Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rya Nyarugenge umucamanza yategetse ko Col Tom Byabagamba azaburanishwa nk’umusivili n’urwo rukiko mu mizi kuko rubifitiye ububasha.
Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’aho Col Tom Byabagamba n’abamwunganira mu mategeko basabye ko ataburanishwa n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko kandi atashinjwa n’ubushinjacyaha bwo ku rwego rwisumbuye bwa Nyarugenge kuko izo nzego ari inzego za gisiviri kandi akaba yaravugaga ko ari umusilikali.
Tom (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyarugenge: Urikiko rwategetse ko Col Tom Byabagamba azaburanishwa nk’umusiviri
23 April 2021, by Ubwanditsi -
Ubushinjacyaha bwajuririye imikirize y’urubanza rwa Rusesabagina na bagenzi be 20
20 October 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bwajuririye imikirize y’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina n’abandi 20 bahamijwe ibyaha by’iterabwoba, rwasomwe tariki 20 Nzeri 2021.
-
Bemba yiyunze ku baherutse kwifatira ku gahanga Karidinali Ambongo uherutse mu Rwanda
5 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe wungirije, akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi wa RD Congo, Jean-Pierre Bemba, ntiyariye iminwa mu kuburira abantu bose barwanya byimazeyo ivugurura ry’itegeko nshinga ryifuzwa n’umukuru w’igihugu Felix Tshisekedi .
-
Minisiteri y’Uburezi yemereye amashuri yigenga abanza n’ay’incuke gukomeza kwigisha mu ndimi yari asanzwe akoresha
2 December 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’uburezi,Dr Eugene Mutimura, yemeye icyifuzo abayobozi b’amashuri yigenga bamugejejeho cyo kwemerera amashuri yigenga gukomeza kwigisha uko yari asanzwe yigisha adahinduye indimi.
-
Joe Biden yarahiye ku mugaragaro aba Perezida wa 46 wa US
20 January 2021, by Dusingizimana RemyJoe Biden amaze kurahirira kuba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe Kamala Harris na we yarahiriye kuba Visi Perezida. Abaye umugore wa mbere ugeze kuri uru rwego.
-
Makolo yabajije umunyamabanga wa UN igikurikira amagambo mabi ya Tshisekedi kuri Kagame
10 December 2023, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko amagambo ya Tshisekedi yibasira u Rwanda, yumvikana mu buryo bweruye, abaza Umunyamabanga wa Loni, igikwiriye gukorwa.
-
U Rwanda rugiye gutangiza Itorero ku bafungiwe ibyaha bya Jenoside
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubumwe n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko hari gahunda yo gutangiza Itorero rigenewe abafungiwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bari hafi gusoza ibihano ngo basubizwe mu muryango nyarwanda.
-
Nduhungirehe yatamaje Gérard Araud wabaye Ambasaderi w’u Bufaransa muri Loni
7 December 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungihe yatamaje Gérard Araud, wahoze ari Ambasaderi w’u Bufaransa muri Loni, washyigikiye imvugo zishinja u Rwanda kuba nyirabayazana w’ibibazo bya RDC, nyamara hirengagijwe ingingo zikomeye zirimo n’uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Uganda n’u Burundi barimo gutegura igitero gihuriweho ku Rwanda
28 December 2019, by Martin MunezeroAbantu benshi bizewe bo mu rwego rushinzwe umutekano mu gihugu muri Uganda (ISO), bahishuriye Virunga Post ko Uganda n’u Burundi barimo gutegura igitero gihuriweho ku Rwanda.
-
RDF Yafunze Umusirikare Wayo Wishe Abaturage
13 November 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Karambi haramukiye inkuru mbi y’umusirikare ufite ipeti rya Seargent witwa Minani Gervais waraye abaturage yicamo batanu.
Umuryango.rw
Ubushinjacyaha bwajuririye imikirize y’urubanza rwa Rusesabagina na bagenzi be 20
Bemba yiyunze ku baherutse kwifatira ku gahanga Karidinali Ambongo uherutse mu Rwanda
Makolo yabajije umunyamabanga wa UN igikurikira amagambo mabi ya Tshisekedi kuri Kagame
U Rwanda rugiye gutangiza Itorero ku bafungiwe ibyaha bya Jenoside
Nduhungirehe yatamaje Gérard Araud wabaye Ambasaderi w’u Bufaransa muri Loni
RDF Yafunze Umusirikare Wayo Wishe Abaturage