Umuhanzi Bruce Melodie ukomeje kwagura umuziki we yagaragaje ibyishimo yatewe no kumva Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga izina rye atangaza ko biri mu bimutera imbaraga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Bruce Melodie yishimiye ko Perezida Kagame yamuvuze mu izina
7 February, by Angeline MUKANGENZI -
Pro-femmes Twese hamwe yatoye abayobozi bashya Kanakuze akomeza kuyiyobora by’ agateganyo
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-femmes Twese Hamwe yatoye abagize inama y’ ubutegetsi ariko uwari umuyobozi wayo Kanakuze Jeanne d’ Arc akomeza kuyiyobora by’ agateganyo kuko uwari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida yakuyemo kandidatire ye hasigaye igihe gito ngo aya matora abe.
Aya matora yabaye nyuma y’ inteko rusange y’ imiryango igize Profemmes Twese hamwe yabaye kuri uyu wa Kane tariki 28 Ukuboza 2017.
Abatowe ni Madamu Ruboneza Suzanne ku mwanya wa Visi Perezida wa mbere, Kayibanda (…) -
U Rwanda na Zimbabwebasinye amasezerano yo guhana abarimu[Yavuguruwe]
23 December 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ukuboza 2021, habaye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano hagati y’u Rwanda na Zimbabwe yo guhana abarimu.
Mu isinywa ry’aya masezerano Zimbabwe yari ihagarariwe na Minisitiri w’Abakozi ba Leta, Umurimo n’Imibereho Myiza, Prof Paul Mavima, mu gihe u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine.
Uyu muhango kandi witabiriye na Ambasaderi w’u Rwanda muri Zimbabwe, Musoni James ndetse na Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Prof. (…) -
Perezida KAGAME n’Umuryango we bifatanyije n’abanyarwanda mu gitaramo cy’umwaka mushya[AMAFOTO]
2 January 2020, by Martin MunezeroPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zitandukanye mu mugoroba wo gusoza umwaka wa 2019 no kwinjira mu wa 2020, wabereye muri Kigali Arena i Remera.
-
Umunyamakuru wa BBC Phocas Ndayizera akurikiranyweho iterabwoba
28 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamakuru Phocas Ndayizera babuze mu Cyumweru gishize kuri iki gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki 28 Ugushyingo yeretswe abanyamakuru, afunzwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ngo ari gukorwaho iperereza ku byaha by’iterabwoba akekwaho.
-
Huye: (Video) Abagororwa bagerageje gutoroka baricwa. Umva uko byagenze n’ikiri gukorwa
24 January 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 5 bari bafungiwe ubujura muri gereza ya Huye barashwe barimo kugerageza gutoroka.
-
Museveni ahamya ko Leta ya RDC ifite uruhare mu mutekano wazambye
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yahamije ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bufite uruhare mu mutekano wazambye mu gice cy’uburasirazuba.
-
Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ Abaturage yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Angola yahagaritse kuba umuhuza w’u Rwanda na RDC
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta ya Angola kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Werurwe, yatangaje ko yaretse inshingano yari imaze igihe ifite zo kuba umuhuza mu bibazo bimaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yasuye Umunyamabanga w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo[AMAFOTO]
18 May 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri i Paris aho yitabiriye imishinga n’ibiganiro bigaruka ku ikoranabuhanga, VivaTech, yasuye Umunyamabanga w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, Louise Mushikiwabo, mu biro bye.
Umuryango.rw
Bruce Melodie yishimiye ko Perezida Kagame yamuvuze mu izina
U Rwanda na Zimbabwebasinye amasezerano yo guhana abarimu[Yavuguruwe]
Museveni ahamya ko Leta ya RDC ifite uruhare mu mutekano wazambye
Angola yahagaritse kuba umuhuza w’u Rwanda na RDC