Abakinnyi 4 b’ikipe yitwa Palmas yo mu cyiciro cya 4 na perezida wayo baguye mu mpanuka y’indege bari bateze bagiye gukina umukino w’igikombe cy’igihugu wagombaga kuba kuri uyu wa Mbere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abakinnyi 4 n’umuyobozi w’ikipe y’umupira w’amaguru muri Brazil baguye mu mpanuka y’indege bagiye gukina
24 January 2021, by Dusingizimana Remy -
Basketball: Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda yasezerewe nabi kandi yakiriye imikino
4 July 2022, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu y’ u Rwanda mu mukino wa Basketball yasezerewe mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya Basketball kizabera muri Aziya mu mwaka wa 2023 nyuma yo gutsindwa na Tunisia, mu mukino wa nyuma w’ijonjora rya gatatu,wabereye muri BK Arena.
Ikipe y’ u Rwanda yasabwaga gutsinda Tunisia kuri iki Cyumweru igategereza ikiva mu mukino wa Cameroon na Sudan y’Epfo,yatsinzwe irushwa na Tunisia mu mukino bamwe mu bakinnyi igenderaho nka Kenneth Gasana bari ku rwego rwo hasi.
U (…) -
USA yasabye Leta Tshisekedi gufatira ibihano abapolisi bakubise abatavuga rumwe n’ubutegetsi
25 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROKu ya 23 Gicurasi 2023, Umunyamabanga wa Leta ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Antony Blinken yagiranye ikiganiro kuri telephone na Perezida Felix Tshisekedi amusaba gufatira ibihano bamwe mu ba Polise bagaragaye bagirira nabi abaturage n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri DRC.
Nyuma y’iki kiganiro ,Ibiro bikuru by’Ubunyamabanga bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bushinzwe ububanyi n’amahanga, bwatangaje ko mu by’ingenzi Antony Blinken yaganiye na Perezida Tshisekdi, (…) -
Imana ntikora nk’abantu!Ndimbati yihaye intego ikomeye mu buzima bwe
30 September 2022, by ISHIMWE JANENyuma y’amasaha macye Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati muri sinema avuye muri gereza yashimiye Imana idakora nk’abantu ndetse n’abamubaye hafi mu mezi agera muri atandatu yari amaze afunze.
-
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda
25 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kanama 2020,umugabo w’imyaka 61yahitanwe na Covid-19.Uyu mugabo yiyongereye ku bandi 14 baherutse guhitanwa n’iki cyorezo,bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 15.
-
Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bahanaguweho ibyaha
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane tariki 6 Ukuboza 2018, Urukiko Rukuru rwagize abere Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bagirwa.
-
Inama perezida Tshisekedi yari yatumiyemo bagenzi be bo muri aka karere yasubitswe
13 September 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabwiye Radio RFI ko inama y’Abakuru b’Ibihugu byo muri aka karere n’abandi bake yari yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi yasubitswe.
-
Perezida Kagame yakiriye Adesina usoje inshingano zo kuyobora BAD
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Dr. Akinwumi Adesina uri gusoza manda ye ku buyobozi bwa Banki Nyafurika y’Iterambere. Ari mu Rwanda yitabiriye inama ngarukamwaka ya 28 ikora ubusesenguzi ku bukungu bw’Isi.
-
RBC igiye gutangira gusuzuma COVID-19 abantu mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali
1 July 2020, by Dusingizimana RemyIkigo gishinzwe ubuzima,RBC,cyatangaje ko guhera ejo tariki ya 02 Nyakanga kizatangiza gahunda nshya yo gusuzuma COVID-19 ku bagenda mu mihanda imwe n’imwe yatoranyijwe mu Mujyi wa Kigali.
-
AS Muhanga yasubiye mu Cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka ine
7 May 2025, by Joseph IradukundaIkipe ya AS Muhanga yatsinze La Jeunesse ibitego 2-1 ibona itike yo kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere, nyuma y’imyaka ine isubiye mu Cyiciro cya Kabiri.
Umuryango.rw
Basketball: Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda yasezerewe nabi kandi yakiriye imikino
USA yasabye Leta Tshisekedi gufatira ibihano abapolisi bakubise abatavuga rumwe n’ubutegetsi
COVID-19 yahitanye Umunyarwanda w’imyaka 61 abandi 231 barayandura mu Rwanda
Inama perezida Tshisekedi yari yatumiyemo bagenzi be bo muri aka karere yasubitswe
Perezida Kagame yakiriye Adesina usoje inshingano zo kuyobora BAD
RBC igiye gutangira gusuzuma COVID-19 abantu mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali
AS Muhanga yasubiye mu Cyiciro cya Mbere nyuma y’imyaka ine