Kuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu kwa 3 n’ukwa 4 zimaze gusubikwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Inama mpuzamahanga 6 zari kwinjiriza u Rwanda akayabo k’amafaranga zimaze gusubikwa kubera Coronavirus
16 March 2020, by Martin Munezero -
U Rwanda rwakuyeyo amaso mu biganiro byo kuzahura umubano n’u Burundi
24 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ibiganiro byari byatangiye byo kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi byahagaze, nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kugira uruhare mu ntambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro AI muri Afurika mu mboni za Perezida Kagame
3 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yavuze ko hari ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro ubwenge bw’ubukorano (AI) ku Mugabane wa Afurika, birimo kubaka ibikorwaremezo birimo nka internet yihuta.
-
Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’igihugu n’irya EAC yururutswa mu kunamira Mkapa
25 July 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yategetse ko ibendera ry’u Rwanda n’iry’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yururutswa kugeza hagati mu gihe kingana n’iminsi itatu, mu rwego rwo kunamira uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Benjamin William Mkapa witabye Imana kuwa Kane.
-
Perezida Ruto yamennye ibanga ry’ibyo yaganiriye na Kagame ku mutekano wa RDC
25 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Kenya William Ruto yavuze ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC ikomeje gushinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23.
Mu kiganiro cyihariyeyagiranye na Al Jazeera, Perezida William Ruto nibwo yabigarutseho ndetse ashimangira ko ubwo yaganiraga na Perezida Kagame yamubwiye adaciye ku ruhande ko ntacyo u Rwanda ruhuriyeho n’umutwe wa M23.
Ibi William Ruto, yabihereye ku kibazo umunyamakuru yari amubajije, niba yarakurikiye ibirego RDC yakomeje gushinja u Rwanda, kuba rutera (…) -
Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha
28 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye guhurira na Perezida Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu cyumweru gitaha.
-
Gen. Mubarakh yasabye yabwiye APR ko atishimiye umubare w’ibitego itsinda
25 November 2024, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga wa APR FC, Gen. Mubarakh Muganga, yibukije abakinnyi b’iyi kipe ko bakwiye kongera umubare w’ibitego batsinda kugira ngo bazabashe kwegukana igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka.
-
Burundi:Gen. Maj. Ndayishimiye azatsinda amatora? Nayatsinda bizamera bite?
27 January 2020, by Martin MunezeroGeneral Major Everiste Ndayishimiye, ni undi mukandida umaze gutangazwa n’ishyaka rye ko azarihagararira mu matora yo mu kwezi kwa gatanu, yahise aza imbere mu bahabwa amahirwe.
-
Cucuri niwe uzakiranura Rayon na Kiyovu bamaze gukomeza ubukeba
1 November 2024, by Joseph IradukundaUmusifuzi mpuzamahanga, Ishimwe Jean Claude uzwi ku izina rya “Cucuri”, yahawe kuzayobora umukino w’abakeba, uzahuza Rayon Sports na Kiyovu Sports.
-
Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda gukorana na Red Tabara, yemeza ko nawe afasha FARDC
29 December 2023, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cy’u Burundi,Ndayishimiye Evariste yemeje ko Leta y’uburundi imaze imyaka ibiri ikora ibiganiro n’u Rwanda kugira ngo rubahe abo mu mutwe w’iterabwoba wa Red Tabara ariko ngo byananiranye.
Umuryango.rw
U Rwanda rwakuyeyo amaso mu biganiro byo kuzahura umubano n’u Burundi
Ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro AI muri Afurika mu mboni za Perezida Kagame
Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry’igihugu n’irya EAC yururutswa mu kunamira Mkapa
Perezida Ruto yamennye ibanga ry’ibyo yaganiriye na Kagame ku mutekano wa RDC
Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha
Gen. Mubarakh yasabye yabwiye APR ko atishimiye umubare w’ibitego itsinda
Cucuri niwe uzakiranura Rayon na Kiyovu bamaze gukomeza ubukeba
Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda gukorana na Red Tabara, yemeza ko nawe afasha FARDC