Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2023,nibwo habaye tombola y’imikino ya 1/4 na 1/2 ya UEFA Champions League aho ikipe ya Real Madrid izahura na Chelsea nkuko byagenze mu mwaka ushize mu gihe Manchester City izahura na Bayern Munich.
Nyuma y’imikino ya 1/16 yarangiye amakipe nka PSG asezerewe,ikipe ya Real Madrid ihabwa amahirwe menshi niyo yatomboye bwa mbere ifata Chelsea FC yo mu Bwongereza.
Iyi kipe yo muri Espagne niyo yatwaye igikombe gishize ndetse ni nayo ihabwa amahirwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
TOMBOLA y’Ibikombe bya UEFA: Real Madrid yongeye guca mu nzira ikomeye,Man United imenya abakeba [Yavuguruwe]
17 March 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Sassou Nguesso yasoje uruzinduko rw’iminsi 3 yari yaragiriye mu Rwanda
23 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Congo Brazzaville, Denis Sassou Nguesso yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda, rusize ibihugu byombi byaguye umubano.
Ni uruzinduko yatangiye kuwa Gatanu tariki 21 Gicurasi, ubwo yakirwaga ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kanombe na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.
Uruzinduko rwa Nguesso yarusoje kuri iki Cyumweru aho yaherekejwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali na Perezida Kagame, ndetse na bamwe mu bagize Guverinoma. Uruzinduko rwa (…) -
Ibyaranze umunsi wa mbere wa #PL: Newcastle na Manchester City zakangaranyije abakeba
13 August 2023, by Dusingizimana RemyMu mpera z’iki cyumweru nibwo hatangiye shampiyona ikundwa na benshi ya Premier League aho amakipe abiri ariyo yigaragaje cyane andi bikayagora.
-
RDC: Perezida Tshisekedi ari gutegura ’ingamba zikarishye’ ku mitwe y’inyeshyamba
30 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yaraye avuze ko arimo gutegura "ingamba zikarishye" ku mitwe y’inyeshyamba ikorera mu burasirazuba bw’igihugu, nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru AFP.
Ati: "Ndimo gutegura ibisubizo bitanga umusaruro witezwe mu kugabanya mu buryo bwa burundu aya makuba yo mu burasirazuba" bw’igihugu.
Perezida Tshisekedi yabivugiye mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa kane, ubwo yari yakiriye Perezida w’akanama k’Uburayi Charles Michel. (…) -
U Rwanda rwamaganye amagambo ya Tshisekedi warushinje gutuza Abanyarwanda muri RDC
14 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yamaganye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Antoine Tshisekedi ashinja u Rwanda gutuza Abanyarwanda muri RDC.
-
Leta y’ u Rwanda yafatiriye konti 29 n’ ibyangombwa by’ ubutaka by’abakekwaho kunyereza umutungo
6 April 2018, by Nsanzimana ErnestMu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, Leta y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufatira ibyangombwa by’ubutaka 234 na konti 29 by’abakekwaho kuwunyereza.
Byatangajwe n’umuyobozi w’ishami ry’ubukungu n’imari muri NPPA, Jean Marie Vianney Nyirurugo, ku wa 4 Mata 2018 ubwo Transparency Rwanda yamurikaga isesengura yakoze kuri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta ya 2015/2016 ku makosa yagiye akorwa n’inzego z’uturere ndetse n’Umujyi wa Kigali (…) -
Intumwa za AFC/M23 na Leta ya Kongo bageze i Doha muri Qatar mu biganiro by’Amahoro
9 July 2025, by Joseph IradukundaIntumwa za AFC/M23 na Leta ya Kongo bageze i Doha muri Qatar mu biganiro by’Amahoro.
-
Mozambike: RDF yabohoje abaturage barenga 600 bari bafashwe n’ibyihebe
4 August 2022, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa budasanzwe mu gihugu cya Mozambique, zatangaje ko zifatanyije n’ingabo z’icyo gihugu n’iz’umuryango wa SADC zabohoje abaturage 600 bari iminyago y’ibyihebe bigendera ku mahame akarishye ya Islam.
Nkuko bitangazwa n’urubuga rwa RDF,Kuva muri Mata uyu mwaka, Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambike naSADC bagabye ibitero byo gusenya ibirindiro by’ibi byihebe mu ishyamba rya Catupa, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’akarere ka Macomia, mu ntara ya (…) -
Ibyo wamenya kuri Colonel Randrianirina wakuye Rajoelina ku butegetsi
15 October 2025, by ISIMBI EstellaKuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari umusirikare uri kuvugwa cyane nyuma yo gutungura bagenzi be bakorera mu yindi mitwe y’ingabo, agatangaza ko we n’abo ayoboye bagiye gushyigikira abaturage bari mu myigaragambyo.
-
Perezida Kagame yasabye abayobozi kwirinda gukoresha ububasha bahabwa mu nyungu zabo bwite
28 February 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi Nyakubahwa perezida wa Repubulika yakiriye indahiro z’abayobozi bashya aherutse gushyira mu myanya itandukanye nkuko amategeko abimwemerera aho yabasabye kongera kuzirikana ijambo bavuga barahira ry’uko “batazakoresha ububasha bahabwa mu nyungu zabo bwite.”
Umuryango.rw
TOMBOLA y’Ibikombe bya UEFA: Real Madrid yongeye guca mu nzira ikomeye,Man United imenya abakeba [Yavuguruwe]
Perezida Sassou Nguesso yasoje uruzinduko rw’iminsi 3 yari yaragiriye mu Rwanda
Ibyaranze umunsi wa mbere wa #PL: Newcastle na Manchester City zakangaranyije abakeba
U Rwanda rwamaganye amagambo ya Tshisekedi warushinje gutuza Abanyarwanda muri RDC
Intumwa za AFC/M23 na Leta ya Kongo bageze i Doha muri Qatar mu biganiro by’Amahoro
Mozambike: RDF yabohoje abaturage barenga 600 bari bafashwe n’ibyihebe
Ibyo wamenya kuri Colonel Randrianirina wakuye Rajoelina ku butegetsi