Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Kanama 2025, Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwakiriye Umunyarwanda François Gasana wiyise Franky Dusabe, woherejwe n’Igihugu cya Norvege kuza kuburanira mu Nkiko z’u Rwanda kubera ibyaha akekwaho bya Jenoside.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rwakiriye Francois Gasana ukekwaho Jenoside woherejwe na Norvege
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Messi yafashije Argentina kwegukana igikombe cy’isi 2022
18 December 2022, by Dusingizimana RemyUmunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yageze ku nzozi ze zo kwegukana igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda ubufaransa penaliti 4-2 nyuma yo kunganya ibitego 3-3 mu minota 120.
Muri uyu mukino wari ishyiraniro,Argentina yatsinze ibitego 2 mu gice cya mbere ariko Ubufaransa bubyishyura mu minota 12 ya nyuma y’umukino,amakipe yinjira mu minota y’inyongera,Argentina ibonamo igitego kiza kwishyura mu minota 2 ya nyuma n’Ubufaransa.
Uwavuga ko Argentina yayoboye igihe (…) -
Abakinnyi bakomeye bashyize hanze amafoto meza bari kumwe n’imiryango yabo mu kwizihiza Noheli [AMAFOTO]
25 December 2020, by Dusingizimana RemyBuri tariki ya 25 Ukuboza buri mwaka,abafite imyizerere ya gikirisitu ku isi yose bizihiza Noheli umunsi bivugwa ko ariwo Yesu yavutseho ariko benshi bawukoresha mu rwego rwo kwishimisha no guhura n’inshuti n’imiryango.
-
Umujyi wa Kigali wasubitse Car Free Day kubera Misa ya Kardinali Kambanda yo muri Kigali Arena
4 December 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali watangaje ko siporo rusange ya Car Free Day yagombaga kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Ukuboza 2020, yasubitswe bitewe n’indi gahunda iteganyijwe kuri uwo munsi.
-
Ntawe uzongera guhabwa cyangwa gufashwa hagendewe ku byiciro by’ubudehe-Minaloc
3 August 2023, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, MINALOC, yasabye inzego zitandukanye kutongera gutanga serivisi n’ubufasha ubwo ari bwo bwose hagendewe ku byiciro by’ubudehe bivuguruye kuko ibyo bitari mu mpamvu yatumye bishyirwaho.
-
Bizagenda gute Ubwongereza nibwishyuza u Rwanda amafaranga bwaruhaye yo kwitegura Abimukira?
11 July 2024, by EmmyGuverinoma y’u Rwanda ivuga ko nubwo nta tegeko risaba iki Gihugu gusubiza u Bwongereza amafaranga bwagihaye mu kwitegura abimukira batakije, ariko igihe iki Gihugu cy’i Burayi cyasaba ko hari amwe mu yo cyasubizwa, u Rwanda rwiteguye kuba babiganiraho.
-
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi mu nzego zinyuranye barimo n’uwa REMA mushya
11 May 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, yashyizeho abayobozi batandukanye, mu nzego zitandukanye nk’uko bigaragara mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’Intebe.
-
Perezida Kagame yavuze icyo yateguriye abuzukuru be mu minsi mikuru isoza umwaka
9 December 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko mu minsi mikuru isoza umwaka igiye kuza,azaba ari kumwe n’umuryango we ndetse bakishimisha.
-
Igisirikare cya Kongo cyasubije RDF yagishinje gutera u Rwanda
15 February 2023, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba DR Congo binjiye mu mwanya wo hagati y’umupaka w’ibihugu byombi wa Rusizi/Ruzizi bakarasa ku ruhande rw’u Rwanda.
Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo mu ntara ya Kivu y’epfo yabwiye BBC Gahuzamiryango ko uko kurasana ntakwabayeho.
Itangazo ry’igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko ibyo byabaye saa 4h30 z’igitondo ubwo ingabo za DR Congo zinjiraga mu mwanya wo hagati y’ibihugu byombi (…) -
Nduhungirehe yahishuye umugambi wa RDC wo kwambura Abanye-Congo b’Abatutsi ubwenegihugu
27 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bufite umugambi wo kwambura ubwenegihugu Abanye-Congo b’Abatutsi, bwitwaje ururimi.
Umuryango.rw
U Rwanda rwakiriye Francois Gasana ukekwaho Jenoside woherejwe na Norvege
Messi yafashije Argentina kwegukana igikombe cy’isi 2022
Ntawe uzongera guhabwa cyangwa gufashwa hagendewe ku byiciro by’ubudehe-Minaloc
Bizagenda gute Ubwongereza nibwishyuza u Rwanda amafaranga bwaruhaye yo kwitegura Abimukira?
Perezida Kagame yavuze icyo yateguriye abuzukuru be mu minsi mikuru isoza umwaka
Igisirikare cya Kongo cyasubije RDF yagishinje gutera u Rwanda
Nduhungirehe yahishuye umugambi wa RDC wo kwambura Abanye-Congo b’Abatutsi ubwenegihugu