Uyu munsi tariki ya 11 Nyakanga 2020,habonetse undi muntu wa Kane wahitanywe na Coronavirus mu Rwanda uyu akaba ari umusaza w’imyaka 78 y’amavuko.Habonetse kandi abandi bantu 47 banduye iki cyorezo,hakira abandi 28.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Covid-19 yahitanye umuntu wa Kane mu Rwanda, yari umusaza w’imyaka 78
11 July 2020, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rwarashe indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cyarwo
24 January 2023, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’U Rwanda cyarashe ku ndege Sukhoi-25 y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ubwo yinjiraga mu kirere cy’U Rwanda mu Karere ka Rubavu, amashusho yerekanye iyi ndege iri kuzimirizwa i Goma.
Ahagana Saa Kumi n’Imwe z’Umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakajwe amashusho y’iyi ndege iri kwaka umuriro ku ibaba ry’iburyo.
Amafoto yashyizwe hanze yagaragaje iyi ndege yatobaguwe n’amasasu ku ruhande rumwe ndetse iri gushya ku ibaba (…) -
Habayeho akagambane! Ndimbati yireguye imbere y’Urukiko
23 March 2022, by Rebecca UFITAMAHOROVIDEO: REBA UKO IBURANISHA RYAGENZE HANO
Kuri uyu munsi tariki ya 23 Werurwe 2022 nibwo umukinnyi wa Filimi,Uwihoreye Jean Bosco wamamaye ku izina rya Ndimbati muri Firimi y’uruhererekane ya “Papa Sava” yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge aburana ifungwa n’ifungurwa ku byaha akurikiranyweho byo gusindisha umwana utarageza imyaka y’ubukure no kumusambanya.
Ndimbati wari ufungiye kuri Stasiyo ya RIB ya Rwezamenyo, yagejejwe imbere y’inteko iburanisha mu rubanza rwitabiriwe n’abantu (…) -
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro zakoze igikorwa cyo kurwanya Malaria
12 October 2025, by Brenda MIZEROAbasirikare n’abapolisi b’Abanyarwanda bari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ku bufatanye n’Abanyarwanda baba muri Sudani y’Epfo ndetse n’Umuryango wa SHF (Society for Family Health), bakoze igikorwa cyo kurwanya malariya mu nkambi y’impunzi ya Mangateen iherereye i Juba.
-
Blinken yatangaje ko Amerika ishobora guhagarika gufasha Ukraine
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, yatangaje ko Igihugu cye gishobora guhagarika ubufasha giha Ukraine.
-
Ngororero: Abantu 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka
23 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagenzi 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya minibisi RAB 579H, yavaga mu isantere ya Kabaya yerekeza mu isantere ya Ngororero mu Karere ka Ngororero.
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zirukanye inyeshyamba mu birindiro bifatwa nk’icyicaro cyazo
4 August 2021, by Dusingizimana RemyIgitero cy’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda cyavanye inyeshyamba mu birindiro byari bisigaye byazo mu gace ka Awasse mu karere ka Mocímboa da Praia ahafatwaga "nk’icyicaro cyazo".
-
Ibibazo by’umutekano muke muri RDC byahawe umurongo mu nama yo muri Ethiopia
17 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame wageze muri Ethiopia ku wa Kane,tariki ya 16 Gashyantare 2023, yahuriye imbonankubone na Perezida wa Congo, Antoine Felix Tshisekedi, ndetse n’abandi bakuru b’Ibihugu mu nama yatumijwe na Perezida wa Angola, João Lourenço usanzwe ari umuhuza hagati ya Congo n’u Rwanda.
Perezidansi ya RD Congo yavuze ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi yagize uruhare muri iyi nama yabaye mu gitondo ikitabirwa na Perezida William Rutto wa Kenya, João Lourenço wa Angola, Paul Kagame w’u (…) -
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea n’uwa Mozambique ku munsi umwe
26 January 2024, by Dusingizimana RemyKu mugoroba wo kuwa kane Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea na Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique bakiriwe i Kigali mu Rwanda nk’uko bigaragara mu byatangajwe n’ibiro bya perezida w’u Rwanda.
-
Abanyarwanda 2 mu banyafurika bakiri bato bahesheje ishema umugabane wa Afurika mu mwaka wa 2019
2 October 2019, by Martin MunezeroAbanyarwanda babiri, Jean de Dieu Uwihanganye wamamaye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda nka MC Henri Jado na Usher Komugisha, bari ku rutonde rw’Abanyafurika bakiri bato bahesheje ishema umugabane muri uyu mwaka wa 2019, ‘100 Most Influential Young Africans.’
Umuryango.rw
Covid-19 yahitanye umuntu wa Kane mu Rwanda, yari umusaza w’imyaka 78
U Rwanda rwarashe indege ya RDC yongeye kuvogera ikirere cyarwo
Habayeho akagambane! Ndimbati yireguye imbere y’Urukiko
Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro zakoze igikorwa cyo kurwanya Malaria
Blinken yatangaje ko Amerika ishobora guhagarika gufasha Ukraine
Ngororero: Abantu 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zirukanye inyeshyamba mu birindiro bifatwa nk’icyicaro cyazo
Ibibazo by’umutekano muke muri RDC byahawe umurongo mu nama yo muri Ethiopia
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea n’uwa Mozambique ku munsi umwe