatu ariko bitabuza ko buri munsi habaho gukorana. (…) -
Umutungo wa RSSB wageze kuri miliyari 3000,2 Frw mu 2025
20 January, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, Regis Rugemanshuro, yatangaje ko umwaka wa 2025 usize umutungo wayo wikubye kabiri mu myaka itanu ishize ugera kuri miliyari 3000,2 Frw.
-
Wa munyarwanda umwe waguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines yasezeweho bwa nyuma n’umuryango we muri Ethiopia[AMAFOTO]
20 March 2019, by Martin MunezeroNyakwigendera Musoni Jackson yakoreraga ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi UNHCR muri Sudani y’Epfo, ndetse yakoreye Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda. Musoni Jackson yitabye Imana asize umugore n’abana babiri; umuhungu n’umukobwa.
-
Guverinoma yafunguye ingendo hagati y’uturere tumwe n’umujyi wa Kigali n’amasaha yo gukora arongerwa
15 March 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere iyobowe na Perezida Kagame yafashe imyanzuro izatangira kubahirizwa kuwa 16 Werurwe 2021 irimo:
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere iyobowe na Perezida Kagame yemeje imyanzuro yo gukomeza kwirinda COVID-19 irimo ko:
Ingendo zibujijwe guhera saa Tatu z’ijoro kugeza saa Kumi za mu gitondo. Ibikorwa byose byemerewe gukomeza bizajya bifunga saa Mbiri z’ijoro.
Ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’Intara, ndetse no (…) -
Guverinoma y’u Rwanda yasubije Perezida Ndayishimiye warushinje gufasha Red Tabara
30 December 2023, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyatangajwe na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ashinja u Rwanda gutera inkunga imitwe irwanya Leta y’u Burundi ikorera mu Burasirazuba bwa DRC. U Rwanda ruvuga ko ntaho ruhuriye n’iyo mitwe.
-
RDC yaciye ruhinga nyuma irega u Rwanda na Perezida Kagame mu rundi rukiko mpuzamahanga
3 December 2024, by Joseph IradukundaRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda na Perezida Paul Kagame mu Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu, ibashinja gukorera ibyaha ku butaka bwayo.
-
Kugera mu rugo byasubijwe saa tatu z’ijoro n’abagenzi bagenda muri Bisi baragabanywa
12 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri muri Village Urugwiro, yize ku ngingo zitandukanye zirimo ingamba zo gukomeza urugamba rwo kurwanya icyorezo cya Koronavirusi ndetse no gushyiraho ba Ambasaderi
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatandatu iyobowe na Perezida Kagame yafashe ingamba zo gukomeza kwirinda COVID-19 zirimo:
Ingendo zirabujijwe guhera saa Tatu z’ijoro kugeza saa Kumi za mu gitondo
Ubusabane n’ibirori bitandukanye bibera mu ngo birabujijwe
Imodoka (…) -
Perezida wa Czech yahishuye icyo yakunze kuri Perezida Kagame
6 April 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Perezida Petr Pavel wa Repubulika ya Czech uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda aho yaje no kwifatanya n’abaturarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
KICUKIRO-REBERO:Imodoka yari itwaye abanyeshuri yakoze impanuka ikomeye
9 January 2023, by ISHIMWE JANEImodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka ikomeye ahitwa ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.
Umuryango.rw
U Rwanda n’u Burundi biyemeje gufatanya mu kurwanya imitwe igamije guhungabanya umutekano
Umutungo wa RSSB wageze kuri miliyari 3000,2 Frw mu 2025
Guverinoma y’u Rwanda yasubije Perezida Ndayishimiye warushinje gufasha Red Tabara
RDC yaciye ruhinga nyuma irega u Rwanda na Perezida Kagame mu rundi rukiko mpuzamahanga
Kugera mu rugo byasubijwe saa tatu z’ijoro n’abagenzi bagenda muri Bisi baragabanywa
Perezida wa Czech yahishuye icyo yakunze kuri Perezida Kagame
KICUKIRO-REBERO:Imodoka yari itwaye abanyeshuri yakoze impanuka ikomeye