Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yabwiye abagaba b’Ingabo zirwanira ku butaka mu bihugu bitandukanye, ko izo ngabo ari zo zitabara mu bihe bikomeye bityo ko zikwiye kwimakaza imikoranire myiza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Marizamunda yibukije ingabo zirwanira ku butaka uburemere bw’inshingano zifite
23 October 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yashimye umusanzu wa ‘FIFA Forward’ muri siporo y’u Rwanda
25 February, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru.
-
Perezida Kagame yakuye mu mirimo Guverineri Habitegeko Francois
28 August 2023, by Dusingizimana RemyHabitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba na Mukamana Espérance wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’lgihugu gishinzwe Ubutaka bahagaritswe mu mirimo yabo.
-
‘Kudutera uturutse hanze biragoye’ Perezida Kagame
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko nta mwanzi watera u Rwanda aturutse hanze y’ igihugu ngo abishobore ko ahubwo umwanzi ukomeye ari uwaturuka imbere mu gihugu.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2017 ubwo ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda ryizihizaga imyaka 30 rishinzwe.
Yagize ati “Indake iri hano iri muri twe, ikizaturinda kikarinda ibyo twubaka kiri muri twe hano muri mwe. Nitwirinda ya mico mibi, tukuzuzanya, tukagira ubumwe, tukagira imyitwarire (…) -
Abakozi ba Skol basuye urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi (Amafoto)
11 April 2024, by Joseph IradukundaAbakozi b’uruganda Skol Brewery Ltd Rwanda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi.
-
Polisi y’u Rwanda yashyize hanze amabwiriza agenga abakora ingendo z’indege nyuma ya saa tatu z’ijoro
2 August 2020, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Polisi y’Igihugu,CP John Bosco Kabera Yavuze ko ku bagenzi bagera mu Rwanda nyuma ya saa tatu z’ijoro,yatangaje ko abantu bafite ingendo z’indege za nyuma ya saa tatu z’ijoro, kugira ngo babashe kujya ku kibuga cy’indege, hashyizweho urubuga (mc.gov.rw) bazajya banyuraho bamenyekanisha aho bajya ndetse yemeza ko biratangira gukorwa guhera kuri uyu wa Mbere.
-
Col.Ngabo Janvier wari mu bakomeye mu ngabo za FLN yishwe na FARDC
29 December 2020, by Dusingizimana RemyCol.Ngabo Janvier wari ushinzwe ibikorwa bya gisiliikare G3 muri CNRD/FLN yishwe n’ingabo za FARDC ahitwa Muzimu muri Kivu y’amajyepfo nkuko umuvugizi w’izi ngabo za RDC yabitangaje.
-
Donald Trump yashimye Imana nyuma yo guhushwa n’umwicanyi
19 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIDonald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashimye Imana ko agihumeka nyuma y’iminsi mike arashwe ugutwi ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza.
Ku wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024, ubwo yari mu Mujyi wa Butler muri Pennsylvania, nibwo Trump yarashwe isasu rifata ugutwi, icyakora rihitana umwe mu bari bitabiriye ibikorwa byo kumwamamaza. Nyuma yo kuraswa ntacyo Trump yigeze abivugaho, yongeye kubikomozaho kuri uyu wa Kane mu Nteko Rusange y’ishyaka ry’aba-Républicains, (…) -
Umujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo 2 bikomeye kubera icyorezo cya Coronavirus
8 March 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo by’imyidagaduro byose n’ibindi birori bihuza abantu benshi guhera kuri iki cyumweru tariki 8 Werurwe kugeza igihe icyorezo cya COVIDー19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus kizaganyiriza ubukana.
-
Ikibazo si uko Victoire INGABIRE atabasha guhirika Ubutegetsi bwa FPR! Abamufasha nibo kibazo
9 July 2025, by Joseph IradukundaUrubanza rwa Victoire Ingabire rwatangiye asaba igihe cyo kwiga kuri Dosiye ye!
Umuryango.rw
Minisitiri Marizamunda yibukije ingabo zirwanira ku butaka uburemere bw’inshingano zifite
Perezida Kagame yashimye umusanzu wa ‘FIFA Forward’ muri siporo y’u Rwanda
Perezida Kagame yakuye mu mirimo Guverineri Habitegeko Francois
Abakozi ba Skol basuye urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi (Amafoto)
Polisi y’u Rwanda yashyize hanze amabwiriza agenga abakora ingendo z’indege nyuma ya saa tatu z’ijoro
Donald Trump yashimye Imana nyuma yo guhushwa n’umwicanyi
Umujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo 2 bikomeye kubera icyorezo cya Coronavirus
Ikibazo si uko Victoire INGABIRE atabasha guhirika Ubutegetsi bwa FPR! Abamufasha nibo kibazo