uko shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare irimo kubera mu rw’imisozi igihugu. Ni ku nshuro ya mbere ibereye ku mugabane w’Afurika kuva yatangira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Uko Shampiyona y’Isi y’Umukino w’amagare irimo kugenda
21 September 2025, by ISIMBI Estella -
Me Antoinette Mukamusoni waburaniraga Kizito Mihigo yavuze ku rupfu rwe n’icyo bavuganye bwa nyuma
28 February 2020, by UbwanditsiMe Antoinette Mukamusoni wunganiraga Kizito Mihigo mbere y’uko apfa yahaye Umuryango ikiganiro kuri uyu wa kane taliki 27/2/2019 aho yadutangarije byinshi ku rupfu rwa Kizito Mihigo, amagambo bavuganye bwa nyuma ku cyumweru ndetse n’uko yari asanzwe amubona inshuro zose yamusuraga mu bijyanye n’akazi ko kumwunganira mu mategeko.
-
Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi Iburengerazuba mu gice cya kabiri cy’uku kwezi
11 April 2024, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 n’iya 20 Mata 2024, hateganyijwe ingano y’imvura iri hejuru gato y’ikigero cy’isanzwe igwa mu Burengerazuba bw’Igihugu mu gihe mu bice bisigaye hazagwa imvura isanzwe.
-
Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano mu Rwanda
7 January 2025, by Joseph IradukundaAbarwanyi batatu bari mu mutwe wa FDLR bakerakera mu mashyamba yo muri Congo, bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda.
-
Guverinoma yashyizeho amategeko mashya mu byerekeye gutwara abagenzi
1 December 2023Guverinoma yashoye miliyari 20 z’amafaranga y’u Rwanda mu gutwara abantu mu buryo bwa rusange nk’imwe mu ngamba zigenewe gukemura ikibazo cy’ibura rya bisi n’imirongo miremire yagaragaraga muri za gare zo mu Mujyi wa Kigali.
-
Minisitiri w’Intebe yasuye urugomero rwa Nyabarongo II ruzatanga Megawati 43.5
21 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasuye Umushinga w’urugomero rw’amashanyarazi wa Nyabarongo II urimo kubakwa ku mugezi wa Nyabarongo, hagati y’Akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo n’Akarere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru.
-
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko abajenerali benshi barimo na Kabarebe
30 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yemeje ikiruhuko cy’izabukuru ku basirikare barimo abo ku rwego rwo hejuru nka General James Kabarebe na General Fred Ibingira.
-
RIB yamaze gushyikiriza ubushinjacyaha Dosiye ya Musonera wari ugiye kuba Umudepite
27 August 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko dosiye ya Musonera Germain (Jerimani), wari igiye kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko , yamaze gushyikrizwa ubushinjacyaha.
-
Abadepite bo mu Nteko ya EAC barashaka kweguza Ntakirutimana ubayobora
13 November 2024, by Joseph IradukundaBamwe mu badepite bo mu Nteko Ishinga Amategeko y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba izwi nka EALA, batangiye gahunda igamije kweguza Perezida wabo, Joseph Ntakirutimana.
-
Gen Muhoozi ku ‘Kwibohora31’ yasingije ibikorwa bya Perezida Kagame n’Ingabo ze
4 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yifurije Abanyarwanda umunsi mwiza wo kwibohora, ashimangira ko urugamba Perezida Paul Kagame n’ingabo yari ayoboye batangije ari igikorwa cy’ubutwari Isi yose izahora yibuka.
Umuryango.rw
Uko Shampiyona y’Isi y’Umukino w’amagare irimo kugenda
Meteo Rwanda yateguje imvura nyinshi Iburengerazuba mu gice cya kabiri cy’uku kwezi
Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano mu Rwanda
Guverinoma yashyizeho amategeko mashya mu byerekeye gutwara abagenzi
Minisitiri w’Intebe yasuye urugomero rwa Nyabarongo II ruzatanga Megawati 43.5
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko abajenerali benshi barimo na Kabarebe
RIB yamaze gushyikiriza ubushinjacyaha Dosiye ya Musonera wari ugiye kuba Umudepite
Abadepite bo mu Nteko ya EAC barashaka kweguza Ntakirutimana ubayobora
Gen Muhoozi ku ‘Kwibohora31’ yasingije ibikorwa bya Perezida Kagame n’Ingabo ze