Abahitanwe n’umutingito waraye ubaye muri Maroc bakomeje kwiyongera aho kugeza ubu abantu 1,037 aribo bamaze kumenyakana ko bapfuye mu gihe abarenga 1,204 bakomeretse.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hamenyekanye amakuru y’abanyarwanda bari muri Maroc yashegeshwe n’umutingito
9 September 2023, by Dusingizimana Remy -
Kudashyikirana kwa Kongo na M23-intandaro kucyasibije ibiganiro by’i Luanda
15 December 2024, by Joseph IradukundaLeta y’u Rwanda yavuze ko ibiganiro byagombaga guhuza ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Felix Tshisekedi wa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse na Jao Lourenco wa Angola ku mutekano wa Kongo, byasibijwe n’ikibazo Kongo itaravana mu nzira.
-
Rutsiro: Umusaza wari umaze iminsi yarabuze yasanzwe mu mukoki yapfuye
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusaza witwa Ndikunkiko Angelique w’imyaka 65 wo mu Karere ka Rutsiro, wari umaze iminsi itanu yaraburiwe irengero, yasanzwe mu mukoki unyuramo amazi yarapfuye.
-
Museveni yakuriye inzira ku murima impunzi z’Abanyarwanda zishaka ubwenegihugu bwa Uganda
7 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Yoweri Museveni yashwishurije impunzi z’Abanyarwanda zishaka ubwenegihugu bwa Uganda, azimenyesha ko itegeko ririho ritabibemerera.
-
Bamwe mu banyarwanda bagaragaje igiciro bifuza ko agapfukamunwa kagura kugira ngo buri wese agatunge
21 April 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu banyarwanda baravuga ko igiciro cy’amafaranga 500 FRW ku gapfukamunwa ari menshi kubera ko ngo kuri bamwe ubuzima bumeze nabi kubera Guma mu rugo ariyo mpamvu bifuza ko nibura kagura hagati y’amafaranga 100 na 200.
-
Minisitiri Gatabazi JMV yavuze ibizagenderwaho kugira ngo utubari twemererwe gufungura
22 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri Gatabazi yatangaje ko hizwe uburyo bwinshi buzatuma abagiye mu tubari birinda,mu kiganirano yagiranye na RBA, kuri uyu mugoroba taliki ya 22 Nzeri 2021 .
Minisitiri Gatabazi yavuze ko kugira ngo utubari dufungurwe, byatewe n’intambwe imaze guterwa mu kwirinda ndetse no kuzirikana ba nyiratwo ndetse n’ubuzima bw’abo twahaga akazi.
Ati: “Mu byo twasuzumye mu nama y’Abaminisitiri byagaragaraga ko hari intambwe imaze guterwa mu bwirinzi ndetse no mu kubona inkingo ku banyarwanda (…) -
U Burundi bwahakanye kuba inyuma y’igitero cyagabwe i Bukavu
28 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAIgisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage mu Mujyi wa Bukavu, cyamagana icyo gikorwa, kivuga ko nta basirikare bacyo bari muri uwo Mujyi.
-
RDF yagize icyo itangaza nyuma y’urupfu rw’umusirikare wayo warasiwe muri Centrafrique
11 July 2023, by Rebecca UFITAMAHORONyuma y’urupfu rw’umusirikare w’u Rwanda wari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Centrafrique (Minusma) yishwe arashwe mu gitero cyagabwe n’abitwaje intwaro , Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda, bwatangaje ko bwababajwe cyane n’iyi nkuru y’incamugongo.
Ku mugoroba wo kuri uyu w ambere tariki ya 10 Nyakanga 2023, nibwo gitero cyagabwe n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro bakarasa umusirikare w’u Rwanda , ubwo yari ku burinzi na bagenzi be bari mu butumwa bw’amahoro, hafi y’agace ka Sam- (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera
4 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko kugeza ubu nta biganiro bihari bigamije kuzahura umubano hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, ndetse ashimangira ko icyo gihe kitaragera.
-
’Ntimugatinye ibitumbaraye’-Perezida Kagame avuga ku bigambye gutera u Rwanda
23 January 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yabwiye abanyarwanda ko badakwiriye guterwa ubwoba n’amagambo yavuzwe na Perezida Tshisekedi na mugenzi we Ndayishimiye kuko uwashaka kwambuka imipaka y’u Rwanda yakwishyura igiciro kiremereye.
Umuryango.rw
Hamenyekanye amakuru y’abanyarwanda bari muri Maroc yashegeshwe n’umutingito
Kudashyikirana kwa Kongo na M23-intandaro kucyasibije ibiganiro by’i Luanda
Rutsiro: Umusaza wari umaze iminsi yarabuze yasanzwe mu mukoki yapfuye
Museveni yakuriye inzira ku murima impunzi z’Abanyarwanda zishaka ubwenegihugu bwa Uganda
Bamwe mu banyarwanda bagaragaje igiciro bifuza ko agapfukamunwa kagura kugira ngo buri wese agatunge
Minisitiri Gatabazi JMV yavuze ibizagenderwaho kugira ngo utubari twemererwe gufungura
U Burundi bwahakanye kuba inyuma y’igitero cyagabwe i Bukavu
RDF yagize icyo itangaza nyuma y’urupfu rw’umusirikare wayo warasiwe muri Centrafrique
Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera
’Ntimugatinye ibitumbaraye’-Perezida Kagame avuga ku bigambye gutera u Rwanda