Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco wahoze ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe kwambura imbunda imitwe y’inyeshamba yitwaje intwaro muri Repubulika ya demokarasi ya Congo no gusubiza mu buzima busanzwe aba bahoze ari abarwanyi, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano za leta ya Congo akiva i Kampala.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
DRC: Abbé Bahala Okw’ibale Nyuma yo Kwirukanwa ku mirimo ye, Yatawe muri Yombi
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
U Rwanda ntirushaka ko Ubwongereza buba umuhuza warwo na Uganda-Minisitiri Nduhungirehe
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko u Rwanda rudashaka ko Ubwongereza bubafasha kwiyunga na Uganda ahubwo rushaka ko UK yotsa igitutu Uganda ikarekura Abanyarwanda bafungiwe mu magereza atazwi bazira ubusa ndetse igahagarika gutera inkunga imitwe y’inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Uburusiya bwaramutse bumena ibisasu mu mujyi wa Kyiv
25 February 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa gatanu, ku munsi wa kabiri w’intambara itaherukaga Iburayi mu myaka mirongo ishize, mu murwa mukuru Kyiv wa Ukraine hongeye kuraswa ibisasu bya misile by’ingabo z’Uburusiya.
Amakuru avuga ko uretse ibisasu byarashwe hari n’indege y’intambara y’Uburusiya yahanuwe hejuru ya Ukraine.
Ahandi mu bice by’igihugu, cyane mu burasirazuba hafi y’umujyi wa Kharkiv hari kubera imirwano ikomeye, mu majyaruguru no mu majyepfo hafi y’inyanja itukura ku mujyi wa Odesa naho hari kubera (…) -
U Burundi bwavuze impamvu bwihutiye gufunga umupaka n’u Rwanda kandi RDC yo itarahise ibikora
13 January 2024, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi,Albert SHINGIRO,yatangaje ko u Burundi bwigenga ndetse ko ntawe bureberaho mu gufata ibyemezo ariyo mpamvu bwahisemo gufunga imipaka n’u Rwanda nyamara RDC imaze igihe ishinja u Rwanda gukorana na M23 yo yaritonze.
-
Kuki harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame?
12 August 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelKurasa imiziga ni igikorwa cyo gutanga icyubahiro gikunze gukorwa n’igisirikare mu gihe cyakira umuntu runaka cyangwa mu birori bikomeye.
-
Nyaruguru: Abantu bitwaje imbunda bateye Nyabimata bica abantu, bakomeretsa Gitifu banatwika imodoka ye n’icumbi yabagamo
20 June 2018, by UbwanditsiImodoka ya Gitifu yahiye iba umuyonga
Muri iri joro ryakeye abantu bitwaje intwaro zirimo n’imbunda bateye mu Murenge wa Nyabimata akagali ka Nyabimata Umudugudu wa Rwerere mu Karere ka Nyaruguru bica abantu babili, bakomeretsa abantu benshi barimo na Gitifu w’uyu murenge Nsengiyumva Vincent barashe ku ijosi ariko by’amahirwe ntiyapfa.
-
Umubano w’u Rwanda n’u Burundi waganiriweho hagati y’Abayobozi mu nzego nkuru z’Ibihugu byombi
21 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Sena y’u Burundi, Hon. Sinzohagera Emmanuel yagiriye uruzinduko mu Rwanda, yakirwa na mugenzi we Perezida wa Sena, Dr François Xavier Kalinda banagirana ibiganiro ku ruhare rw’izi nzego bayobora mu gutsimbataza umubano w’Ibihugu byombi.
-
Umuyobozi wa Kicukiro yakuwe ku kazi nyuma yo kunengwa na Perezida Kagame
31 March 2023, by Dusingizimana RemyUmutesi Solange uherutse kubura ibisobanuro imbere y’Umukuru w’Igihugu yakuwe ku mwanya w’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Akarere ka Kicukiro asimbuzwa Antoine Mutsinzi.
Ibi byasohotse mu Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Werurwe 2023.
Imbere ya Perezida Kagame, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Kicukiro Umutesi Solange yariye indimi nyuma yo kubazwa impamvu batakosoye umwanda muri ako karere beretswe na Perezida Paul Kagame inshuro (…) -
“EU isabira Ingabire Victoire kurekurwa irasuzugura u Rwanda”
15 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, bamaganye byimazeyo umwanzuro w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu by’u Burayi (EU) isaba ko Ingabire Victoire Umuhoza arekurwa, bashimangira ko ari agasuzuguro ku Rwanda.
-
Ukraine yiyemeje kubaha bumwe mu busabe bw’Uburusiya bwakuye ingabo mu mujyi wa Chernobyl
28 March 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Volodymyr Zelensky yatangaje ko Ukraine yiteguye kuganira kuba yaba igihugu kidafite aho kibogamiye ariko ibyo bikemezwa n’amatora rusange.
Ingabo za Ukraine mu makuru zitangaza buri munsi, ubu zavuze ko zikomeje guhindukirana ingabo z’Uburusiya mu bice bitandukanye hafi ya Kyiv ndetse no mu bice bya Donetsk na Luhansk.
Amashuri arasubukura ’online’ kuwa mbere i Kyiv
Abanyeshuri bo mu murwa mukuru Kyiv baratangira amasomo none kuwa mbere - hakoreshejwe uburyo bw’iyakure. (…)
Umuryango.rw
DRC: Abbé Bahala Okw’ibale Nyuma yo Kwirukanwa ku mirimo ye, Yatawe muri Yombi
Uburusiya bwaramutse bumena ibisasu mu mujyi wa Kyiv
U Burundi bwavuze impamvu bwihutiye gufunga umupaka n’u Rwanda kandi RDC yo itarahise ibikora
Kuki harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame?
Umubano w’u Rwanda n’u Burundi waganiriweho hagati y’Abayobozi mu nzego nkuru z’Ibihugu byombi
Umuyobozi wa Kicukiro yakuwe ku kazi nyuma yo kunengwa na Perezida Kagame
“EU isabira Ingabire Victoire kurekurwa irasuzugura u Rwanda”
Ukraine yiyemeje kubaha bumwe mu busabe bw’Uburusiya bwakuye ingabo mu mujyi wa Chernobyl