Minisiteri ya Siporo yatangaje ko imwe mu mikino ikinwa abantu bategeranye nka: Cycling, Golf, Tennis, umukino wo gutwara amamodoka, imikino ngororamubiri yasubukurwa kuva tariki ya 08 Kamena 2020,ariko igakorwa hakurikizwa amabwiriza yo kwirinda ikwirakwizwa rya Covid-19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisiteri ya Siporo yakomoreye imwe mu mikino ikinwa abantu bategeranye itanga n’amabwiriza yihariye
5 June 2020, by Dusingizimana Remy -
Meya Harerimana yabujije abaturage be kubwira abanyamakuru akababaro
4 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Rusizi Harerimana Frederic aravugwaho kuba amaze iminsi yangisha abaturage itangazamakuru aho ababwira ko itangazamakuru uretse kubandagaza nta kindi ryabamarira.
Ubu butuma uyu muyobozi amaze iminsi abuha abaturage mu nama zitandukanye yagiye ahuriramo nabo mu mirenge ya Bugarama, Bweyeye na Butare.
Ati “Ko mwahuye n’ ibiza, ababashije kubatabara si abayobozi? Abayobozi nibo batugejejeho raporo natwe tuzigeza ku nzego zose uko twicaye ahangaha. Ufite ikibazo (…) -
Leta y’ u Rwanda yahagaritse by’ agateganyo ibigo by’ amashuri birenga 50 [REBA URUTONDE RWABYO]
16 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 16 Kanama 2018 Minisiteri y’ uburezi mu Rwanda yatangaje ko yahagaritse by’ agateganyo ibigo by’ amashuri 57 mugihe kingana n’icyumweru.
-
Iyi nyubako twayubakiye kugira ngo ibihangange by’u Rwanda bibashe kuhitoreza no kuhatsindira-Perezida Kagame afungura Kigali Arena
9 August 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 08 Kanama 2019 nibwo Nyakubahwa perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro inyubako ya Kigali Arena yubatswe mu mezi atandatu na Kompanyi y’ubwubatsi ya SUMMA y’Abanya Turkia ndetse ikaba iri mu ma stade mezi cyane muri Afurika.
-
RDC: Iryinyo rya Lumumba ububirigi buherutse kugarura mu gihugu ryibwe
19 November 2024, by Joseph IradukundaIryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba intwari y’iki gihugu ryibwe, biteza impagarara.
-
Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka amagambo bagakorera abaturage
11 November 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Claude Musabyimana wasimbuye Gatabazi JMV ku munsi w’ejo.
Perezida Kagame yavuze ko nubwo inshingano za Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ari nshya kuri Musabyimana ariko gukorera Abanyarwanda atari bishya kuri we kuko yakoze mu nzego zibanze.
Ati “Ibishya ni uko agiye ku rwego rw’Ubuminisitiri yari ashinzwe indi mirimo yo ku rundi rwego rutari urwo (…) -
Nyarugenge:Yashikuje umuntu igikapu cyarimo ibihumbi birenga 600 Polisi isanga asigaranye ibihumbi 500 FRW
7 November 2020, by Martin MunezeroKu mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 05 Ugushyingo, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kigali yafashe Hakizimana Emmanuel w’imyaka 24, aracyekwaho gushikuza Himbaza Estone w’imyaka 32 igikapu cyarimo amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 688,000, imashini yifashishwa mu kubitsa no kubikuza amafaranga, telefoni ngendanwa yo mu bwoko bwa Spark7, n’ibindi bikoresho. Ibi byabaye mu masaha ya Saa tatu z’ijoro ubwo Himbaza yari avuye ku kazi ataha iwe mu rugo.
-
Abantu 134 bamaze guhitanwa na Covid-19 mu minsi 12 gusa mu Rwanda
13 July 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubuzima imaze gutangaza ko mu minsi 12 yonyine ishize mu Rwanda ubwandu bwa COVID19 bwazamutse bikabije ndetse n’abapfa bariyongera.
Imibare itangwa n’inzego z’ubuzima yerekana ko muri iyo minsi hamaze gupfa abantu 134.Abanduye bo ni 9,102.
Mu ijoro ryakeye hatangajwe abantu 22 bishwe na Covid, umubare munini mushya wa benshi bapfuye ku munsi umwe kuva iki cyorezo cyahagera.
U Rwanda rwugarijwe n’inkubiri nshya ya Covid, mu cyumweru gishize minisitiri w’ubuzima yavuze ko (…) -
Burundi: Impunzi z’Abanye-Congo zangiwe gutaha zaciye umuvuno mushya
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuImpunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Burundi ziturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo ziri gutaha zinyuze mu nzira zitemewe n’amategeko nyuma y’aho zangiwe gusubira iwabo.
-
Leta y’u Rwanda irasabira FDLR kuryozwa inka iherutse kurasa
9 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROUmuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, arasaba ko abarwanyi ba FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo baherutse kugaragara barasa inka bagezwa mu butabera.
Tariki ya 2 Gicurasi 2023, ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho yumvikanamo abavuga Ikinyarwanda barasa inka. M23 ivuga ko byakorewe n’abarwanyi barimo aba FDLR mu muhanda wa Kalengela-Tongo muri teritwari ya Masisi, kandi ko hishwe izirenga 200, izindi zirakomereka. (…)
Umuryango.rw
RDC: Iryinyo rya Lumumba ububirigi buherutse kugarura mu gihugu ryibwe
Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka amagambo bagakorera abaturage
Abantu 134 bamaze guhitanwa na Covid-19 mu minsi 12 gusa mu Rwanda
Burundi: Impunzi z’Abanye-Congo zangiwe gutaha zaciye umuvuno mushya
Leta y’u Rwanda irasabira FDLR kuryozwa inka iherutse kurasa