Arikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Dr. Mbanda Laurent, yatangaje ko nta byacitse kuba umuntu yabazwa inshingano, yongera kuvuga ko niba hari umukozi w’Imana ushaka gukora atabazwa inshingano igihe cye cyarangiye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Imva n’imvano ya bombori bombori zumvikana mu itorero Angilikani
21 October 2025, by Brenda MIZERO -
Inkingo miliyoni imwe za COVID-19 ziragera i Kigali mu minsi ya vuba cyane
22 January 2021, by Martin MunezeroMu kiganiro Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) yagiranye n’Ikinyamakuru, The New Times yavuze ko u Rwanda rutegereje inkingo miliyoni imwe zikingira Covid-19.
-
Ibigize impeta igikomangoma Harry yambitse Markle wakunzwe n’imbwa z’ibwami
29 November 2017, by Iyamuremye JanvierIgikomangoma Harry akaba uwa gatanu mu baragwa b’ingoma y’ubwongereza agiye kurushinga n’umukinnyi wa filime, Markel ufite inkomoka ku babyeyi badahuje inkomoko, umwe ni umuzungu undi ni umwirabura.
Aba bombi bagiye kurushinga nyuma y’umwaka urenga bakundana.Ubukwe bw’abo buzaba umwaka utaha wa 2018.Mu kiganiro bagiranye n’umunyamakuru wa BBC, Mishal Hussain bavuye imuzi n’imuzingo ibijyanye n’urukundo rwabo kugeza batangaje ko bagiye kurushinga.
Hary n’umukunzi we watandukanye n’umugabo (…) -
Biravugwa ko Sergeant Robert ukekwaho gusambanya umwana we yatorokeye muri Uganda
24 November 2020, by Dusingizimana RemySergeant Major Kabera Robert uzwi mu muziki nka “Sergeant Robert” uri gushakishwa n’ubutabera bw’ingabo z’u Rwanda kubera icyaha akekwaho cyo gusambanya umwana we w’imyaka 15,biravugwa ko yaciye mu nzira zitemewe ahungira muri Uganda.
Ku munsi w’ejo nibwo Ingabo z’u Rwanda zasohoye itangazo rigira riti “Ishami ry’Ubushinjacyaha mu Gisirikare cy’u Rwanda, ryatangiye iperereza ku byaha bishinjwa Sergeant Major Kabera Robert a.k.a “Sergeant Robert” bijyanye no gusambanya umwana wo mu muryango (…) -
Abashinwa bahaye u Rwanda ibikoresho byitezweho gukemura ibibazo by’ ubutaka n’ amazi
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cya siyansi cyo mu gihugu cy’ Ubushinwa cyahaye ikigo gikora ubushakashatsi mu karere u Rwanda ruherereyemo ibikoresho by’ ubushakashatsi byitezweho gukemura ibibazo by’ amazi n’ ibibazo bijyanye n’ ubutaka.
Ibi bikoresho bifite agaciro ka miliyoni 300 z’ amafaranga y’ u Rwanda byashyikirijwe umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya UNILAK, Dr Ngamije Jean kuri uyu wa Kabili tariki 24 Ukwakira 2017.
Kaminuza ya UNILAK isanzwe ifitanye umubano n’ Ikigo cyo mu Bushinwa kitwa Xinjing institute (…) -
Ihuriro rishya rya Kabila rigiye gutangira ’igikorwa gikomeye cya dipolomasi’ kuri leta ya Kinshasa
16 October 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro rishya "Mouvement Sauvons la RDC" ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa ryavukiye i Nairobi muri Kenya ryatangaje ko rigiye gukora "igikorwa gikomeye cya dipolomasi" muri Afurika no ku isi kugira ngo risobanure kandi rikemure ibibazo by’urusobe rivuga ko RD Congo irimo kandi rikureho "ubutegetsi bw’igitugu" buriho.
-
Amashuri yo mu mujyi wa Kigali agiye gufunga icyumweru kubera#CHOGM
13 June 2022, by Dusingizimana RemyGuhera tariki 20 kugeza tariki 26 Kamena 2022, amashuri yo muri Kigali azaba afunze. MINEDUC ivuga ko biri mu rwego rwo koroshya ingendo mu Mujyi wa Kigali mu gihe hazaba habera inama ya #CHOGM2022.
Itangazo MINEDUC yashyize hanze kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Kamena, rivuga ko ibyo byatekerejweho mu rwego rwo kwirinda ko iyi nama yabangamira ingendo z’abanyeshuri n’abarimu babo.
Rikomeza rivuga ko amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali azafunga kuva ku wa 20 kugeza 26 Kamena, ibizamini (…) -
Karongi: Umwari yahiriye mu nzu yari acumbitsemo
3 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa witwa Uwimana w’imyaka 27 wari ucumbitse mu nzu iri mu mudugudu wa ETO Nyakigezi, Akagari ka Kiniha mu murenge wa Bwishyura yaraye ahiriye mu nzu afungiranye arakongoka.
-
Amateka ya Pasiteri Ezra Mpyisi wabaye umwiru akanayobora Abadiventisti mu mahanga
27 January 2024, by Dusingizimana RemyPasiteri Ezra Mpyisi, umwe mu nararibonye izwi cyane akaba n’umuvugabutumwa mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda, yapfuye afite imyaka 102.
-
Mu byo abapasiteri bavuga ku butinganyi harimo ko ari iturufu yo kwaka ubuhungiro
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuryamana no gushakana kw’ abahuje ibitsina bizwi nk’ ubutinganyi bikomeje kutavugwaho rumwe. Bamwe mu ba pasteri bavuga ko ubutinganyi bugamije kurimbura Isi, abandi bakavuga hari abasigaye babwitwaza kugira ngo bake ubuhungiro mu bihugu bikomeye mu Isi.
Ibihugu 20 ku isi byemera gushyingira abamana bahuje ibitsina. Ni Argentine, Danmark, Hollande, Afurika y’ Epfo, Ububiligi, Ubwongereza, Iceland, New Zealand, Espagne, Brazil, Finland, Ireland, Norway, Sweden, Canada, France, Luxemborg, (…)
Umuryango.rw
Imva n’imvano ya bombori bombori zumvikana mu itorero Angilikani
Ihuriro rishya rya Kabila rigiye gutangira ’igikorwa gikomeye cya dipolomasi’ kuri leta ya Kinshasa
Amashuri yo mu mujyi wa Kigali agiye gufunga icyumweru kubera#CHOGM
Amateka ya Pasiteri Ezra Mpyisi wabaye umwiru akanayobora Abadiventisti mu mahanga