Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inkuru irimo kuvugwaho cyane ni iy’umugabo witwa Rex Kazadi Kanda wabaye mu ishyaka rya Perezida Felix Tshisekedi, UDPS ariko ubu akaba yiyunze na M23/AFC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umwe mu biyamamarije kuyobora Congo yiyunze na M23/AFC
31 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amafaranga Leta yishyurira umunyeshuri mu mahanga yakwishyurirwa abanyeshuri 20 mu Rwanda
18 October 2018, by Nsanzimana ErnestBanki y’ u Rwanda itsura amajyambere BRD yatangaje ko ikigereranyo cy’ amafaranga umunyeshuri w’ umunyarwanda ugiye kwiga mu mahanga yishyurirwa ari ibihumbi 20 by’ amadorali y’ Amerika ku mwaka.
-
APR FC yasezereye abakinnyi 16 bamwe basamirwa hejuru n’ikipe ya Rayon Sports [URUTONDE]
28 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC uyu munsi yakoze ibyo benshi batari biteze yirukana abakinnyi basaga 17 biganjemo amazina akomeye nka Migi,Amran,Kimenyi,Rugwiro,n’abandi nyuma yo kwitwara nabi mu mwaka w’imikino ushize bikababaza abayobozi.
-
Igitugu no guha abantu umurongo: Ibyo abantu bitiranya kuri Perezida Kagame mu mboni za Prof. Lumumba
24 June 2025, by ISIMBI EstellaInzobere mu mateka na politiki ya Afurika, Prof. Patrick Loch Otieno Lumumba, yagaragaje abantu bitiranya imiyoborere ya Perezida Paul Kagame n’igitugu nyamara iba igamije guha abantu umurongo muzima kugira ngo bajyane mu rugendo rwo guteza imbere igihugu, nta n’umwe usigaye inyuma.
-
Perezida Kagame yakiriye abarimo abajyanama ba Trump mu bijyanye n’imyemerere
7 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye Paula White-Cain, Umujyanama mu Biro by’Umukuru w’Igihugu wa Amerika ukora mu Ishami rishinzwe imyemerere, na Jenny Korn, umwe mu banyamabanga ba Trump akaba n’Umuyobozi mu Ishami ryo mu Biro by’Umukuru w’Igihugu rishinzwe imyemerere, White House Faith Office.
-
Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi
21 August 2024, by EmmyUmujyi wa Kigali wibukije abantu bose bafite cyangwa bashinzwe inyubako zihuriramo abantu benshi, zaba iz’abikorera cyangwa iza Leta ko ari ihame kugira ubukarabiro rusange bukora, kandi abazigana bakaba bagomba gukaraba intoki mbere yo kuzinjiramo, kandi igihe cyose.
-
"Hari gahunda ko inkingo za Covid-19 zatangira gukorerwa mu Rwanda"-MINISANTE
6 May 2021, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Tharcisse Mpunga Yatangarije RBA ko hari ibiganiro bishobora gutuma mu Rwanda hatangira gukorerwa inkingo za Covid-19.
-
Umuyobozi Wa M 23 avuze gahunda bafite ari ukuzaruhuka bafashe Kinshasa
30 January 2025, by Joseph IradukundaCorneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa.
-
Guhirika ubutegetsi byongeye kuvuza ubuhuha muri Afurika hari icyo bizamarira abaturage? UBUSESENGUZI
5 August 2023, by UbwanditsiCoup d’Etat zongeye kuvuza ubuhuha muri Afurika Abasilikare birukana Abasivili ku butegetsi babashinja kuba ibikoresho bya Mpatsibihugu! Ariko se, kwishimira ibi bikorwa si nko kuba inkende zakwishimira ko nyir’Umurima wazibuzaga kona yapfuye ariko umwaka utaha zikazinga ntawe uri kuzibuza kona ariko nanone aho zonaga hadahinze?
-
Ibirambuye ku mahame yasinywe n’u Rwanda na RDC ku bufatanye mu bukungu
4 August 2025, by ISIMBI EstellaU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyizeho amahame aganisha ku bufatanye mu iterambere ry’ubukungu, bibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuryango.rw
Umwe mu biyamamarije kuyobora Congo yiyunze na M23/AFC
Igitugu no guha abantu umurongo: Ibyo abantu bitiranya kuri Perezida Kagame mu mboni za Prof. Lumumba
Perezida Kagame yakiriye abarimo abajyanama ba Trump mu bijyanye n’imyemerere
Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi
"Hari gahunda ko inkingo za Covid-19 zatangira gukorerwa mu Rwanda"-MINISANTE
Umuyobozi Wa M 23 avuze gahunda bafite ari ukuzaruhuka bafashe Kinshasa
Guhirika ubutegetsi byongeye kuvuza ubuhuha muri Afurika hari icyo bizamarira abaturage? UBUSESENGUZI
Ibirambuye ku mahame yasinywe n’u Rwanda na RDC ku bufatanye mu bukungu